Home Blog Page 1075

ESE WARUZI INYUBAKO 10 ZIHENZE KURUSHA IZINDI MURI AFRICA 2020?

0

ESE WARUZI INYUBAKO 10 ZIHENZE KURUSHA IZINDI MURI AFRICA 2020?

Benshi batekerezako umugabane w’Afuruka ntabikorwa remezo bikomeye bihari bakibwirako amazu, imihanda n’ibindi byiza biboneka kumigabane yindi. Nyamara irebere zimwe munyubako zihenze cyane kuri uyu mugabane wacu.

  1. 88 on fild- Miliyoni 40 z’amadolari ya Amerika 

Iyi nyubako ihenze cyane ifite metero 147 z’uburebure niyo  iza kumwanya wa 10 ikaba iherereye Durban, kwazulu-natal aho ni muri Afurika yepfo, yubatswe ahagana mu mwaka w’1985 ndetse bakaba barayise akazina ka (southern life building)




  1. Hilton Taba Resto & Nelson Village- Miliyoni 41 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako nayo ihenze cyane ikaba iherereye muri Taba ho mu gihugu cya Misiri mu majyepfo ya Sinayi, niyo iza kumwanya wa 9 dore ko ihagaze akayabo k’amadorali ya Amerika asaga miliyoni 41, iyi nyubako yeguriwe abanyamisiri ahagana mu mwaka w’1989.

  1. Maison des Deputes, Yamoussoukro- Miliyoni 50 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ikomeye cyane iherereye mu gihugu cya Ivory Coast niyo iza ku mwanya wa 8 dore ko ihagaze asaga Miliyoni  50 z’amadolari  ya Amerika, ndetse ikindi izwiho cyane nuko ikikijwe n’ubusitani budasanzwe ndetse bukunze no gukurura abakerarugendo.




  1. Hilton Durban-Miliyoni 61 z’amadolari ya Amerika

Hilton Durban nayo ni inyubako ikomeye cyane kandi ihenze, iherereye mu gihugu cya Afurika yepfo nayo ihagaze akayabo k’ amadolari ya Amerika asaga miliyonin 61.

  1. Michelangelo Towers- Miliyoni 64 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ikomeye cyane ndetse inakoreramo hotel ikomeye cyane iherereye muri Sandton muri Afurika yepfo niyo iza ku mwanya wa 6, iyi Hotel yakunze kwakira abantu bagiye bakomeye kw’isi nka Justin Bieber,…. Nayo ihagaze akayabo k’amadolari ya Amerika asaga Miliyoni 64




  1. The Pearls Of Umhlanga-  Miliyoni 138 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ikomeye cyane nayo iherereye mu mujyi wa Kwazulu-Natal aho ni muri Afurika yepfo ndetse ikaba ifite inyubako zisaga 31. Niyo iza ku mwanya wa 5 kuko nayo ihagaze akayabo k’amadolari y’Amerika asaga Miliyoni 138.

  1. Portside Tower- Miliyoni 138 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ya Portside ikomeye cyane ndetse ikaba n’iya mbere ndende mu mujyi wa Cape town ho muri Afurika yepfo, yatangijwe mu mwaka wa 2014, ubu niyo iri ku mwanya wa 4 mu nyubako zihagaze akayabo k’amadolari kuko ubu yo ihagaze asaga miliyoni 138 z’amadolari ya Amerika




  1. Corithian Hotel Tripoli- Miliyoni 152 z’amadolari ya Amerika

Iyi hotel y’inyenyeri 5 iherereye mu murwa mukuru wa Libya niyo iza ku mwanya wa 3, iyi nyubako yatangijwe mu mwaka wa 2003 ndetse nubu iracyari mu nyubako zihagazeho kuko ubu ihagaze asaga  Miliyoni 152 z’amadolari ya Amerika

  1. AU Conference Centre & Office Complex- Miliyoni 200 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ikomeye cyane ndetse inasurwa cyane iherereye mu mujyi wa Addis Ababa aho ni mu gihugu cya Ethiopia. Iyi nyubako ifite metero 99.9 z’uburebure ikaba yarubatswe n’abashinwa. Niyo iza ku mwanya wa 2 kuko nayo ihagaze asaga miliyoni 200 z’ amadolari ya Amerika.




1.Bibliotheca Alexandriana- Miliyoni 220 z’amadolari ya Amerika

Iyi nyubako ndetse ikaba n’inzu y’ibitabo (library) ikomeye cyane kurusha izindi ndetse ikaba icumbikiye amateka n’umuco by’igihugu cya Misiri ari naho iherereye, niyo iza ku mwanya wa 1 munyubako zihenze ku mugabane wa Afurika kuko ifite agaciro ka miliyoni zisaga 220  z’amadolari ya Amerika.




DORE UKO WAMENYA IZINA RY’UMUNTU UGUHAMAGAYE  MUGIHE UDAFITE NUMERO YE!!

0

DORE UKO WAMENYA IZINA RY’UMUNTU UGUHAMAGAYE  MUGIHE UDAFITE NUMERO YE!!

Iki ni ikibazo abantu benshi bakunze kwibaza  ndetse bakanahura nacyo  cyane cyane nkiyo wataye phone yawe cyangwa habayeho indi mpamvu ituma utakaza amazina na numero  z’abantu ufite kuri phone yawe.

Ni muri urwo rwego rero Amarebe.com twabateguriye uburyo bwiza bwizewe kandi bworoshye buri mpuzamahanga ushobora kwifashisha umenya izina ry’umuntu uguhamagaye aho yaba ari hose kw’isi  binyuze mu kuba warashyize porogaramu (application) muri telephone yawe gusa. Zimwe muri izo porogaramu ni izi zikurikira:




1.TrueCaller:

iyi application ikunzwe gukoreshwa n’abantu benshi  wayisanga kuri  playstore cyangwa kuri 9Apps, icyo usabwa gukora nukuyishyira muri phone yawe ibindi byose birikora wowe usabwa gushyiramo umwirondoro wawe gusa, ubundi uguhamagaye wese ukamumenya nta nkomyi.

  1. True ID Caller:

Nayo ni application wasanga kuri Playstore ndetse wanayisanga kuri 9Apps. icyo usabwa nukuyishyira muri telephone yawe maze ugashyiramo umwirondoro wawe ugatangira kumenya buri muntu wese uguhamagaye ndetse niyo yaba aguhamagaye ari ubwa mbere ntakabuza izina rye uhita uribona.




3.ShowCaller:

Iyi application nayo ikora nkizo zabanje hejuru gusa yo aho itandukanira nizindi nuko na nimero utazi ushobora kuzishyiramo ukamenya amazina zitiriwe ziguhamagara.

