Home Blog Page 1100

Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie)3/3

0
Kubufatanye n’urubuga rw’ivugabutumwa CASARHEMA, turabagezaho igice cya 3 arinacyo cyanyuma cy’ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA , umunya Cameroni  wakoresheje imbaraga zidasanzwe zizwi nka maji (Maggie) mugihe kigeze kumyaka 10, aho anatubwira uko yaje gukizwa ndetse nokuba umukozi w’Imana.

Ijoro rimwe, nagize inzozi zikomeye, ndota nyura ahantu habi ntangira kurigita, ngiye kurengerwa ndatabaza, mpita mbona umugabo munini cyane araza ankuramo aranyuhagira ampa n’imyenda myiza ndambara. Icyakora izi nzozi nazifashe nkizisanzwe, sinazitaho,nikomereza imirimo yanjye.




umunsi umwe ndi mumodoka shitani yanteje  impanuka ikomeye ashaka kunyica kuko ntumviye amabwiriza ye yose, ariko sinapfa. Najyanywe mubitaro mumujyi wa Duwara. Ubwo nari mucyumba ndyamye, nabonaga abadayimoni benshi banteye ariko nkabona imbaraga ntazi zibasubije inyuma.

Ijoro rimwe naje kubona abamarayika 2 b’Imana baje aho narindyamye, bamwirako baje kumbwira imbaraga z’Imana ziruta kure izashitani. Bambwiyeko Imana Inkunda kandi idashaka ko nicwa na shitani, banambwirako hari umugambi Imana Ifite wokuzakuraho shitani burundu.

Kuko nashakaga gukorana n’imbara zirenze izo narimfite, nababwiyeko nshaka kureba iyo mana inkunda. Bambwirako ngomba kubanza kwemera umwana wayoYesu nkumwami n’umukisa. Sinazuyaje narabyemeye ariko ngirango nzibonere imbaraga. Bantegetse kujya nsoma Bibiliya buri munsi bahita bigendera.




Bakigenda, wamuyobozi wanjye yahise yinjira, numva amagambo amvamo amubwirako nubwo ankunda ariko nshaka kumusezeraho ntagishaka gukorana nawe. Namubwiye uko Imana yansuye kandi ko nemeye Yesu. Nkivuga iryo zina , natangajwe nuko yahise aburirwa irengero yongera kugaragara muminota nk’itatu.

Naje gutaha ariko ntakize, mbitekerereza umukunzi wanjye, nawe aranshyigikira ambwirako yahoraga asengera ko natandukana na rusiferi. Nyuma y’iminsi ibili nsinziriye, nasuwe munzozi n’umugabo andangira  ahantu nzajya guca amababi y’ibiti mu  ishyamba akankiza.

Nazindutse jyayo, ngitangira kuyaca, umuntu yankoze kurutugu mpita nibona muyindi si nziza cyane itandukanye n’iya Rusiferi narimenyereye. Urumuri rwavaga kuri uwomuntu rwangezeho mpita numva amahoro aranyuzuye. Natambagijwe umugi wubatswe na zahabu. Nongeye kumva ijwi rimbwirako rinkunda kandi ko kuva uwo munsi mbaye umwana w’Imana.

Nahise mbona ecran, maze nerekwa urugamba rwose Imana yarwanye kuva nakora impanuka kugeza uwomunsi, abadayimoni bashaka kunyica. Iyi filime ikirangira, numvise imbaraga zisa nk’umuyaga zinsunika ubwo ntangira kuruka ibyo nariye byose kwa rusiferi.




Nyuma yoguhabwa amabwiriza mashya yokubaha Imana ndetse noguhabwa amasezerano menshi arimo n’isezerano rikuru ry’ubugingo, nabwiwe kujya guhamiriza abantu bose ibyo Imana Inkoreye no gusobanurira abakiri mububata bwa sekibi ndetse nkanabereka  uko babusohokamo. Yansezeranije kuzabana nanjye aho nzajya hose.

Kuva ubwo natangiye kujya numva indirimbo nziza mumatwi yanjye ntazi aho zituruka ndetse n’ibihimbano by’umwuka aho ndi hose. Nabonyeko ubwami bw’Imana aribwiza inshuro ibihumbi byinshi kurenza ibyiza wabona kuri iyi si.

Yesu yongeye kunkoraho arambwira, ati genda ukore ugushaka kwanjye. Ndanjye ndamubwira nti yego nyagasani. Nahise nibona iruhande rwa cya giti, muri m 300 uvuye kunzu yanjye. Ntagikomere naringifite habe n’inkovu.




Kuberako Imana yari yambujije gusubira munzu iyo ariyo yose, nahise mpura n’umukunzi wanjye warimo anshakisha aziko napfiriye mu ishyama. Namubwiyeko Yesu yankijije mubwira n’ibyambayeho byose. Twamaranye ukwezi kose munsi y’igiti cyari imbere y’iwacu mumvura itari yoroshye.

Mukwezi kwa 2 nyuma yuko Imana Inkijije, mumasamunani z’ijoro, marayika w’Imana yaransuye ambwirako noneho natangira kurara munzu. Mumasacyenda, twarabyutse turasenga, turaririmba tujya munzu.

Mumezi yakurikiyeho nashatse itorero njya gusengeramo ndetse ntangira no gutanga ubuhamya n’ubwo byangoye cyane kuko bandwanyaga ngo ndacyari umwana mugakiza!




Mumatorero yose Imana yanyemereye gutangamo ubuhamya, nagiye mbona mo abayobozi bamwe bigisha kandi bafite n’abadayimoni. Aba barangwa nokwigisha iby’ubukire, bakabwira abayoboke babo ko nibatanga amafaranga aribwo bazahabwa umugisha. Baba bagamije kwiyubakira amazu meza nokwigurira ama modoka ahenze.

Kuva natangira gutanga ubuhamya, nabonye abantu benshi babohoka bakira Yesu nk’umwami n’umukiza wabo.

Aha ngaha, ningombwa kwibukako rusiferi ashobora gukoresha abana bawe, uwo mwashakanye, abo musengana n’abandi kugirango abone uko akwinjirana. Birasaba rero kumurwanya wivuye inyuma, ugira umwete muri byose kandi witwaje intwaro zose z’Imana (Efeso 6, 10-18)




Sinasoza ntababwiye uko rusiferi yakomeje gushaka uko yanyica. Umunsi umwe ndimo ngenda, numvise imodoka inturutse inyuma, ingezeho irahagarara. Yansabye koninjiramo ikampa lifuti kuko yaramenye aho ngiye. Ngezemo, Imana yamfunguye amaso mbonako atari umuntu uyitwaye, ahubwo ari dayimoni watumwe kunyica.

Mbona marayika w’Imana araje yicara kukizuru cy’imodoka, numva ijwi rimbwirako ndagerayo amahoro. Nageze aho naringiye, ansezeraho nkora ibyari binjyanye. Rusiferi kandi yagerageje kujya yiba ubuhamya bwanjye, kuburyo buri munsi naburaga nibura impapuro 2 ariko ndashimira Imana ko yakomeje kunshyigikira bukaba bwarageze kuri benshi.

Izindi nkuru bijyanye wasoma

1. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie) 1/3

2. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie)2/3

3. Nari umukozi w’ umwamikazi w’amazi-Mama-Wata: Ubuhamya bwa Elsie Kweta

 




Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie).2/3

0

Kubufatanye n’urubuga rw’ivugabutumwa CASARHEMA, turabagezaho igice cya kabili cy’ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA , umunya Cameroni  wakoresheje imbaraga zidasanzwe zizwi nka maji (Maggie) mugihe kigeze kumyaka 10, aho anatubwira uko yihuriye na RUSIFERI (Shitani) ikuzimu bakanasinyana amasezerano atandukanye.

Dogiteri Martin akomeza agira ati << Kuva nagera aho narintuye, namaze amezi menshi mbona abantu bose nk’abambaye ubusa. Nabanaga n’abadayimoni nk’abavandimwe banjye, rimwe narimwe bakankoresha ibyo bishakiye  nko kubeshya ntabishaka n’ibindi. Bahoraga bansaba uburenganzira bwogutura mumibiri yabene wacu.

Kuva icyo gihe, uburyo bwokwihorera kubanyiciye ababyeyi bwari bumaze kuboneka. Nagombaga kwica abagabo 2 n’umugore umwe bose bomumuryango wanjye. Mbere yaho gatoya, najyaga ngerageza imbaraga zanjye, aho nashoboraga gutunga ikiganza cyanjye cy’imoso kubiti bigacikamo kabili. Ndibuka ko narebye umwana w’umupfumu akaguru ke kagacikamo uduce twinshi n’ibindi.




Mu ijoro rimwe, wamupfumu wanyigishije yambwiyeko ngomba kwihorera mpereye kubana 12 (babyara banjye), bakabanza gupfa bose. Icyakora narabyanze kuko abana ntaruhare bari baragize murupfu rw’ababyeyi banjye. Ahubwo yashakaga kubatangaho igitambo ngo yibonere amafaranga menshi. Byatumye ataha yandakariye cyane.