Icyitonderwa:  ubu buryo bwose bwavuzwe hejuru bukoreshwa kubantu bafite ama telephone agezweho azwi nka Smartphone (Android) ndetse ukanayikoresha aruko ufitemo ikorana buhanga rya internet (Bundles /MBs) gusa.

Ubaye udafite smartphone yawe wakoresha uburyo busanzwe ugasa nkuwoherereza umuntu amafaranga kuri mobile money noneho mbere yo kugera aho gushyira umubare wawe w’ibanga uhita ubona amazina ye yose.








 

Ingendo z’indege zaba zigiye gufungurwa?Ibibuga 72 Bishobora gutanga ibindi gufungura

0

Ninyuma y’iminsi itari mikeya ingendo z’indege zihagaritswe ku isi hose ndetse n’imipaka igafungwa bitewe n’icyorezo Covid 19. Nubwo gikomeje guhitana abantu hirya nohino ku isi, ibihuhu bitandukanye byamaze gushyiraho amataliki y’agateganyo yogusubizaho izi ngendo murwego rwo kuzahura ubukungu bwazahajwe n’ihagarara ryazo.




Nkuko byatangajwe n’ibinyakuru mpuzamahanga birimo  CNN, ATC news n’ibindi, ibihugu bitandukanye byo mumuryango w’ubumwe bw’i Burayi byatangajeko ku ikubitiro bizabanza kwemerera abakerarugendo bazashaka kubisura muri iyi mpeshyi ariko bakazahera kubazaturuka mubihugu bimwe nabimwe bemeranijweho ariko umubare w’ibyo bihugu ukazagenda wongerwa mubyumweru biri imbere.




Ibi binyamakuru kandi bikaba bitangazako amahoteli yokwakira abo bakerarugendo yamaze gutegurwa ndetse n’ibitaro bishobora kwakira uwo ariwe wese wagaragarwaho na Covid 19 mugihe arimo gutembera muri ibyo bihugu.




Dore urutonde rw’ibibuga mpuzamahanga n’amataliki y’agateganyo bishobora gufunguriraho:

1. Lebanon  : July 15, 2020
2. Bahrain  : June 10, 2020
3. Qatar :  June 10, 2020
4. Jordan  : July 15, 2020
5. Iraq  (Air Corridor):  August 1, 2020
6. Iran:   August 1
7. Egypt : August 1
8. Saudi Arabia:   August 1, 2020
9. Tunisia:   August 1
10. sweat Baghdad : first of August month
11. Japan : June 15, 2020
12. Northern Macedonia : June 15, 2020
13. Lithuania:  June 15, 2020
14. Hungary : June 15, 2020
15. Poland:  June 15, 2020
16. Romania:  June 15, 2020
17. Serbia : June 15, 2020
18. Netherlands : June 20, 2020
19. Kazakhstan : June 20, 2020
20. Albania : June 22, 2020




21. Bosnia and Herzegovina : June 22, 2020
22. Denmark : June 22, 2020
23. Estonia : June 22, 2020
24. Finland : June 22, 2020
25. South Korea : June 22, 2020
26. Ireland : June 22, 2020
27. Kyrgyzstan : June 22, 2020
28. Latvia : June 22, 2020
29. Norway : June 22, 2020
30. Slovakia : June 22, 2020
31. Australia : July 1, 2020
32. Belgium : July 1, 2020
33. Belarus : July 1, 2020
34. China  (Beijing only) : July 1, 2020
35. Sweden : July 1, 2020
36. Canada : July 1, 2020
37. Colombia  July 1, 2020
38. Kosovo : July 1, 2020
39. Malaysia : July 1, 2020
40. Moldova : July 1, 2020




41. Uzbekistan : July 1, 2020
42. Republic of Taiwan : July 1, 2020
43. Turkmenistan : July 1, 2020
44. Ukraine : July 1, 2020
45. Indonesia: July 10, 2020
46. India : July 10, 2020
47. Pakistan: July 10, 2020
48. Algeria : July 15, 2020
49. Morocco : July 15, 2020
50. Philippines : July 15, 2020
51. South Africa : July 15, 2020
52. Georgia (only for Georgia City):15, 2020
53. UK : July 15, 2020
55. Kuwait : July 15, 2020
56. Libya : July 15, 2020
57. Cyprus (Turkish side) June 1, 2020
58. Russia : July 15, 2020
59. Bulgaria : June 10, 2020
60. Brazil : August 1
61. Armenia : August 1, 2020
62. France : August 1
63. Greece : June 10, 2020
64. Germany : June 15, 2020
65. Spain : August 1




66. Italy : August 1
67. Austria : June 15, 2020
68. Azerbaijan : June 15, 2020
69. Czech Republic : June 15, 2020
70. USA : September 1, 20
71. Switzerland : June 15, 2020
72-UAE first flight to Beirut airport on 1 / 7

Imyanya irenga 30 y’akazi mukigo AMFA Rwanda Plc: Deadline: 10/06/ 2020

0

1. Loan Officers x12 :Deadline: June 10, 2020

CLICK FOR DETAILS & APPLY

2. Agency Heads X3 Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE FOR DETAILS & APPLY

3. Human Resource Officer: Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE FOR DETAILS & APPLY




4. Legal and Litigation Manager : Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE  FOR DETAILS & APPLY

5.Cashiers X12: Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE TO APPLY & APPLY

6. Network Supervisor / Animator : Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE FOR DETAILS & APPLY

7. In charge of General Means: Deadline:June 10, 2020

CLICK HERE FOR DETAILS & APPLY




 

Industrial Mechanical and Welding Specialist at Remote Control:Deadline: 4:00 pm, on 17th June 2020

0

JOB ANNOUNCEMENT

Remote Group (www.remotegroup.com/www.remotepartners.com) owns an AAC factory where we are manufacturing Aerated Autoclaved Concrete blocks, used for construction purposes. It is a complicated production process including ball milling, mixing, cutting, and autoclaving. There are a lot of mechanical and hydraulic parts, pipelines and valves on the plant which needs daily maintenance.




The following position is available;

Job Title: Industrial Mechanical and Welding Specialist

Location: Rwamagana

Summary:

The role holder will be part of the mechanical maintenance team of the plant equipment.




Key Responsibilities

  • Slurry pump, Water pump, and Sludge servicing and fixing.
  • Heavy-duty Gearbox maintenance and monitoring.
  • Hydraulics circuits and valves servicing and fixing.
  • Pneumatics line and valves servicing.
  • Steam line valves servicing and fixing.
  • Pipeline welding work – Steam, water & air pipeline.

Key Requirements and Qualifications

  • Diploma or Technical school graduation.
  • Minimum of 5 years’ experience working in a similar profile.
  • An in-depth understanding of Industrial Maintenance activities.




How to Apply

If you would like to apply for the above role, please send your updated CV and Motivation Letter to jobs@remotegroup.com indicating in the subject bar the title of the role before 4:00 pm, on 17th June 2020.




Loan Officers x12 at Amifa Rwanda Plc: Deadline:Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, is a subsidiary of Moroccan AMIFA Holding created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maroc) is launching a recruitment notice for the staff of its branches.

DEVELOPMENT AGENTS (LOAN OFFICERS)

Number: 12
Reporting hierarchy: Head of agency
Missions

Prospecting and commercial follow-up;
Take charge of the micro credit process;
Process credit requests;
Monitor repayment and security of funds;
Participate in the collection of unpaid debts;
Participate in the loyalty process;
Support and educate customers;
Market savings and other microfinance products.




Qualifications:

Have at least a Bachelor’s degree in Economics, Accounting, Management, Finance;
At least 1 year of experience in a similar position in an MFI or in a Bank (Business relation Manager).




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

These documents are mainly ”

A cover letter A detailed curriculum Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time.

Done in Kigali, this May 25, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




Agency Heads at Amifa Rwanda Plc:Deadline:Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m.

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, is a subsidiary of Moroccan AMIFA Holding created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maroc) is launching a recruitment notice for the staff of its branches.




Heads of Agency Number: 3 Reporting hierarchy: Regional Supervisor Missions: Prospecting and commercial follow-up; Process credit requests; Ensure reimbursement and security of funds; Manage a client portfolio; Monitor and promote activities related to savings products and financial services; Supervise the staff of the Point of Sale; Represent AMIFA-RW with local authorities and partners; Establish an optimal administrative and security management system for the Point of Sale and control the reliability of the data; Ensure the profitability of the Point of Sale.




Skills Financial / accounting knowledge; Mastery of the credit / micro credit business; Ease in handling figures; Sense of service and listening; Commercial knowledge; Analytical skills ; Rigor; Good knowledge of office automation; Knowledge of the microfinance sector Qualifications: Have at least a Bachelor’s degree in Economics, Accounting, Management, Finance;

At least 3 years of experience in a similar position. Or 5 years of experience as a Loan officer.




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

These documents are mainly: A cover letter Detailed CV Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport.

The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time. Done in Kigali, May 25, 2020 KAYUMBA Charles H. DG AMIFA Rwanda Plc (sé)

Cashiers at Amifa Rwanda Plc Deadline:Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m.

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, is a subsidiary of Moroccan AMIFA Holding created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maroc) is launching a recruitment notice for the staff of its branches.




CASHIER

Number: 12
Reporting hierarchy: Head of agency
Missions
Support of counter operations;
Hold the body fog;
Collect payments from customers (all cash inflows);
Proceed to the disbursement of funds;
Stop the cash register daily in the presence of the branch manager.




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

These documents are mainly ”

A cover letter A detailed curriculum Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time.

Done in Kigali, May 25, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




 

Human Resource Officer at Amifa Rwanda Plc:Deadline:Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, the subsidiary of AMIFA Holding, a Moroccan Holding company created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maric) is launching a recruitment notice for the headquarters staff:

Human Resources Officer

Number: 1
Reporting hierarchy: Administrative and financial manager




Missions:

Implement the strategic guidelines in terms of human resources management as part of the overall strategy of AMIFA Rwanda Plc as approved by the management bodies.
Decline the directions in policy for managing human and social relations.
Define the priority objectives in terms of human capital management in line with the strategic vision of AMIFA.
Ensures proper application and compliance with operational and regulatory systems within AMIFA.
Oversee the budget development of the Human Resources Function and ensure validation iterations with management.
Monitor budget consumption for all entities in the HR function and ensure follow-up reporting to management and the Budget function.
Set up and monitor performance indicators for the HR function.
Ensure the control and coordination of actions within the framework of AMIFA’s transversal projects having an impact on the organization and management of human resources.
Analyze the impact of the changes undertaken by AMIFA and which could have an impact on the human resources management mode.
Identify the actions to be taken to support AMIFA change projects
Ensure the organization of social dialogue
Supervise the management of the teams under his responsibility;
Animate the team under his responsibility (cohesion, coordination, motivation).
Break down the strategy into missions and objectives for the entity.
Define the work organization (procedures, circulation of information, delegation systems, etc.) according to the objectives and skills required.
Define staffing and skills needs.
Business competence




Administrative staff management:

Ability to define and apply time management, compensation and payroll rules in compliance with the regulations in force.

HR development:

Ability to conceptualize HR tools for the development of action plans to reduce the gaps between human resources and job needs by a given deadline.

Remuneration and classification:

Ability to manage company compensation policies, systems and methods in order to motivate and retain AMIFA Rwanda Plc staff




Recruitment techniques:

Ability to manage the recruitment policy, in the best conditions of cost and deadlines, in order to attract adequate resources, using internal mobility or the external market.

Training management:

Ability to manage the training policy of AMIFA Rwanda Plc staff through training tools and procedures, in the best cost and quality conditions, in order to develop staff skills.

Qualifications:

Have at least a Bachelor’s degree in Management, Social Sciences. Specialization in Human Resources would be an asset.
At least 3 years experience in the Human Resources position.




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

A cover letter A detailed curriculum Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time.

Done in Kigali, May 31, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




Legal and Litigation Manager at Amifa Rwanda Plc: Deadline: Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, the subsidiary of AMIFA Holding, a Moroccan Holding company created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maric) is launching a recruitment notice for the headquarters staff:

LEGAL AND LITIGATION MANAGER

Number: 1
Hierarchical connection: Managing Director
Missions
Prevention and management of legal risk

Establish or validate the legal acts and standard forms of correspondence likely to engage the responsibility of AMIFA (letters, mandates, conventions, acts of standardized guarantees, current documents intended for the customers, contracts, amending endorsements, mail emanating from the auxiliaries of justice or clientele, standard models of bank certificates, etc.);




Contribute, in collaboration with the departments concerned, to the legal security of the property and securities portfolio (formalization of transactions, legal monitoring, keeping and updating of files, etc.);
Take charge of the liability files, files relating to embezzlement and litigation (qualification, filing of a complaint, follow-up vis-à-vis the lawyer, appeal, etc.) until the final decision is made;
ensures that the circulars projects comply with the laws and regulations in force.
Management of relations with external correspondents

Process, observing the legal conditions of admissibility and the required deadlines, requests relating to the right of communication, requisitions, garnishments and notices to third-party holders;
Support the external dissemination of accredited AMIFA signatures;
Represent AMIFA before legal authorities and service providers.
Assistance and advice Raise awareness of the legal implications of the institution’s activities and of the aspects of the law that could lead to the liability of AMIFA Rwanda Plc; Inform the entities of the subsidiary regarding the evolution of legal regulations and their impact; Issue a reasoned opinion on the legal consultations subject to its assessment; Assist the entities of the subsidiary (assembly of operations, critical analysis of the projected plans, drafting of contracts, monitoring of social life, …) Drafting of the Minutes of the Boards of Directors Ensure the drafting of the minutes of the boards of directors and ensure their distribution;




Qualifications:

Have a law degree. A specialization in Business Law would be an asset. At least 3 years of experience in a similar position.