Nakomeje kandi kugirira ingendo mu isi y’umwijima buri mugoroba. Umunsi umwe, nageze mugice cyanyuma cy’ubwami bwa Sekibi. Nishimiye cyane guhurirayo na babanzi banjye. Nahise numva aricyo gihe cyiza cyogushyira iherezo kumushinga wanjye wokwihorera. Nahise mpamagara umudayimoni w’umugome cyane ngo amfashe kwica abanyiciye  ababyeyi, ariko mpita mbona wamupfumu w’iwacu arahageze, yongera kumbwirako niba nshaka kwihorera  muha babana 12 ba data wacu, bituma ntabasha kwihorera icyo gihe.

Nibutse ibihe byiza nagiranye n’abo bana nukuntu twakundanaga, mubwirako icyo nakwemera gusa ari ukubagira imfubyi ariko ko ntashobora kubica. Yahise ambwirako nanjye ngomba gupfa kuko nanga kumvira amabwiriza ye.




Igihe kimwe nasuye mubyara wanjye, nabonye ibaruwa insaba amafaranga yo kwigura ntayabona ngapfa. Nahise mfata icyemezo cyo kwiyahura ariko nkabanza kujya kwica abanyiciye ababyeyi. Mugihe nari nkiri mucyumba cyanjye maze kuvanga imiti yokwiyica, mubyara wanjye yaje kundeba arambuza, ambwirako amafaranga nasabwe arayambonera ndayatanga sinaba ngipfuye.

Naje kubona akazi mumugi wa Duwala (kameroni) maze nubaka amazu aho navukaga. Muri ayo mazu, naje gushyiramo ubutaka buroze arinabwo bwishe babantu 3 banyiciye ababyeyi. Mba mporeye ababyeyi banjye gutyo, ariko shitani atangira kujya anteza ibyago byinshi birimo ibihombo, ubukene n’ibindi kuko nanze gutanga ba babyara banjye ngo bapfe.




Igihe kimwe muri zangendo nagiririraga mu isi y’umwijima, naje kujya mubuhinde murusengero rwa Shitani, aho minisitiri w’intebe mubwami bwa shitani yambwiyeko bampisemo kunkoresha muri gahunda zabo zinyuranye  muri Afurika ariko by’umwihariko muri Kameroni.

Nasinyanye nabo amasezerano y’akazi kabo turangije bampa amaraso n’inyama by’abantu ndabirya. Nyuma y’ibirori byo gusinya ayo masezerano, nasobanuriwe byinshi kurusengero rwa Shitani. Yambwiye byinshi kurusengero rwitiriwe igihugu cy’ubudage rukaba ruri munsi y’isi.Yambwiye kandi kurundi rusengero ruri munyanja akaba arinarwo kicaro cya rusiferi.Yambwiye kandi kurundi rusengero rwo mugihugu cy’Ubuhinde ruyoborwa na minisitiri w’intebe mubwami bwa shitani.




Nagarutse murugo ntagikoza amaguru hasi cyangwa ngo ndye nubwo abambonaga babonaga ngenda bisanzwe. Naje kubwirwako tugomba kubaka urusengero rwa shitani muri afurika yo hagati ngo tubone uko dukomeza gukora neza imirimo yacu.

Banyeretse kandi umushinga bafite wogushyiraho umuryo bumwe bw’imisengere kuri bose, ndetse no kugabanya amafaranga akoreshwa kuburyo azasigaranwa gusa n’abakozi be. Bashakaga kandi guteza ibihugu ubukene kugirango bajye gushaka inkunga maze shitani ibone uko yigarurira ibihugu inyuze munguzanyo no munkunga.




Natumiwe kujya mungoro ya rusiferi munsi y’amazi, nsinyirayo andi masezerano yoguhagararira urusengero rwe  mugihugu cya kameroni. Nahise mpabwa imbeba ndayirya nongera kunywa andi maraso y’abantu nyuma yogusinya ayo masezerano.

Igihe kimwe ikuzimu amaraso n’imibiri by’abantu byarashize, shitani ihita iteza intambara hagati ya Irake na Koweti kugirango hanakoreshwe intwaro zikomeye hapfe benshi batihannye, hongere hanaboneke ayo maraso.

Mugihe twashakaga gutangira inyubako y’urusengero rwa shitani muri kameroni, nasabwe kohereza ikuzimu urutonde rw’abantu bose bazakora kuri iyi nyubako ndabyanga kuko bari kuzaba ibitambo bagapfa. Shitani yongeye kundeba nabi bituma antegeka gutangira kwirihira ibyo narinkeneye byose ngo mbeho.

Izindi nkuru bisa wasoma.

1. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie).1/3

2. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie)3/3

2. Aba Pasiteri 6 babi ugomba kwirinda: Inyigisho ya Pasiteri “Douglas KIONGEKA”

 




Sultan Kosen, umuntu muremure ku isi 2020

0

Ese waruzi umuntu ufite uburebure budasanzwe ku isi 2020?

Uyu mugabo Sultan Kosen ufite uburebure budasanzwe yavutse mu mwaka w’ 1982 taliki ya 10 ukuboza ahitwa Mardin ho mu majyepfo y’igihugu cya Turikiya (Turkey) mu muryango w’abahinzi.

Uyu Sultan kurubu niwe uyoboye urutonde rw’udushya ndetse n’imirimo y’indashyikirwa kwisi rumenyerewe nka Guiness world record.




Uyu mugabo w’imyaka 38 ufite uburebure bungana na metero 2.51m yatangarije ibinyamakuru bitandukanye ko ibintu bimugora mubuzima ari ibi bikurikira:

1. kugenda n’amaguru kuko ngo bimusaba kwitwaza inkoni kandi         akagenda yunamye bitewe nubu burebure bwe budasanzwe!

2. Gusuhuza abantu, nabyo ngo biramuvuna cyane kuko bimusaba kubanza kunama cyane.

3. Kubona imyenda n’inkweto bimukwira ngo nabyo biramugora cyane.




Nubwo uyumugabo aza kumwanya wambere muburebure, hari abandi batari bakeya bamugwa muntege nk’abitwa:

Brahim Takioullah ufite uburebure bwa m 2.46;

Umunyafurika Morteza Mehrzad nawe ufite m 2.46;

Dharmendra  Pratap singh ufite m 2.45;

Zhang  Juncai ufite m 2.41

N’abandi.




 

Umubu ku isonga ry’inyamaswa 6 zica abantu benshi ku isi

0

Abantu benshi bakunze gutekerezako inyamaswa nini arizo gusa zishobora gutwara ubuzima bw’abantu nyamara hakaba hari n’izindi ntoya ariko zikomeje guhitana benson  kandi rimwe narimwe byashobokaga kuzirindi.

Muri iyi nkuru, twakwegeranirije inyamaswa 6 murizo ukwiriye kugendera kure kurusha izindi.




  1. IMVUBU

Nubwo iyi nyamaswa ubusanzwe yibera mumazi nohafi yayo ndetse igatungwa n’ibyatsi, ariko byagaragayeko igira amahane cyane, abarenga 500 kumwaka bakaba bapfa bahitanywe nayo. Tubibutseko iyo ikuze ishobora kugeza kubiro  2,750 .

  1. INGONA

Iyi nyamaswa nayo isanzwe itunzwe noguhiga mumazi, iza kumwanya wa 5 munyamaswa zihitana abantu buri mwaka, kuko yambura ubuzima abagera ku 1000




4.ISAZI YA TSETSE

Aka gakoko kaguruka gasa nkaho gasuzuguritse nako kari mu nyamaswa zica abantu benshi kw’isi kuko iyo kamaze kukuruma ko kaguteza indwara nyinshi zirimo kuruka, ikibazo cyo mu bwonko gituma habaho gusinzira bidasanzwe n’izindi. Byagaragaye ko  yivugana abatari munsi y’ 10,000 mu gihe cy’umwaka cyane cyane abari muri Afurika  yomunsi y’ubutayu bwa Sahara.

3.IMBWA

Iyi nyamaswa kenshi ikunze kwibanira n’abantu ndetse bakayigira inshuti bidasanzwe, ariko nayo ubushakashatsi bwagaragaje ko ihitana abantu benshi cyane cyane iyo itakingiwe. Imbwa rero nayo yivugana abarenga 25 000 mu mwaka.




2.INZOKA

Iyi nyamaswa itinyitse cyane singombwa ngo ibe ari nini cyane kugirango yice abantu benshi, ahubwo  ubumara ifite buyishyira kuri uru rutonde kuko yo nibura abarenga 50,000 mu mwaka iba ibivuganye cyane cyane abegereye umurongo wa Equateri.

1.UMUBU

Ku mwanya wa mbere haza aka kanyamaswa gato cyane ariko kakivugana abatari bacye kabinyujije mu kubanduza indwara zitandukanye zirimo   maralia, Zika, n’izindi. Ubushakashatsi bwagaragaje ko nibura umubu uhitana abasaga 725,000 ku mwaka.




 

 

ESE WARUZI INYUBAKO 10 ZIHENZE KURUSHA IZINDI MURI AFRICA 2020?

0

ESE WARUZI INYUBAKO 10 ZIHENZE KURUSHA IZINDI MURI AFRICA 2020?

Benshi batekerezako umugabane w’Afuruka ntabikorwa remezo bikomeye bihari bakibwirako amazu, imihanda n’ibindi byiza biboneka kumigabane yindi. Nyamara irebere zimwe munyubako zihenze cyane kuri uyu mugabane wacu.

  1. 88 on fild- Miliyoni 40 z’amadolari ya Amerika 

Iyi nyubako ihenze cyane ifite metero 147 z’uburebure niyo  iza kumwanya wa 10 ikaba iherereye Durban, kwazulu-natal aho ni muri Afurika yepfo, yubatswe ahagana mu mwaka w’1985 ndetse bakaba barayise akazina ka (southern life building)




  1. Hilton Taba Resto & Nelson Village- Miliyoni 41 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako nayo ihenze cyane ikaba iherereye muri Taba ho mu gihugu cya Misiri mu majyepfo ya Sinayi, niyo iza kumwanya wa 9 dore ko ihagaze akayabo k’amadorali ya Amerika asaga miliyoni 41, iyi nyubako yeguriwe abanyamisiri ahagana mu mwaka w’1989.

  1. Maison des Deputes, Yamoussoukro- Miliyoni 50 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ikomeye cyane iherereye mu gihugu cya Ivory Coast niyo iza ku mwanya wa 8 dore ko ihagaze asaga Miliyoni  50 z’amadolari  ya Amerika, ndetse ikindi izwiho cyane nuko ikikijwe n’ubusitani budasanzwe ndetse bukunze no gukurura abakerarugendo.




  1. Hilton Durban-Miliyoni 61 z’amadolari ya Amerika

Hilton Durban nayo ni inyubako ikomeye cyane kandi ihenze, iherereye mu gihugu cya Afurika yepfo nayo ihagaze akayabo k’ amadolari ya Amerika asaga miliyonin 61.

  1. Michelangelo Towers- Miliyoni 64 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ikomeye cyane ndetse inakoreramo hotel ikomeye cyane iherereye muri Sandton muri Afurika yepfo niyo iza ku mwanya wa 6, iyi Hotel yakunze kwakira abantu bagiye bakomeye kw’isi nka Justin Bieber,…. Nayo ihagaze akayabo k’amadolari ya Amerika asaga Miliyoni 64




  1. The Pearls Of Umhlanga-  Miliyoni 138 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ikomeye cyane nayo iherereye mu mujyi wa Kwazulu-Natal aho ni muri Afurika yepfo ndetse ikaba ifite inyubako zisaga 31. Niyo iza ku mwanya wa 5 kuko nayo ihagaze akayabo k’amadolari y’Amerika asaga Miliyoni 138.

  1. Portside Tower- Miliyoni 138 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ya Portside ikomeye cyane ndetse ikaba n’iya mbere ndende mu mujyi wa Cape town ho muri Afurika yepfo, yatangijwe mu mwaka wa 2014, ubu niyo iri ku mwanya wa 4 mu nyubako zihagaze akayabo k’amadolari kuko ubu yo ihagaze asaga miliyoni 138 z’amadolari ya Amerika




  1. Corithian Hotel Tripoli- Miliyoni 152 z’amadolari ya Amerika

Iyi hotel y’inyenyeri 5 iherereye mu murwa mukuru wa Libya niyo iza ku mwanya wa 3, iyi nyubako yatangijwe mu mwaka wa 2003 ndetse nubu iracyari mu nyubako zihagazeho kuko ubu ihagaze asaga  Miliyoni 152 z’amadolari ya Amerika

  1. AU Conference Centre & Office Complex- Miliyoni 200 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ikomeye cyane ndetse inasurwa cyane iherereye mu mujyi wa Addis Ababa aho ni mu gihugu cya Ethiopia. Iyi nyubako ifite metero 99.9 z’uburebure ikaba yarubatswe n’abashinwa. Niyo iza ku mwanya wa 2 kuko nayo ihagaze asaga miliyoni 200 z’ amadolari ya Amerika.




1.Bibliotheca Alexandriana- Miliyoni 220 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ndetse ikaba n’inzu y’ibitabo (library) ikomeye cyane kurusha izindi ndetse ikaba icumbikiye amateka n’umuco by’igihugu cya Misiri ari naho iherereye, niyo iza ku mwanya wa 1 munyubako zihenze ku mugabane wa Afurika kuko ifite agaciro ka miliyoni zisaga 220  z’amadolari ya Amerika.




DORE UKO WAMENYA IZINA RY’UMUNTU UGUHAMAGAYE  MUGIHE UDAFITE NUMERO YE!!

0

DORE UKO WAMENYA IZINA RY’UMUNTU UGUHAMAGAYE  MUGIHE UDAFITE NUMERO YE!!

Iki ni ikibazo abantu benshi bakunze kwibaza  ndetse bakanahura nacyo  cyane cyane nkiyo wataye phone yawe cyangwa habayeho indi mpamvu ituma utakaza amazina na numero  z’abantu ufite kuri phone yawe.

Ni muri urwo rwego rero Amarebe.com twabateguriye uburyo bwiza bwizewe kandi bworoshye buri mpuzamahanga ushobora kwifashisha umenya izina ry’umuntu uguhamagaye aho yaba ari hose kw’isi  binyuze mu kuba warashyize porogaramu (application) muri telephone yawe gusa. Zimwe muri izo porogaramu ni izi zikurikira:




1.TrueCaller:

iyi application ikunzwe gukoreshwa n’abantu benshi  wayisanga kuri  playstore cyangwa kuri 9Apps, icyo usabwa gukora nukuyishyira muri phone yawe ibindi byose birikora wowe usabwa gushyiramo umwirondoro wawe gusa, ubundi uguhamagaye wese ukamumenya nta nkomyi.

  1. True ID Caller:

Nayo ni application wasanga kuri Playstore ndetse wanayisanga kuri 9Apps. icyo usabwa nukuyishyira muri telephone yawe maze ugashyiramo umwirondoro wawe ugatangira kumenya buri muntu wese uguhamagaye ndetse niyo yaba aguhamagaye ari ubwa mbere ntakabuza izina rye uhita uribona.




3.ShowCaller:

Iyi application nayo ikora nkizo zabanje hejuru gusa yo aho itandukanira nizindi nuko na nimero utazi ushobora kuzishyiramo ukamenya amazina zitiriwe ziguhamagara.

Icyitonderwa:  ubu buryo bwose bwavuzwe hejuru bukoreshwa kubantu bafite ama telephone agezweho azwi nka Smartphone (Android) ndetse ukanayikoresha aruko ufitemo ikorana buhanga rya internet (Bundles /MBs) gusa.

Ubaye udafite smartphone yawe wakoresha uburyo busanzwe ugasa nkuwoherereza umuntu amafaranga kuri mobile money noneho mbere yo kugera aho gushyira umubare wawe w’ibanga uhita ubona amazina ye yose.








 

Ingendo z’indege zaba zigiye gufungurwa?Ibibuga 72 Bishobora gutanga ibindi gufungura

0

Ninyuma y’iminsi itari mikeya ingendo z’indege zihagaritswe ku isi hose ndetse n’imipaka igafungwa bitewe n’icyorezo Covid 19. Nubwo gikomeje guhitana abantu hirya nohino ku isi, ibihuhu bitandukanye byamaze gushyiraho amataliki y’agateganyo yogusubizaho izi ngendo murwego rwo kuzahura ubukungu bwazahajwe n’ihagarara ryazo.




Nkuko byatangajwe n’ibinyakuru mpuzamahanga birimo  CNN, ATC news n’ibindi, ibihugu bitandukanye byo mumuryango w’ubumwe bw’i Burayi byatangajeko ku ikubitiro bizabanza kwemerera abakerarugendo bazashaka kubisura muri iyi mpeshyi ariko bakazahera kubazaturuka mubihugu bimwe nabimwe bemeranijweho ariko umubare w’ibyo bihugu ukazagenda wongerwa mubyumweru biri imbere.




Ibi binyamakuru kandi bikaba bitangazako amahoteli yokwakira abo bakerarugendo yamaze gutegurwa ndetse n’ibitaro bishobora kwakira uwo ariwe wese wagaragarwaho na Covid 19 mugihe arimo gutembera muri ibyo bihugu.