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

A motivation letter addressed to the Director General of AMIFA Rwanda Plc A detailed and signed curriculum vitae Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport

The deadline for submitting applications is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time Done in Kigali, May 31, 2020 KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




 

Network Supervisor / Animator at Amifa Rwanda Plc: Deadline:June 10, 2020 at 5:00 p.m.

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, the subsidiary of AMIFA Holding, a Moroccan Holding company created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maric) is launching a recruitment notice for the headquarters staff:




NETWORK SUPERVISOR / ANIMATOR:

NUMBER: 1
Reporting hierarchy: Operations Manager
Missions:
Ensure the animation of the network:

Set the annual schedule of visits and supervise its implementation.
Monitor the management of agreements.
Monitor the achievement of the objectives allocated to the network.
Supervise the analysis and qualification of quantitative and qualitative achievements.
Supervise the examination of potential deviations observed.
Supervise, develop and even implement, if necessary, action plans.
Processing exemption requests:

Collect, qualify and process all of the exemption requests received by the department.
Ensure permanent reporting to the Operations Manager and ensure the exercise of all of their functions in accordance with the procedures in force.
Provide staff training for products and marketing procedures.
Manager, motivate the team under his management and ensure the achievement of the objectives allocated to the Function.




Qualifications:

Have at least an A0 degree in Business Management, Economics and Related Science.
At least 2 years of experience in a similar position or 5 years of experience as a branch manager.

How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

A motivation letter addressed to the Director General of AMIFA Rwanda Plc A detailed and signed curriculum vitae Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting files is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time

Done in Kigali, May 31, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




In charge of General Means at Amifa Rwanda Plc: Deadline: Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m

0

RECRUITMENT NOTICE

AMIFA RWANDA Plc, the subsidiary of AMIFA Holding, a Moroccan Holding company created by the BCP Group (Banque Centrale Populaire du Maric) is launching a recruitment notice for the headquarters staff:

CHARGE OF GENERAL MEANS

Number: 1
Reporting hierarchy: Administrative and Financial Manager
Missions:

Management of supplies, purchases and markets:

Define an effective purchasing policy and ensure its implementation;
Ensure the development of the operating and investment budget;
Monitor achievements and budget and identify / analyze deviations from the objectives set;
Ensure that purchases and supplies are made in accordance with the standards and procedures in force;
Monitor stock management;
Propose steps to improve the procedures in force in terms of drawing up tenders and supplies;
Chair the tendering committee in accordance with the internal procedures in force.



Asset management and common services:

Ensure the availability, conservation and reliability of AMIFA’s hardware installations, furniture and real estate;
Ensure the smooth running of periodic physical inventories;
Ensure the proper functioning of common services;
Ensure security and general surveillance of the premises;
Oversee integration and deployment.
Monitor the project management of works related to new openings
Business competence:

Purchases:

Innovates in the field of purchasing, develops synergies within AMIFA Rwanda Plc
Stock managment:

Proposes an inventory management strategy allowing the optimization of prices and the management of the risk of stock shortage. Identify good conservation practices.
Logistics:

Knows how to choose and adjust an information system adapted to the activity of AMIFA Rwanda Plc. Master the negotiation,

Qualification

An A0 diploma in logistics, economics and management, accounting
At least 3 years of experience in a similar position




How to apply

To apply, please attach your necessary documents to the email: info@amifa-rw.net

A motivation letter addressed to the Director General of AMIFA Rwanda Plc A detailed and signed curriculum vitae Diplomas and certificates of studies and training A copy of the identity card or passport The deadline for submitting applications is Tuesday, June 10, 2020 at 5:00 p.m. Kigali Time

Done in Kigali, May 31, 2020

KAYUMBA Charles H.

DG AMIFA Rwanda Plc (sé)




ABA PEREZIDA 9 BAKIZE KURUSHA ABANDI MURI AFRICA 2020!!

0

Birashoboka ko ujya wibaza ibibazo byinshi ndetse bimwe ukabiburira ibisubizo. Imitungo y’abayobozi bakuru b’ibihungu nayo iza muri ibyo bibazo. Ngaho irebere  9 bambere nkuko bashyizwe kurutonde n’imiryango/ ibigo binyuranye bikurikiranira hafi iby’ubukungu.

9.IDRISS DEBY ($50 MILLION) CHAD

General idriss wavutse mu mwaka w’ 1952 mukwa 6, yayoboye igihugu cya Chad kuva mu mwaka w’1990 ndetse kugeza n’uyu munsi, uyu niwe uza ku mwanya wa 9 mugutunga akayabo  kama dollar y’amerika kuko afite asaga million 50.




8.ISAIAS AFWERKI ($100 Million) ERITREA

Isaias yavutse kuya 2 gashyantare mu mwaka w’1946, yabaye perezida wa Eritrea kuva mu mwaka w’1993 nyuma y’ubwigenge ndetse na magingo aya ntawe uramusimbura. Uyu niwe uza kumwanya wa 8 mubayobozi b’ibihugu batunze akayabo kuko nawe ubu afite asaga miliyoni 100

7.ABDEL FATTAH el-Sis ($185) Egypt

Nyakubahwa Abdel yavutse taliki ya 19 ukwakira mu mwaka w’1954, uyu ni perezida wa gatandatu mu bayoboye iki gihugu cya Misili, nawe akayabo kama dollar y’America yibitseho niko kamushyira ku mwanya wa 7 mubayobozi b’ibihugu barusha abandi ubukungu kuko atunze asaga miliyoni 185.




6.KING MSWATI III ($200 MILLION) Swaziland

Mswati III yavutse taliki ya 19 Mata 1968, uyu mwami ndetse unazwiho kugira abagore benshi cyane niwe uza ku mwanya wa 6 mukwibikaho akayabo k’amadolari y’Amerika mubayobozi b’ibihugu kuko ubu afite asaga  Miliyoni 200.

5. Cyril RAMAPHOSA ($450 Million) South Africa

Nyakubahwa Cyril yavutse taliki ya 17 ugushyingo 1952 ndetse akaba na perezida wa 5 w’iki gihugu niwe uza ku mwanya wa 5 mu bayobozi b’ibihugu bakize kurusha abandi kuko atunze asaga miliyoni 450 z’amadolari y’Amerika




4.Uhuru Kenyatta ($540 Million) Kenya

Nyakubahwa Uhuru Kenyatta wavutse taliki ya 26 z’ukwa ukwakira mu mwaka w’1961 ndetse akaba ariwe perezida wa 4 w’iki gihugu cya Kenya, nawe atunze akayabo k’amadolari y’Amerika asaga miliyoni 540 akaba ari nayo amushyira kuruyu mwanya wa 4

3.Teodoro Obiang Nguema Mbasogo ($600 Million) Equatorial Guinea

Nyakubahwa Teodoro Obiang yavutse taliki ya 5 z’ukwezi kwa Kamena mu mwaka w’1942 ndetse uyu mugabo kubera akayabo k’amadolari  y’Amerika asaga  Miliyoni 600 atunze niyo amushyira kuri uyu mwanya wa 3.




2.Ali Bongo Ondimba ($1billion) Gabon

Nyakubahwa Ali Bongo wavutse taliki ya 9 Gashyantare mu mwaka w’1959 nawe akayabo k’amadolari y’Amerika asaga milliyari 1 atunze niyo amushyira kuruyu mwanya wa2

1.King Mohammed VI ($5.8 billion) Morroco

Nyakubahwa Mohammed wavutse taliki ya 21 z’kwa 8 mu mwaka w’1963, uyu mwami yambitswe ikamba kuva 23/7/1999 kugeza magingo aya niwe muyobozi wa Morroco. Akayabo k’amadolari y’Amerika atunze niko kamuhesha kuba kumwanya wa mbere kuko atunze asaga Military 5.8.







Mechanics and Auto Electricians at YUMN Ltd and HQ Peat:Deadline:10 June 2020

0

The HQ PEAT Ltd is a project located at Mamba Sector in Gisagara District seeks to recruit qualified machine operators, auto electricians to support his peat mining activity project located in Mamba, Gisagara District/ Southern Province of Rwanda.




 ACADEMIC QUALIFICATION

A Diploma/Degree in agriculture machinery maintenance services

A Diploma/Degree in auto electricians for agriculture machinery maintenance services

ROLES AND RESPONSIBILITIES FOR MECHANICS AND AUTO_ELECTRICIANS

  • Provide standards quality services of machine preventive maintenance aiming to minimize machine breakdown
  • To do proper fault finding of machine problems
  • Link with chief mechanics to make sure that all spares are available in stocks
  • Plan regular service maintenance of machine to maximize their productivity
  • Ensure adherence to safe work practices and procedures.
  • Ensure compliance with safety rules and regulations
  • Assist peat land operating crews when required
  • Perform any other related duties as required.

REQUIREMENTS:

  1. Proven professional experience of at least 4- 10 years machine operation (EXACATOR, DOZER, Wheel loader), professional experience of CAT and agricultural machine/ peat mining shall be an added value
  2. Ability to read and understand high tech agricultural machines
  3. Analytical skills
  4. Attention to details
  5. Teamwork’s spirt
  6. English communication skills (Speaking, reading, and writing)
  7. Good health and strength (medical certificate of authorized Doctor should be submitted to the Employer for selected candidates)
  8. Basic education with at least 6 years of secondary school, certificate of technical schools, and University level shall be an added value.




Application procedures

Suitably qualified candidates are encouraged to send their applications including application letter addressed to the General Manager of HQ peat project, ID copy, Copy of machine driving license, copy of academic qualification record, copy of previous similar employment certificates to the following email addresses:

  1. gaspard.n@hqpower-rwanda.com
  2. d.olivier@hqpeat.com

Only electronic applications should be accepted on the above-mentioned email addresses.

The deadline of application is fixed on 10th June 2020 applications submitted after the above date and time should not be considered

Please note only shortlisted candidates will be contacted and will be required to undergo an interview and practicable test.

HQ PEATR is an equal opportunity employer and all qualified candidates are encouraged to apply.

The Management of HQ Peat




Machine Operators at YUMN Ltd and HQ Peat: Deadline: 10 June 2020

0

The HQ PEAT Ltd is a project located at Mamba Sector in Gisagara District seeks to recruit qualified machine operators, mechanic of heavy-duty machines (CAT or Agricultural tractor machines) to support his peat mining activity project located in Mamba, Gisagara District/ Southern Province of Rwanda.




  1. ACADEMIC QUALIFICATION:

  • A valid Rwandan Driver’s License.
  • Must have a code 10, heavy-duty vehicle license. Have a min of 4 years driving heavy-duty vehicles, trucks, or off-highway vehicles.

2.      ROLES AND RESPONSIBILITIES FOR MACHINE OPERATORS:

  • Carry out daily machine inspections and completing the checklists as required
  • Carrying out daily routine lubrication of all moving parts
  • Carrying out and cleaning machines
  • Repair, servicing a tractor (high tech tractor shall be added value)
  • Capable to detect/ready from the machine screen the malfunction of the machine
  • Monitor the machine operations procedures and ensure that the machine is always in use
  • Regular monitoring of fuel and fluid level and report for urgent required action
  • Always double checking the machine operations conditions are respected
  • Assist maintenance crews, when required
  • Able to work shifts
  • Hearing and vision to be good
  • Communicate with immediate supervisor on daily duties.
  • Perform any other related duties as required.




Aplication procedures

Suitably qualified candidates are encouraged to send their applications including application letter addressed to the General Manager of HQ peat project, ID copy, Copy of machine driving license, copy of academic qualification record, copy of previous similar employment certificates to the following email addresses:

  1. gaspard.n@hqpower-rwanda.com
  2. d.olivier@hqpeat.com

Only electronic applications should be accepted on the above-mentioned email addresses.

The deadline of application is fixed on 10th June 2020 applications submitted after the above date and time should not be considered

Please note only shortlisted candidates will be contacted and will be required to undergo an interview and practicable test.

HQ PEAT is an equal opportunity employer and all qualified candidates are encouraged to apply.

The Management of HQ Peat




Nari umukozi w’umwamikazi w’amazi (Mami wata): Ubuhamya bwa Elsie Kweta

0

Kubufatanye n’urubuga rw’ivugabutumwa CASARHEMA, muri iyi nkuru turabagezaho ubuhamya bw’umukozi w’Imana Elsie KWETA ukomoka mugihugu cya Bénin, wahoze ari umukozi w’umwamikazi w’amazi/Inyanja uzwi ku izina rya MAMI WATA, nyuma akaza guhinduka ubu akaba ari umukozi w’Imana.