Dore urutonde rw’ibibuga mpuzamahanga n’amataliki y’agateganyo bishobora gufunguriraho:

1. Lebanon  : July 15, 2020
2. Bahrain  : June 10, 2020
3. Qatar :  June 10, 2020
4. Jordan  : July 15, 2020
5. Iraq  (Air Corridor):  August 1, 2020
6. Iran:   August 1
7. Egypt : August 1
8. Saudi Arabia:   August 1, 2020
9. Tunisia:   August 1
10. sweat Baghdad : first of August month
11. Japan : June 15, 2020
12. Northern Macedonia : June 15, 2020
13. Lithuania:  June 15, 2020
14. Hungary : June 15, 2020
15. Poland:  June 15, 2020
16. Romania:  June 15, 2020
17. Serbia : June 15, 2020
18. Netherlands : June 20, 2020
19. Kazakhstan : June 20, 2020
20. Albania : June 22, 2020




21. Bosnia and Herzegovina : June 22, 2020
22. Denmark : June 22, 2020
23. Estonia : June 22, 2020
24. Finland : June 22, 2020
25. South Korea : June 22, 2020
26. Ireland : June 22, 2020
27. Kyrgyzstan : June 22, 2020
28. Latvia : June 22, 2020
29. Norway : June 22, 2020
30. Slovakia : June 22, 2020
31. Australia : July 1, 2020
32. Belgium : July 1, 2020
33. Belarus : July 1, 2020
34. China  (Beijing only) : July 1, 2020
35. Sweden : July 1, 2020
36. Canada : July 1, 2020
37. Colombia  July 1, 2020
38. Kosovo : July 1, 2020
39. Malaysia : July 1, 2020
40. Moldova : July 1, 2020




41. Uzbekistan : July 1, 2020
42. Republic of Taiwan : July 1, 2020
43. Turkmenistan : July 1, 2020
44. Ukraine : July 1, 2020
45. Indonesia: July 10, 2020
46. India : July 10, 2020
47. Pakistan: July 10, 2020
48. Algeria : July 15, 2020
49. Morocco : July 15, 2020
50. Philippines : July 15, 2020
51. South Africa : July 15, 2020
52. Georgia (only for Georgia City):15, 2020
53. UK : July 15, 2020
55. Kuwait : July 15, 2020
56. Libya : July 15, 2020
57. Cyprus (Turkish side) June 1, 2020
58. Russia : July 15, 2020
59. Bulgaria : June 10, 2020
60. Brazil : August 1
61. Armenia : August 1, 2020
62. France : August 1
63. Greece : June 10, 2020
64. Germany : June 15, 2020
65. Spain : August 1




66. Italy : August 1
67. Austria : June 15, 2020
68. Azerbaijan : June 15, 2020
69. Czech Republic : June 15, 2020
70. USA : September 1, 20
71. Switzerland : June 15, 2020
72-UAE first flight to Beirut airport on 1 / 7

Imyanya irenga 30 y’akazi mukigo AMFA Rwanda Plc: Deadline: 10/06/ 2020

0

1. Loan Officers x12 :Deadline: June 10, 2020

CLICK FOR DETAILS & APPLY

2. Agency Heads X3 Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE FOR DETAILS & APPLY

3. Human Resource Officer: Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE FOR DETAILS & APPLY




4. Legal and Litigation Manager : Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE  FOR DETAILS & APPLY

5.Cashiers X12: Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE TO APPLY & APPLY

6. Network Supervisor / Animator : Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE FOR DETAILS & APPLY

7. In charge of General Means: Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE FOR DETAILS & APPLY




 

Industrial Mechanical and Welding Specialist at Remote Control:Deadline: 4:00 pm, on 17th June 2020

0

JOB ANNOUNCEMENT

Remote Group (www.remotegroup.com/www.remotepartners.com) owns an AAC factory where we are manufacturing Aerated Autoclaved Concrete blocks, used for construction purposes. It is a complicated production process including ball milling, mixing, cutting, and autoclaving. There are a lot of mechanical and hydraulic parts, pipelines and valves on the plant which needs daily maintenance.




The following position is available;

Job Title: Industrial Mechanical and Welding Specialist

Location: Rwamagana

Summary:

The role holder will be part of the mechanical maintenance team of the plant equipment.




Key Responsibilities

  • Slurry pump, Water pump, and Sludge servicing and fixing.
  • Heavy-duty Gearbox maintenance and monitoring.
  • Hydraulics circuits and valves servicing and fixing.
  • Pneumatics line and valves servicing.
  • Steam line valves servicing and fixing.
  • Pipeline welding work – Steam, water & air pipeline.

Key Requirements and Qualifications

  • Diploma or Technical school graduation.
  • Minimum of 5 years’ experience working in a similar profile.
  • An in-depth understanding of Industrial Maintenance activities.




How to Apply

If you would like to apply for the above role, please send your updated CV and Motivation Letter to jobs@remotegroup.com indicating in the subject bar the title of the role before 4:00 pm, on 17th June 2020.




Loan Officers x12 at Amifa Rwanda Plc: Deadline:Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, is a subsidiary of Moroccan AMIFA Holding created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maroc) is launching a recruitment notice for the staff of its branches.

DEVELOPMENT AGENTS (LOAN OFFICERS)

Number: 12
Reporting hierarchy: Head of agency
Missions

Prospecting and commercial follow-up;
Take charge of the micro credit process;
Process credit requests;
Monitor repayment and security of funds;
Participate in the collection of unpaid debts;
Participate in the loyalty process;
Support and educate customers;
Market savings and other microfinance products.




Qualifications:

Have at least a Bachelor’s degree in Economics, Accounting, Management, Finance;
At least 1 year of experience in a similar position in an MFI or in a Bank (Business relation Manager).




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

These documents are mainly ”

A cover letter A detailed curriculum Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time.

Done in Kigali, this May 25, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




Agency Heads at Amifa Rwanda Plc:Deadline:Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m.

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, is a subsidiary of Moroccan AMIFA Holding created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maroc) is launching a recruitment notice for the staff of its branches.




Heads of Agency Number: 3 Reporting hierarchy: Regional Supervisor Missions: Prospecting and commercial follow-up; Process credit requests; Ensure reimbursement and security of funds; Manage a client portfolio; Monitor and promote activities related to savings products and financial services; Supervise the staff of the Point of Sale; Represent AMIFA-RW with local authorities and partners; Establish an optimal administrative and security management system for the Point of Sale and control the reliability of the data; Ensure the profitability of the Point of Sale.




Skills Financial / accounting knowledge; Mastery of the credit / micro credit business; Ease in handling figures; Sense of service and listening; Commercial knowledge; Analytical skills ; Rigor; Good knowledge of office automation; Knowledge of the microfinance sector Qualifications: Have at least a Bachelor’s degree in Economics, Accounting, Management, Finance;

At least 3 years of experience in a similar position. Or 5 years of experience as a Loan officer.




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

These documents are mainly: A cover letter Detailed CV Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport.

The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time. Done in Kigali, May 25, 2020 KAYUMBA Charles H. DG AMIFA Rwanda Plc (sé)

Cashiers at Amifa Rwanda Plc Deadline:Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m.

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, is a subsidiary of Moroccan AMIFA Holding created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maroc) is launching a recruitment notice for the staff of its branches.




CASHIER

Number: 12
Reporting hierarchy: Head of agency
Missions
Support of counter operations;
Hold the body fog;
Collect payments from customers (all cash inflows);
Proceed to the disbursement of funds;
Stop the cash register daily in the presence of the branch manager.




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

These documents are mainly ”

A cover letter A detailed curriculum Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time.

Done in Kigali, May 25, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




 

Human Resource Officer at Amifa Rwanda Plc:Deadline:Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, the subsidiary of AMIFA Holding, a Moroccan Holding company created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maric) is launching a recruitment notice for the headquarters staff:

Human Resources Officer

Number: 1
Reporting hierarchy: Administrative and financial manager




Missions:

Implement the strategic guidelines in terms of human resources management as part of the overall strategy of AMIFA Rwanda Plc as approved by the management bodies.
Decline the directions in policy for managing human and social relations.
Define the priority objectives in terms of human capital management in line with the strategic vision of AMIFA.
Ensures proper application and compliance with operational and regulatory systems within AMIFA.
Oversee the budget development of the Human Resources Function and ensure validation iterations with management.
Monitor budget consumption for all entities in the HR function and ensure follow-up reporting to management and the Budget function.
Set up and monitor performance indicators for the HR function.
Ensure the control and coordination of actions within the framework of AMIFA’s transversal projects having an impact on the organization and management of human resources.
Analyze the impact of the changes undertaken by AMIFA and which could have an impact on the human resources management mode.
Identify the actions to be taken to support AMIFA change projects
Ensure the organization of social dialogue
Supervise the management of the teams under his responsibility;
Animate the team under his responsibility (cohesion, coordination, motivation).
Break down the strategy into missions and objectives for the entity.
Define the work organization (procedures, circulation of information, delegation systems, etc.) according to the objectives and skills required.
Define staffing and skills needs.
Business competence




Administrative staff management:

Ability to define and apply time management, compensation and payroll rules in compliance with the regulations in force.