Mami wata akaba ari umwuka mubi/ umudayimoni ufatwa nk’umwamikazi  w’amazi ndetse ugasengwa n’abatari bake bomuri Afurika y’iburengera zuba, iy’amajyepfo ndetse n’ibihugu bimwe byomuri Afurika yo hagati babicishije mumyizerere twageranya nk’idini yabo yitwa VODU/ VOODOO aho iyi myizerere ifitwe n’abagera kuri Miliyoni 50 ku isi hose




Elsie KWETA aratangira ubuhamya bwe agira ati <<Ubuhamya bwanjye butangira kera nkiri uruhinja. Ababyeyi banjye bambwiyeko nariraga bikabije amanywa n’ijoro kuburyo abaturanyi bacu batabashaga gusinzira. Ikindi gitangaje nuko bambwiyeko natangiye kugenda neza mfite amezi 6 gusa aho kuba nibura  9  nk’abandi bana.

Kweta yakomeje agira at << Nibuka ijoro rimwe ubwo narimfite imyaka 8, naraye ntasinziriye narimwe kuko najyaga gusinzira nkarota inzoka nyinshi zanyizingiyeho umubili wose, ubundi nkibona ndi munyanja abantu bampa impano nyinshi.

Nyuma yaho, nakomeje gukurana igikundiro cyinshi, kuburyo kumyaka 14 abagabo benshi bahoraga banyirukaho bikabije ndetse nibukamo n’umwarimu wanjye wahoraga ansaba ko dusohokana kugeza aho yampaga amanota mabi kugirango mbyemere.

Uko nagiye nkura, natangiye kujya mutubyiniro tw’ijoro, kunywa inzoga nogukora ibiteye isoni bitandukanye. Mbibutseko kandi abafite uyumwuka wa mami wata, batandukanye n’abapfumu n’abarozi barya imibiri y’abantu, kukobo bagizwe n’abavutse bakisanga muri izo mbaraga mbi babitewe n’ababyeyi babo arinako najye byangendekeye.




Yakomeje agira ati << sinarenga aha ntababwiye ko bankoreyeho imihango banyizeza ko ndimo gukurwaho izo mbaraga za MAMI WATA, nyamara nibwo narimo ngirana na we amasezerano  yo kuzamukorera .

Abantu bafite uyu mwuka mubi, bagirana imibonano mpuzabitsina nawe buri wakane cyangwa buri wagatanu bikaba bifite aho bihuriye nokurota usambana. Bitewe n’umudayimoni ukurimo, ushobora kubuzwa gushaka, kubyara, guhorana amakimbirane adafite impamvu murugo n’ibindi.

Njyewe rero icyandangaga kwari ugusohokana n’abagabo batandukanye , kunywa inzoga nyinshi ndetse n’itabi rikabije kuburyo naringeze kumapaki nibura 2 kumunsi.

Nari narahawe agakomo (chainette) nambaraga kukaguru k’ibumoso kuburyo abayoboke ba  mami wata bahitaga bamenya, twahura bakanyunamira bakandamya. Bazaga kunsaba ama parufe n’ amasabune bitera amahirwe, nkaba narabikoze mugihe kingana n’imyaka 10 kugeza kuri 15.

Ndagaruka cyane kubantu bafite uyumwuka mubi wa Mami wata, aho benshi batabasha gusobanukirwa niba ari ko baremye cyangwa niba ariwe ubakoresha, ugasanga bahora barwana, batongana mungo zabo, ugasanga umugore ahora ashaka gutegeka umugabo kandi akerekanako ahora mukuri.




Igihe kimwe YESU/YEZU yaje kunsanga ambwira guhagarika ibyo byose nabagamo. Narimvuye i Burayi ngiye gushaka ibindi bikoresho (amasabube, parufe,…) muri Bénin, nzaguhura n’abantu 3 bari basanzwe baziko nkorana n’umwamikazi w’amazi. Batangiye kumbwira ibya Yesu, bigeraho banshyira umu pasisteri wabo, mazenyuma yokumubwira gatoya  kumateka yanjye ahita ansengera.

Icyantangaje uwomunsi, nukuntu nabonye imbaraga zogupfukama kandi ubundi cyaraziraga ko napfukama imbere y’umuntu uwariwe wese. Nubwo narimpumirije, nabonye umucyo mwinshi barimo kunsengera, ngerageje gufungura amaso nsanga ibintu byose ari umweru ukabije nihutira kongera guhumiriza.

Nyuma yogusenga, nabajije uwo mupasiteri ikibaye maze araseka, ambwirako Imana izabinsobanurira vuba. Nyuma y’iminsi 2 gusa, umwe muri babantu 3 yongeye kunsaba ko twajyana gusura umudamu w’umupasiteri aho bagombaga kurara basenga.

Tugeze aho basengeraga naratangaye . Babaga baririmba, basenga cyane muzindi ndimi, abandi bitura hasi nkabona ari nk’abasazi cyangwa nkabakina komedi. Mugihe ngiseka ibyo nabonaga, nafashwe n’umushyitsi mwinshi ngeraho nikubita hasi. Baje kunterura banshyira kuruhande, hanyuma numva ikintu gufite imbaraga kimvuye kumutwe kimanuka umubiri wose gisohokera mubirenge. Nahise numva ijwi rimbwira ngo mukobwa wanjye haguruka.

Nari narigishijwe uko mvugana n’imyuka mibi, ariko nari ntarinjira murusengero narumwe. Sinarinzi ibiberamo. Kubera uko nari narakariye uwanjyanye murusengero kubera ibyarimo bimbaho, nashatse guhaguruka numujinya mwinshi ariko birananira. Narimeze nkumusinzi.Nakomeje kuryama hasi kugeza mugitondo.

Kuva muri icyo gitondo, nahise nakira Yesu/Yezu nk’umwami n’umukiza wanjye ndahinduka none ubu nsigaye ndi umukozi w’Imana.

Sinabura kuvuga kubitero binyuranye byahise bimpagurukira birimo indwara z’abana zidasobanutse, kwangwa n’imiryango n’ibindi ariko tugasenga bigakurwaho.

Nkaba rero ntasoza ubu buhamya ntabibukijeko umwuka wa mami wata ushobora gufata yaba umugore cyangwa umugabo. Nkaba mbagira inama yo kutavanga Imana n’ibigirwamana. Nubwo umwanzi adutera ariko tuzamutsinda kuko Imana Irikumwe natwe.Dukomeze dutegeke  turikumwe  na Yesu>>

Izindi nkuru bijyanye wasoma

1. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie).Igice cya mbere

2. Aba Pasiteri 6 babi ugomba kwirinda: Inyigisho ya Pasiteri “Douglas KIONGEKA”

 




ABAKINNYI 10 BAHEMBWA MENSHI KURUSHA ABANDI 2020

0

ABAKINNYI 10 BAHEMBWA MENSHI KURUSHA ABANDI 2020

Nkuko tubikesha ibinyamakuru bikomeye by’iburayi ndetse nibindi bivuga kuri football kw’isi nka (sportytell) n’bindi, twabakusanyirije abakinnyi 10 barusha abandi guhembwa neza.