HR development:

Ability to conceptualize HR tools for the development of action plans to reduce the gaps between human resources and job needs by a given deadline.

Remuneration and classification:

Ability to manage company compensation policies, systems and methods in order to motivate and retain AMIFA Rwanda Plc staff




Recruitment techniques:

Ability to manage the recruitment policy, in the best conditions of cost and deadlines, in order to attract adequate resources, using internal mobility or the external market.

Training management:

Ability to manage the training policy of AMIFA Rwanda Plc staff through training tools and procedures, in the best cost and quality conditions, in order to develop staff skills.

Qualifications:

Have at least a Bachelor’s degree in Management, Social Sciences. Specialization in Human Resources would be an asset.
At least 3 years experience in the Human Resources position.




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

A cover letter A detailed curriculum Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time.

Done in Kigali, May 31, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




Legal and Litigation Manager at Amifa Rwanda Plc: Deadline: Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, the subsidiary of AMIFA Holding, a Moroccan Holding company created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maric) is launching a recruitment notice for the headquarters staff:

LEGAL AND LITIGATION MANAGER

Number: 1
Hierarchical connection: Managing Director
Missions
Prevention and management of legal risk

Establish or validate the legal acts and standard forms of correspondence likely to engage the responsibility of AMIFA (letters, mandates, conventions, acts of standardized guarantees, current documents intended for the customers, contracts, amending endorsements, mail emanating from the auxiliaries of justice or clientele, standard models of bank certificates, etc.);




Contribute, in collaboration with the departments concerned, to the legal security of the property and securities portfolio (formalization of transactions, legal monitoring, keeping and updating of files, etc.);
Take charge of the liability files, files relating to embezzlement and litigation (qualification, filing of a complaint, follow-up vis-à-vis the lawyer, appeal, etc.) until the final decision is made;
ensures that the circulars projects comply with the laws and regulations in force.
Management of relations with external correspondents

Process, observing the legal conditions of admissibility and the required deadlines, requests relating to the right of communication, requisitions, garnishments and notices to third-party holders;
Support the external dissemination of accredited AMIFA signatures;
Represent AMIFA before legal authorities and service providers.
Assistance and advice Raise awareness of the legal implications of the institution’s activities and of the aspects of the law that could lead to the liability of AMIFA Rwanda Plc; Inform the entities of the subsidiary regarding the evolution of legal regulations and their impact; Issue a reasoned opinion on the legal consultations subject to its assessment; Assist the entities of the subsidiary (assembly of operations, critical analysis of the projected plans, drafting of contracts, monitoring of social life, …) Drafting of the Minutes of the Boards of Directors Ensure the drafting of the minutes of the boards of directors and ensure their distribution;




Qualifications:

Have a law degree. A specialization in Business Law would be an asset. At least 3 years of experience in a similar position.




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

A motivation letter addressed to the Director General of AMIFA Rwanda Plc A detailed and signed curriculum vitae Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport

The deadline for submitting applications is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time Done in Kigali, May 31, 2020 KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




 

Network Supervisor / Animator at Amifa Rwanda Plc: Deadline:June 10, 2020 at 5:00 p.m.

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, the subsidiary of AMIFA Holding, a Moroccan Holding company created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maric) is launching a recruitment notice for the headquarters staff:




NETWORK SUPERVISOR / ANIMATOR:

NUMBER: 1
Reporting hierarchy: Operations Manager
Missions:
Ensure the animation of the network:

Set the annual schedule of visits and supervise its implementation.
Monitor the management of agreements.
Monitor the achievement of the objectives allocated to the network.
Supervise the analysis and qualification of quantitative and qualitative achievements.
Supervise the examination of potential deviations observed.
Supervise, develop and even implement, if necessary, action plans.
Processing exemption requests:

Collect, qualify and process all of the exemption requests received by the department.
Ensure permanent reporting to the Operations Manager and ensure the exercise of all of their functions in accordance with the procedures in force.
Provide staff training for products and marketing procedures.
Manager, motivate the team under his management and ensure the achievement of the objectives allocated to the Function.




Qualifications:

Have at least an A0 degree in Business Management, Economics and Related Science.
At least 2 years of experience in a similar position or 5 years of experience as a branch manager.

How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

A motivation letter addressed to the Director General of AMIFA Rwanda Plc A detailed and signed curriculum vitae Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time

Done in Kigali, May 31, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




In charge of General Means at Amifa Rwanda Plc: Deadline: Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, the subsidiary of AMIFA Holding, a Moroccan Holding company created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maric) is launching a recruitment notice for the headquarters staff:

CHARGE OF GENERAL MEANS

Number: 1
Reporting hierarchy: Administrative and Financial Manager
Missions:

Management of supplies, purchases and markets:

Define an effective purchasing policy and ensure its implementation;
Ensure the development of the operating and investment budget;
Monitor achievements and budget and identify / analyze deviations from the objectives set;
Ensure that purchases and supplies are made in accordance with the standards and procedures in force;
Monitor stock management;
Propose steps to improve the procedures in force in terms of drawing up tenders and supplies;
Chair the tendering committee in accordance with the internal procedures in force.



Asset management and common services:

Ensure the availability, conservation and reliability of AMIFA’s hardware installations, furniture and real estate;
Ensure the smooth running of periodic physical inventories;
Ensure the proper functioning of common services;
Ensure security and general surveillance of the premises;
Oversee integration and deployment.
Monitor the project management of works related to new openings
Business competence:

Purchases:

Innovates in the field of purchasing, develops synergies within AMIFA Rwanda Plc
Stock managment:

Proposes an inventory management strategy allowing the optimization of prices and the management of the risk of stock shortage. Identify good conservation practices.
Logistics:

Knows how to choose and adjust an information system adapted to the activity of AMIFA Rwanda Plc. Master the negotiation,

Qualification

An A0 diploma in logistics, economics and management, accounting
At least 3 years of experience in a similar position




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

A motivation letter addressed to the Director General of AMIFA Rwanda Plc A detailed and signed curriculum vitae Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting applications is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time

Done in Kigali, May 31, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




ABA PEREZIDA 9 BAKIZE KURUSHA ABANDI MURI AFRICA 2020!!

0

Birashoboka ko ujya wibaza ibibazo byinshi ndetse bimwe ukabiburira ibisubizo. Imitungo y’abayobozi bakuru b’ibihungu nayo iza muri ibyo bibazo. Ngaho irebere  9 bambere nkuko bashyizwe kurutonde n’imiryango/ ibigo binyuranye bikurikiranira hafi iby’ubukungu.

9.IDRISS DEBY ($50 MILLION) CHAD

General idriss wavutse mu mwaka w’ 1952 mukwa 6, yayoboye igihugu cya Chad kuva mu mwaka w’1990 ndetse kugeza n’uyu munsi, uyu niwe uza ku mwanya wa 9 mugutunga akayabo  kama dollar y’amerika kuko afite asaga million 50.




8.ISAIAS AFWERKI ($100 Million) ERITREA

Isaias yavutse kuya 2 gashyantare mu mwaka w’1946, yabaye perezida wa Eritrea kuva mu mwaka w’1993 nyuma y’ubwigenge ndetse na magingo aya ntawe uramusimbura. Uyu niwe uza kumwanya wa 8 mubayobozi b’ibihugu batunze akayabo kuko nawe ubu afite asaga miliyoni 100

7.ABDEL FATTAH el-Sis ($185) Egypt

Nyakubahwa Abdel yavutse taliki ya 19 ukwakira mu mwaka w’1954, uyu ni perezida wa gatandatu mu bayoboye iki gihugu cya Misili, nawe akayabo kama dollar y’America yibitseho niko kamushyira ku mwanya wa 7 mubayobozi b’ibihugu barusha abandi ubukungu kuko atunze asaga miliyoni 185.




6.KING MSWATI III ($200 MILLION) Swaziland

Mswati III yavutse taliki ya 19 Mata 1968, uyu mwami ndetse unazwiho kugira abagore benshi cyane niwe uza ku mwanya wa 6 mukwibikaho akayabo k’amadolari y’Amerika mubayobozi b’ibihugu kuko ubu afite asaga  Miliyoni 200.

5. Cyril RAMAPHOSA ($450 Million) South Africa

Nyakubahwa Cyril yavutse taliki ya 17 ugushyingo 1952 ndetse akaba na perezida wa 5 w’iki gihugu niwe uza ku mwanya wa 5 mu bayobozi b’ibihugu bakize kurusha abandi kuko atunze asaga miliyoni 450 z’amadolari y’Amerika




4.Uhuru Kenyatta ($540 Million) Kenya

Nyakubahwa Uhuru Kenyatta wavutse taliki ya 26 z’ukwa ukwakira mu mwaka w’1961 ndetse akaba ariwe perezida wa 4 w’iki gihugu cya Kenya, nawe atunze akayabo k’amadolari y’Amerika asaga miliyoni 540 akaba ari nayo amushyira kuruyu mwanya wa 4

3.Teodoro Obiang Nguema Mbasogo ($600 Million) Equatorial Guinea

Nyakubahwa Teodoro Obiang yavutse taliki ya 5 z’ukwezi kwa Kamena mu mwaka w’1942 ndetse uyu mugabo kubera akayabo k’amadolari  y’Amerika asaga  Miliyoni 600 atunze niyo amushyira kuri uyu mwanya wa 3.