10. Antoine Griezmann

Uyu mugabo uturuka mugihugu cy’ubufaransa ndetse kurubu akaba akinira ikipe ya Barcelona FC niwe uza kumwanya wa 10

  • Ayo ahembwa harimo na bonus  ni Miliyoni 23.3 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza ibganda now puma na  huawei ni Miliyoni 4.5 z’amadorari ya Amerika




9. Oscar dos Santos Emboaba Júnior

Uyu musore ukomoka mugihugu cya Brazil ndetse kurubu akaba akinira ikipe ya Shanghai SIPG yo mugihugu cy’ubushinwa niwe uza kumwanya wa 9

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 27 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza uruganda Adidas ni Miliyoni 2 z’amadorari ya Amerika.

8. Mesut Özil

Uyu mugabo ukomoka mugihugu cy’ubudage ndetse kurubu akaba akinira ikipe ya Arsenal niwe uza kumwanya wa 8

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 23 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Mercedes Benz, Adidas na Beats by Dre ni Miliyoni 6 z’amadorari ya Amerika.




7. Kylian Mbappé

Uyu musore ukomoka mugihugu cy’ubufaransa ndetse akaba akinira Paris saint-Germain niwe uza kumwanya wa 7

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 26.6 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Good Got, Hublot na Nike ni Miliyoni 4 z’amadorari ya Amerika.
6. Alexis Sánchez

Uyu mugabo ukomoka mugihugu cya Chili ndetse akaba akinira ikipe ya Manchester United niwe uza ku mwanya wa 6

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 23.8 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza uruganda rwa Nike ni Miliyoni 2.5 z’amadorari ya Amerika.




5. Andrés Iniesta

Uyu mugabo ukomoka mugihugu cya Spain ndetse ubu akaba akinira Vissel Kobe niwe uza kumwanya wa 5

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 30 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza uruganda nka Asics ni Miliyoni 2.5 z’amadorari ya Amerika.

4. Paul Pogba

Uyu mugabo ndetse akaba umwirabura rukumbi uri muri uru rutonde akaba akomoka mugihugu cy’ubufaransa akaba akinira Manchester United niwe uza ku mwanya wa 4

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 29 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Good Got, Hublot na Nike ni Miliyoni 4 z’amadorari ya Amerika.

 




 

3. Neymar Jr.
Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Brazil ndetse ubu akaba akinira ikipe ya Paris Saint-Germain niwe uza ku mwanya wa 3
  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 75 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka  MasterCard, Milan, Nike, Red Bull, Beats by Dre,na Nike ni Miliyoni 30 z’amadorari ya Amerika.
2. Cristiano Ronaldo

Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Portugal ndetse akaba akinira ikipe ya Juventus yo mu butaliyani niwe uza ku mwanya wa 2

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 65 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Electronic Arts, Nike, Alice, Herbalife, CR7 hotel,  Fragrance, footwear na clothing line ni Miliyoni 44 z’amadorari ya Amerika.
1.  Lionel Messi

Uyu mugabo ukomoka mu gihugu cya Argentine ndetse akaba akinira ikipe ya Barcelona Fc niwe uza kumwanya wa1 ndetse ninawe uyoboye abandi mugutwara ibihembo by’umukinnyi uba waritwaye neza buri mwaka(ballon d’or)

  • Ayo ahembwa harimo na bonus ni Miliyoni 92 z’amadorari ya Amerika
  • Ayo akura mu kwamamariza inganda nka Gatorade, Pepsi, Nike, Lays, MasterCard, Ooredoo, Jacobs & co) ni Miliyoni 35 z’amadorari ya Amerika.




Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie).1/3

0

Usanga abantu benshi bishimira kuvuga Yesu gusa kandi koko nibyo niwe musingi wabyose, ariko ninangombwa kumenya neza imirimo y’umwanzi ngo haboneke uburyo bwiza bwo kumurwanya.

Kubufatanye n’urubuga rw’ivugabutumwa CASARHEMA, turabagezaho ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA, umunya Cameroni  wakoresheje imbaraga zidasanzwe zizwi nka maji (Maggie) mugihe kigeze kumyaka 10, anatubwira uko yihuriye na RUSIFERI (Shitani).




Ati << Bijya gutangira, nashakaga imbaraga zokumfasha kwihorera kuri data wacu wari waranyiciye ababyeyi akoresheje imbaraga z’abapfumu n’abarozi. Naje kumva ko hari umupfumu ukomeye warutuye mugihugu cy’ubufaransa, mwandikira musaba ko yamfasha kugera kumugambi wanjye.

Nyuma y’iminsi 6 gusa, yansubije anyemerera, anyoherereza urupapuro rumwe rw’ umuhondo ngo nshyireho amacandwe, ndetse n’igitonyanga cy’amaraso kurupapuro rutukura arinabyo byagombaga kunyinjiza mu isi y’umwijima, ndetse anansaba kugira icyumba kitagerwamo n’undi muntu.

Kuko bitashobokaga kubona icyo cyumba kwa mushiki wanjye wanderaga, nahisemo kwisubirira kumatongo yacu kuko hariyo amazu atagira uyabamo. Yanampaye imiti itandukanye yokujya nsiga kumaso ntangira kujya mbona ibintu bidasanzwe.




Umwe mubapfumu bari bakomeye mugace narintuyemo, yemeye kujya amfasha ndetse anantegurira urugendo rwambere rwo kujya ikuzimu. Umunsi wokugenda ugeze, yampaye agasaraba gakora maji (Magie) n’ amabwiriza yogufata inzira njyenyine nkajya ku irimbi satanu z’ijoro.

Nkigera ku irimbi, numvise ijwi rimbwira gushyira kagasaraba hasi maze hahuha umuyaga mwinshi uteye ubwoba, numva aho nkandahiye habaye ibyondo, ubutaka burakinguka ninjira munda y’isi nkikijwe n’urumuri rwinshi. Nabonye abadayimoni benshi baza bankikije mumashusho y’inyamaswa zikomeye nk’intare, Dragon,  inzoka nini n’ibindi.