2.Ali Bongo Ondimba ($1billion) Gabon

Nyakubahwa Ali Bongo wavutse taliki ya 9 Gashyantare mu mwaka w’1959 nawe akayabo k’amadolari y’Amerika asaga milliyari 1 atunze niyo amushyira kuruyu mwanya wa2

1.King Mohammed VI ($5.8 billion) Morroco

Nyakubahwa Mohammed wavutse taliki ya 21 z’kwa 8 mu mwaka w’1963, uyu mwami yambitswe ikamba kuva 23/7/1999 kugeza magingo aya niwe muyobozi wa Morroco. Akayabo k’amadolari y’Amerika atunze niko kamuhesha kuba kumwanya wa mbere kuko atunze asaga Military 5.8.







Mechanics and Auto Electricians at YUMN Ltd and HQ Peat:Deadline:10 June 2020

0

The HQ PEAT Ltd is a project located at Mamba Sector in Gisagara District seeks to recruit qualified machine operators, auto electricians to support his peat mining activity project located in Mamba, Gisagara District/ Southern Province of Rwanda.




 ACADEMIC QUALIFICATION

A Diploma/Degree in agriculture machinery maintenance services

A Diploma/Degree in auto electricians for agriculture machinery maintenance services

ROLES AND RESPONSIBILITIES FOR MECHANICS AND AUTO_ELECTRICIANS

  • Provide standards quality services of machine preventive maintenance aiming to minimize machine breakdown
  • To do proper fault finding of machine problems
  • Link with chief mechanics to make sure that all spares are available in stocks
  • Plan regular service maintenance of machine to maximize their productivity
  • Ensure adherence to safe work practices and procedures.
  • Ensure compliance with safety rules and regulations
  • Assist peat land operating crews when required
  • Perform any other related duties as required.

REQUIREMENTS:

  1. Proven professional experience of at least 4- 10 years machine operation (EXACATOR, DOZER, Wheel loader), professional experience of CAT and agricultural machine/ peat mining shall be an added value
  2. Ability to read and understand high tech agricultural machines
  3. Analytical skills
  4. Attention to details
  5. Teamwork’s spirt
  6. English communication skills (Speaking, reading, and writing)
  7. Good health and strength (medical certificate of authorized Doctor should be submitted to the Employer for selected candidates)
  8. Basic education with at least 6 years of secondary school, certificate of technical schools, and University level shall be an added value.




Application procedures

Suitably qualified candidates are encouraged to send their applications including application letter addressed to the General Manager of HQ peat project, ID copy, Copy of machine driving license, copy of academic qualification record, copy of previous similar employment certificates to the following email addresses:

  1. gaspard.n@hqpower-rwanda.com
  2. d.olivier@hqpeat.com

Only electronic applications should be accepted on the above-mentioned email addresses.

The deadline of application is fixed on 10th June 2020 applications submitted after the above date and time should not be considered

Please note only shortlisted candidates will be contacted and will be required to undergo an interview and practicable test.

HQ PEATR is an equal opportunity employer and all qualified candidates are encouraged to apply.

The Management of HQ Peat




Machine Operators at YUMN Ltd and HQ Peat: Deadline: 10 June 2020

0

The HQ PEAT Ltd is a project located at Mamba Sector in Gisagara District seeks to recruit qualified machine operators, mechanic of heavy-duty machines (CAT or Agricultural tractor machines) to support his peat mining activity project located in Mamba, Gisagara District/ Southern Province of Rwanda.




  1. ACADEMIC QUALIFICATION:

  • A valid Rwandan Driver’s License.
  • Must have a code 10, heavy-duty vehicle license. Have a min of 4 years driving heavy-duty vehicles, trucks, or off-highway vehicles.

2.      ROLES AND RESPONSIBILITIES FOR MACHINE OPERATORS:

  • Carry out daily machine inspections and completing the checklists as required
  • Carrying out daily routine lubrication of all moving parts
  • Carrying out and cleaning machines
  • Repair, servicing a tractor (high tech tractor shall be added value)
  • Capable to detect/ready from the machine screen the malfunction of the machine
  • Monitor the machine operations procedures and ensure that the machine is always in use
  • Regular monitoring of fuel and fluid level and report for urgent required action
  • Always double checking the machine operations conditions are respected
  • Assist maintenance crews, when required
  • Able to work shifts
  • Hearing and vision to be good
  • Communicate with immediate supervisor on daily duties.
  • Perform any other related duties as required.




Aplication procedures

Suitably qualified candidates are encouraged to send their applications including application letter addressed to the General Manager of HQ peat project, ID copy, Copy of machine driving license, copy of academic qualification record, copy of previous similar employment certificates to the following email addresses:

  1. gaspard.n@hqpower-rwanda.com
  2. d.olivier@hqpeat.com

Only electronic applications should be accepted on the above-mentioned email addresses.

The deadline of application is fixed on 10th June 2020 applications submitted after the above date and time should not be considered

Please note only shortlisted candidates will be contacted and will be required to undergo an interview and practicable test.

HQ PEAT is an equal opportunity employer and all qualified candidates are encouraged to apply.

The Management of HQ Peat




Nari umukozi w’umwamikazi w’amazi (Mami wata): Ubuhamya bwa Elsie Kweta

0

Kubufatanye n’urubuga rw’ivugabutumwa CASARHEMA, muri iyi nkuru turabagezaho ubuhamya bw’umukozi w’Imana Elsie KWETA ukomoka mugihugu cya Bénin, wahoze ari umukozi w’umwamikazi w’amazi/Inyanja uzwi ku izina rya MAMI WATA, nyuma akaza guhinduka ubu akaba ari umukozi w’Imana.

Mami wata akaba ari umwuka mubi/ umudayimoni ufatwa nk’umwamikazi  w’amazi ndetse ugasengwa n’abatari bake bomuri Afurika y’iburengera zuba, iy’amajyepfo ndetse n’ibihugu bimwe byomuri Afurika yo hagati babicishije mumyizerere twageranya nk’idini yabo yitwa VODU/ VOODOO aho iyi myizerere ifitwe n’abagera kuri Miliyoni 50 ku isi hose




Elsie KWETA aratangira ubuhamya bwe agira ati <<Ubuhamya bwanjye butangira kera nkiri uruhinja. Ababyeyi banjye bambwiyeko nariraga bikabije amanywa n’ijoro kuburyo abaturanyi bacu batabashaga gusinzira. Ikindi gitangaje nuko bambwiyeko natangiye kugenda neza mfite amezi 6 gusa aho kuba nibura  9  nk’abandi bana.

Kweta yakomeje agira at << Nibuka ijoro rimwe ubwo narimfite imyaka 8, naraye ntasinziriye narimwe kuko najyaga gusinzira nkarota inzoka nyinshi zanyizingiyeho umubili wose, ubundi nkibona ndi munyanja abantu bampa impano nyinshi.

Nyuma yaho, nakomeje gukurana igikundiro cyinshi, kuburyo kumyaka 14 abagabo benshi bahoraga banyirukaho bikabije ndetse nibukamo n’umwarimu wanjye wahoraga ansaba ko dusohokana kugeza aho yampaga amanota mabi kugirango mbyemere.

Uko nagiye nkura, natangiye kujya mutubyiniro tw’ijoro, kunywa inzoga nogukora ibiteye isoni bitandukanye. Mbibutseko kandi abafite uyumwuka wa mami wata, batandukanye n’abapfumu n’abarozi barya imibiri y’abantu, kukobo bagizwe n’abavutse bakisanga muri izo mbaraga mbi babitewe n’ababyeyi babo arinako najye byangendekeye.




Yakomeje agira ati << sinarenga aha ntababwiye ko bankoreyeho imihango banyizeza ko ndimo gukurwaho izo mbaraga za MAMI WATA, nyamara nibwo narimo ngirana na we amasezerano  yo kuzamukorera .

Abantu bafite uyu mwuka mubi, bagirana imibonano mpuzabitsina nawe buri wakane cyangwa buri wagatanu bikaba bifite aho bihuriye nokurota usambana. Bitewe n’umudayimoni ukurimo, ushobora kubuzwa gushaka, kubyara, guhorana amakimbirane adafite impamvu murugo n’ibindi.

Njyewe rero icyandangaga kwari ugusohokana n’abagabo batandukanye , kunywa inzoga nyinshi ndetse n’itabi rikabije kuburyo naringeze kumapaki nibura 2 kumunsi.

Nari narahawe agakomo (chainette) nambaraga kukaguru k’ibumoso kuburyo abayoboke ba  mami wata bahitaga bamenya, twahura bakanyunamira bakandamya. Bazaga kunsaba ama parufe n’ amasabune bitera amahirwe, nkaba narabikoze mugihe kingana n’imyaka 10 kugeza kuri 15.

Ndagaruka cyane kubantu bafite uyumwuka mubi wa Mami wata, aho benshi batabasha gusobanukirwa niba ari ko baremye cyangwa niba ariwe ubakoresha, ugasanga bahora barwana, batongana mungo zabo, ugasanga umugore ahora ashaka gutegeka umugabo kandi akerekanako ahora mukuri.




Igihe kimwe YESU/YEZU yaje kunsanga ambwira guhagarika ibyo byose nabagamo. Narimvuye i Burayi ngiye gushaka ibindi bikoresho (amasabube, parufe,…) muri Bénin, nzaguhura n’abantu 3 bari basanzwe baziko nkorana n’umwamikazi w’amazi. Batangiye kumbwira ibya Yesu, bigeraho banshyira umu pasisteri wabo, mazenyuma yokumubwira gatoya  kumateka yanjye ahita ansengera.

Icyantangaje uwomunsi, nukuntu nabonye imbaraga zogupfukama kandi ubundi cyaraziraga ko napfukama imbere y’umuntu uwariwe wese. Nubwo narimpumirije, nabonye umucyo mwinshi barimo kunsengera, ngerageje gufungura amaso nsanga ibintu byose ari umweru ukabije nihutira kongera guhumiriza.

Nyuma yogusenga, nabajije uwo mupasiteri ikibaye maze araseka, ambwirako Imana izabinsobanurira vuba. Nyuma y’iminsi 2 gusa, umwe muri babantu 3 yongeye kunsaba ko twajyana gusura umudamu w’umupasiteri aho bagombaga kurara basenga.

Tugeze aho basengeraga naratangaye . Babaga baririmba, basenga cyane muzindi ndimi, abandi bitura hasi nkabona ari nk’abasazi cyangwa nkabakina komedi. Mugihe ngiseka ibyo nabonaga, nafashwe n’umushyitsi mwinshi ngeraho nikubita hasi. Baje kunterura banshyira kuruhande, hanyuma numva ikintu gufite imbaraga kimvuye kumutwe kimanuka umubiri wose gisohokera mubirenge. Nahise numva ijwi rimbwira ngo mukobwa wanjye haguruka.

Nari narigishijwe uko mvugana n’imyuka mibi, ariko nari ntarinjira murusengero narumwe. Sinarinzi ibiberamo. Kubera uko nari narakariye uwanjyanye murusengero kubera ibyarimo bimbaho, nashatse guhaguruka numujinya mwinshi ariko birananira. Narimeze nkumusinzi.Nakomeje kuryama hasi kugeza mugitondo.

Kuva muri icyo gitondo, nahise nakira Yesu/Yezu nk’umwami n’umukiza wanjye ndahinduka none ubu nsigaye ndi umukozi w’Imana.

Sinabura kuvuga kubitero binyuranye byahise bimpagurukira birimo indwara z’abana zidasobanutse, kwangwa n’imiryango n’ibindi ariko tugasenga bigakurwaho.

Nkaba rero ntasoza ubu buhamya ntabibukijeko umwuka wa mami wata ushobora gufata yaba umugore cyangwa umugabo. Nkaba mbagira inama yo kutavanga Imana n’ibigirwamana. Nubwo umwanzi adutera ariko tuzamutsinda kuko Imana Irikumwe natwe.Dukomeze dutegeke  turikumwe  na Yesu>>

Izindi nkuru bijyanye wasoma

1. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie).Igice cya mbere

2. Aba Pasiteri 6 babi ugomba kwirinda: Inyigisho ya Pasiteri “Douglas KIONGEKA”

 




ABAKINNYI 10 BAHEMBWA MENSHI KURUSHA ABANDI 2020

0

ABAKINNYI 10 BAHEMBWA MENSHI KURUSHA ABANDI 2020

Nkuko tubikesha ibinyamakuru bikomeye by’iburayi ndetse nibindi bivuga kuri football kw’isi nka (sportytell) n’bindi, twabakusanyirije abakinnyi 10 barusha abandi guhembwa neza.

10. Antoine Griezmann

Uyu mugabo uturuka mugihugu cy’ubufaransa ndetse kurubu akaba akinira ikipe ya Barcelona FC niwe uza kumwanya wa 10

  • Ayo ahembwa harimo na bonus  ni Miliyoni 23.3 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza ibganda now puma na  huawei ni Miliyoni 4.5 z’amadorari ya Amerika




9. Oscar dos Santos Emboaba Júnior

Uyu musore ukomoka mugihugu cya Brazil ndetse kurubu akaba akinira ikipe ya Shanghai SIPG yo mugihugu cy’ubushinwa niwe uza kumwanya wa 9

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 27 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza uruganda Adidas ni Miliyoni 2 z’amadorari ya Amerika.

8. Mesut Özil

Uyu mugabo ukomoka mugihugu cy’ubudage ndetse kurubu akaba akinira ikipe ya Arsenal niwe uza kumwanya wa 8

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 23 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Mercedes Benz, Adidas na Beats by Dre ni Miliyoni 6 z’amadorari ya Amerika.




7. Kylian Mbappé

Uyu musore ukomoka mugihugu cy’ubufaransa ndetse akaba akinira Paris saint-Germain niwe uza kumwanya wa 7

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 26.6 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Good Got, Hublot na Nike ni Miliyoni 4 z’amadorari ya Amerika.
6. Alexis Sánchez

Uyu mugabo ukomoka mugihugu cya Chili ndetse akaba akinira ikipe ya Manchester United niwe uza ku mwanya wa 6

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 23.8 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza uruganda rwa Nike ni Miliyoni 2.5 z’amadorari ya Amerika.




5. Andrés Iniesta

Uyu mugabo ukomoka mugihugu cya Spain ndetse ubu akaba akinira Vissel Kobe niwe uza kumwanya wa 5

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 30 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza uruganda nka Asics ni Miliyoni 2.5 z’amadorari ya Amerika.

4. Paul Pogba

Uyu mugabo ndetse akaba umwirabura rukumbi uri muri uru rutonde akaba akomoka mugihugu cy’ubufaransa akaba akinira Manchester United niwe uza ku mwanya wa 4

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 29 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Good Got, Hublot na Nike ni Miliyoni 4 z’amadorari ya Amerika.

 




 

3. Neymar Jr.
Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Brazil ndetse ubu akaba akinira ikipe ya Paris Saint-Germain niwe uza ku mwanya wa 3
  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 75 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka  MasterCard, Milan, Nike, Red Bull, Beats by Dre,na Nike ni Miliyoni 30 z’amadorari ya Amerika.
2. Cristiano Ronaldo

Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Portugal ndetse akaba akinira ikipe ya Juventus yo mu butaliyani niwe uza ku mwanya wa 2

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 65 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Electronic Arts, Nike, Alice, Herbalife, CR7 hotel,  Fragrance, footwear na clothing line ni Miliyoni 44 z’amadorari ya Amerika.
1.  Lionel Messi

Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Argentine ndetse akaba akinira ikipe ya Barcelona Fc niwe uza kumwanya wa1 ndetse ninawe uyoboye abandi mugutwara ibihembo by’umukinnyi uba waritwaye neza buri mwaka(ballon d’or)

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 92 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Gatorade, Pepsi, Nike, Lays, MasterCard, Ooredoo, Jacobs & co) ni Miliyoni 35 z’amadorari ya Amerika.




Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie).1/3

0

Usanga abantu benshi bishimira kuvuga Yesu gusa kandi koko nibyo niwe musingi wabyose, ariko ninangombwa kumenya neza imirimo y’umwanzi ngo haboneke uburyo bwiza bwo kumurwanya.

Kubufatanye n’urubuga rw’ivugabutumwa CASARHEMA, turabagezaho ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA, umunya Cameroni  wakoresheje imbaraga zidasanzwe zizwi nka maji (Maggie) mugihe kigeze kumyaka 10, anatubwira uko yihuriye na RUSIFERI (Shitani).




Ati << Bijya gutangira, nashakaga imbaraga zokumfasha kwihorera kuri data wacu wari waranyiciye ababyeyi akoresheje imbaraga z’abapfumu n’abarozi. Naje kumva ko hari umupfumu ukomeye warutuye mugihugu cy’ubufaransa, mwandikira musaba ko yamfasha kugera kumugambi wanjye.

Nyuma y’iminsi 6 gusa, yansubije anyemerera, anyoherereza urupapuro rumwe rw’ umuhondo ngo nshyireho amacandwe, ndetse n’igitonyanga cy’amaraso kurupapuro rutukura arinabyo byagombaga kunyinjiza mu isi y’umwijima, ndetse anansaba kugira icyumba kitagerwamo n’undi muntu.

Kuko bitashobokaga kubona icyo cyumba kwa mushiki wanjye wanderaga, nahisemo kwisubirira kumatongo yacu kuko hariyo amazu atagira uyabamo. Yanampaye imiti itandukanye yokujya nsiga kumaso ntangira kujya mbona ibintu bidasanzwe.




Umwe mubapfumu bari bakomeye mugace narintuyemo, yemeye kujya amfasha ndetse anantegurira urugendo rwambere rwo kujya ikuzimu. Umunsi wokugenda ugeze, yampaye agasaraba gakora maji (Magie) n’ amabwiriza yogufata inzira njyenyine nkajya ku irimbi satanu z’ijoro.

Nkigera ku irimbi, numvise ijwi rimbwira gushyira kagasaraba hasi maze hahuha umuyaga mwinshi uteye ubwoba, numva aho nkandahiye habaye ibyondo, ubutaka burakinguka ninjira munda y’isi nkikijwe n’urumuri rwinshi. Nabonye abadayimoni benshi baza bankikije mumashusho y’inyamaswa zikomeye nk’intare, Dragon,  inzoka nini n’ibindi.

Nahabonye umugore ampa rukuruzi izajya imfasha kwihindura icyo nshaka cyose ndetse anantembereza ibice bimwe by’ikuzimu birimo umwobo muremure cyane arinawo haniro ry’abadayimoni batashoboye kurangiza ubutumwa bahawe ku isi ndetse n’abahoze ari abakirisitu bagiye bakomeretsa abadayimoni kubera kuvuga izina rya Yesu bakaza kugwa bagapfa batarihana.




Mugihe narinkitegereza ibyo, umudayimoni wanyoboraga yansabye kuva hafi y’urwo rwobo kuko umuyobozi mukuru (Rusiferi) yari agiye kuza aho twari turi. Nigiye hirya ho gato ariko nyuma y’akandi kanya numva umuyaga mwinshi urampuha nibona nanone kuri rwarwobo mpagaze imbere ya RUSIFERO, ariko mbuzwa kumwitegereza ahubwo ntegekwa kubama imbere ye doreko kurebana nawe bitanashobokaga kubera amaso ye ameze nka ecrans/screens arinazo akoresha areba ku isi.

kubera ububasha afite bwokwihindura icyo ashatse, yanyiyeretse mu ishusho y’igiti kinini cyane ntabashaga kureba ngo ngiheza. Mu isi yumwijima nabonye hubatse nk’igisirikare, aho bubahana uturutse kumukuru ukageza kuworoheje. Abadayimoni baciye imbere ya RUSIFERI bamurahira ko bazakora neza imirimo bashinzwe.

Nahise mbona Rusiferi arambuye akaboko hejuru yawamwobo, umushongi waka umuriro uhita wuzura muri rwarwobo maze nkomeza kumva gutaka kwinshi kw’abari muri rwa rwobo.




Nyuma y’aha, nabonye ahakorerwa ibikoresho binyuranye birimo iby’imiziki ndetse mbona n’aba perezida 6 baje gutanga raporo y’imirimo bashinzwe irimo kurenganya abizera Imana mubihugu bayobora, kurwanya abandi baperezida bubaha Imana n’ibindi. Nabonye kandi abadayimoni bigize abapadiri n’abapasiteri kugirango bigishe ibinyoma maze bayobye abantu.

Nabonye kandi uko bashinga amashuli ya Bibiliya (Theologie) kugirango haboneke abigisha ijambo ryimana bayobowe n’ubwenge bwabo gusa. Nabobye kandi abayobozi b’ibigo byimari  bikomeye ku isi.

Nabonyeyo kandi ibigirwamanakazi bitandukanye birimo icyitwa umwamikazi wa Zaka/Mubuyapani kikaba n’icyegera cya Rusiferi, iki kikaba kigomba konsa umuntu wese ugeze mu isi yumwijima bwambere.

Nkimara kumwonka, numvise igituza cyanye cyenda guturika, mbona abadayimoni twarikumwe bahise banyubararira barandamya. Nahise mpabwa imbaraga zogusenya icyo nshatse cyose nkoresheje ikiganza cyanjye cy’ibumoso.

Nahise nemerwa gusubira aho narintuye ariko ntakiri wawundi kuko nari narahindutse bikabije.

Izindi nkuru bisa wasoma

 1. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie).2/3

2. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie)3/3

3. Nari umukozi w’ umwamikazi w’amazi-Mama-Wata: Ubuhamya bwa Elsie Kweta

 4. Aba Pasiteri 6 babi ugomba kwirinda: Inyigisho ya Pasiteri “Douglas KIONGEKA”




Call for Application for Professional Internship Program:Deadline: 5th June 2020 at 5:00 pm

0

Institution of Engineers Rwanda (IER)
The Institution of Engineers Rwanda(IER), started in 2008 as a learned society of engineering profession with an aim to promote and develop engineering services and best practice for the sustainable development of our country. This was in line with government’s commitment to promote science and technology for the national development while promoting the engineering profession leading to improved quality and efficiency of services.




19th May 2020

Call for Application for Professional Internship Program

The institution of Engineers Rwanda (IER) in partnership with UK Royal Academy through Africa Catalyst Project (ACP) offers professional internships for 60 Graduate Engineers every year.

In this regard, IER is calling for Graduate Engineers/Technologists from various engineering professions to apply for the 2020 Internship Cohort. IER shall work with relevant stakeholders to ensure successful candidates are placed on infrastructure projects across the Country. IER will as well provide subsistence allowances to interns during the entire 6-months period.

Eligibility

Eligible candidates shall full fill the following:

Having a Bachelor’s Degree or Advanced Diploma in Engineering field
Registered with IER on the rank of Graduate Engineer
Must be a Rwandan by Nationality
Having not benefited from similar program (ACP)
The application shall include the following documents:




Application letter address the Executive Secretary, Institution of Engineers Rwanda;
CV
Valid Registration Certificate for the year 2020 (Graduate Membership)
Photocopy of National ID
N.B: All copies MUST be submitted in one PDF document.

Interested and eligible candidates are encouraged to submit their application to the email: admissions@engineersrwanda.rw not late than 5th June 2020 at 5:00 pm.

 

Yours Faithfully

Steven SABITI

Executive Secretary

Institution of Engineers Rwanda




Imyanya 13 y’akazi muri RWANDA TRANSPORT DEVELOPMENT AGENCY: Deadline: 03 June 2020

0

1. Monitoring & Evaluation Specialist

Click for details and to apply

2. Environmental and Social Safeguards Officer (Under Contract)  X3

Click for details and to apply




3. Procurement Specialist ( Under Contract)

Click for details and to apply

4. Legal Specialist ( Under Contract)

Click for details and to Apply




5. Accountant (under Contract)

Click for details and to apply

6. Driver (under contract) X4

Click for details and to apply




7.Community Development Officer (Under Contract)

Click for details and to apply

8. GIS & Mapping Specialist ( Under Contract)

Click for details and to apply




AKAZI

3 Jobs of Mental Health Nurse at CHUK: Deadline: Aug 25, 2026

Job responsibilities Assess patients Assess patients' mental, physical and psychosocial conditions. Identify mental-health needs, risk factors and changes in patients' behaviour or condition. Monitor patients in both outpatient and inpatient settings. Provide mental-health nursing care...

3 Jobs of Cashier at CHUK: Deadline :Aug 25, 2026

Job responsibilities 1. Managing all the cash transactions in their place of work 2. Maintaining daily account of the daily transactions 3. Checking the daily cash balance 4. Interacting with the customers that come to...

ITANGAZWA RY`AMANOTA Y’IBIZAMINI BYA LETA BISOZA AMASHULI ( P6 &s3) 2025-2026

Zibicishije kumbuga zazo za  X, Minisiteri y`uburezi (MINEDUC) na NESA, zatangaje igihe amanota y’ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza (PLE) ndetse na S3 (O-Level)  umwaka w’amashuri wa 2024/2025 azatangarizwa Soma itangazo ryose:   Kanda hano urebe aho...

Business Development & Integration Manager at Vision Fund Rwanda | KIGALI:Deadline: 22-08-2026

Job Opportunity  Business Development & Integration Manager ‘’Make a difference to thousands in the land of a thousand hills’’ VisionFund Rwanda (VFR), is Rwanda’s largest microfinance Institution. VFR is committed to the development of Rwanda through providing affordable...

Database Administrator at Vision Fund Rwanda | Kigali :Deadline : 22-08-2026

Job Opportunity  Database Administrator ‘’Make a difference to thousands in the land of a thousand hills’’ VisionFund Rwanda (VFR), is Rwanda’s largest microfinance Institution. VFR is committed to the development of Rwanda through providing affordable financial services...