Nahabonye umugore ampa rukuruzi izajya imfasha kwihindura icyo nshaka cyose ndetse anantembereza ibice bimwe by’ikuzimu birimo umwobo muremure cyane arinawo haniro ry’abadayimoni batashoboye kurangiza ubutumwa bahawe ku isi ndetse n’abahoze ari abakirisitu bagiye bakomeretsa abadayimoni kubera kuvuga izina rya Yesu bakaza kugwa bagapfa batarihana.




Mugihe narinkitegereza ibyo, umudayimoni wanyoboraga yansabye kuva hafi y’urwo rwobo kuko umuyobozi mukuru (Rusiferi) yari agiye kuza aho twari turi. Nigiye hirya ho gato ariko nyuma y’akandi kanya numva umuyaga mwinshi urampuha nibona nanone kuri rwarwobo mpagaze imbere ya RUSIFERO, ariko mbuzwa kumwitegereza ahubwo ntegekwa kubama imbere ye doreko kurebana nawe bitanashobokaga kubera amaso ye ameze nka ecrans/screens arinazo akoresha areba ku isi.

kubera ububasha afite bwokwihindura icyo ashatse, yanyiyeretse mu ishusho y’igiti kinini cyane ntabashaga kureba ngo ngiheza. Mu isi yumwijima nabonye hubatse nk’igisirikare, aho bubahana uturutse kumukuru ukageza kuworoheje. Abadayimoni baciye imbere ya RUSIFERI bamurahira ko bazakora neza imirimo bashinzwe.

Nahise mbona Rusiferi arambuye akaboko hejuru yawamwobo, umushongi waka umuriro uhita wuzura muri rwarwobo maze nkomeza kumva gutaka kwinshi kw’abari muri rwa rwobo.




Nyuma y’aha, nabonye ahakorerwa ibikoresho binyuranye birimo iby’imiziki ndetse mbona n’aba perezida 6 baje gutanga raporo y’imirimo bashinzwe irimo kurenganya abizera Imana mubihugu bayobora, kurwanya abandi baperezida bubaha Imana n’ibindi. Nabonye kandi abadayimoni bigize abapadiri n’abapasiteri kugirango bigishe ibinyoma maze bayobye abantu.

Nabonye kandi uko bashinga amashuli ya Bibiliya (Theologie) kugirango haboneke abigisha ijambo ryimana bayobowe n’ubwenge bwabo gusa. Nabobye kandi abayobozi b’ibigo byimari  bikomeye ku isi.

Nabonyeyo kandi ibigirwamanakazi bitandukanye birimo icyitwa umwamikazi wa Zaka/Mubuyapani kikaba n’icyegera cya Rusiferi, iki kikaba kigomba konsa umuntu wese ugeze mu isi yumwijima bwambere.

Nkimara kumwonka, numvise igituza cyanye cyenda guturika, mbona abadayimoni twarikumwe bahise banyubararira barandamya. Nahise mpabwa imbaraga zogusenya icyo nshatse cyose nkoresheje ikiganza cyanjye cy’ibumoso.

Nahise nemerwa gusubira aho narintuye ariko ntakiri wawundi kuko nari narahindutse bikabije.

Izindi nkuru bisa wasoma

 1. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie).2/3

2. Uko nahuye na RUSIFERI: Ubuhamya bwa Dogiteri Martin ESSOMBA wahoze akoresha maji( Magie)3/3

3. Nari umukozi w’ umwamikazi w’amazi-Mama-Wata: Ubuhamya bwa Elsie Kweta

 4. Aba Pasiteri 6 babi ugomba kwirinda: Inyigisho ya Pasiteri “Douglas KIONGEKA”




Call for Application for Professional Internship Program:Deadline: 5th June 2020 at 5:00 pm

0

Institution of Engineers Rwanda (IER)
The Institution of Engineers Rwanda(IER), started in 2008 as a learned society of engineering profession with an aim to promote and develop engineering services and best practice for the sustainable development of our country. This was in line with government’s commitment to promote science and technology for the national development while promoting the engineering profession leading to improved quality and efficiency of services.




19th May 2020

Call for Application for Professional Internship Program

The institution of Engineers Rwanda (IER) in partnership with UK Royal Academy through Africa Catalyst Project (ACP) offers professional internships for 60 Graduate Engineers every year.

In this regard, IER is calling for Graduate Engineers/Technologists from various engineering professions to apply for the 2020 Internship Cohort. IER shall work with relevant stakeholders to ensure successful candidates are placed on infrastructure projects across the Country. IER will as well provide subsistence allowances to interns during the entire 6-months period.

Eligibility

Eligible candidates shall full fill the following:

Having a Bachelor’s Degree or Advanced Diploma in Engineering field
Registered with IER on the rank of Graduate Engineer
Must be a Rwandan by Nationality
Having not benefited from similar program (ACP)
The application shall include the following documents:




Application letter address the Executive Secretary, Institution of Engineers Rwanda;
CV
Valid Registration Certificate for the year 2020 (Graduate Membership)
Photocopy of National ID
N.B: All copies MUST be submitted in one PDF document.

Interested and eligible candidates are encouraged to submit their application to the email: admissions@engineersrwanda.rw not late than 5th June 2020 at 5:00 pm.

 

Yours Faithfully

Steven SABITI

Executive Secretary

Institution of Engineers Rwanda




Imyanya 13 y’akazi muri RWANDA TRANSPORT DEVELOPMENT AGENCY: Deadline: 03 June 2020

0

1. Monitoring & Evaluation Specialist

Click for details and to apply

2. Environmental and Social Safeguards Officer (Under Contract)  X3

Click for details and to apply




3. Procurement Specialist ( Under Contract)

Click for details and to apply

4. Legal Specialist ( Under Contract)

Click for details and to Apply




5. Accountant (under Contract)

Click for details and to apply

6. Driver (under contract) X4

Click for details and to apply




7.Community Development Officer (Under Contract)

Click for details and to apply

8. GIS & Mapping Specialist ( Under Contract)

Click for details and to apply




Faculty, Head (Research Projects and Training) at University of Global Health Equity (UGHE): Deadline:28/06/2020

0

Description

Institute of Global Health Equity Research
 

Faculty, Head (Research Projects and Training)

 

The University of Global Health Equity (UGHE) is on a mission to radically change the way health care is delivered around the world. UGHE is a new university based in Rwanda that is growing the next generation of global health professionals—doctors, nurses, researchers, and public health and policy experts—into leaders and change makers who strive to deliver more equitable, quality health services for all.
The Institute of Global Health Equity Research (IGHER) is the UGHE research institute that will contribute to UGHE’s mission through high-quality research and research training. As the epicenter of global health equity research and research training, IGHER will generate and disseminate new and important knowledge for eliminating health inequities. It will also develop and deliver education and training to ideally equip researchers to identify and solve problems related to health inequity.




ROLE PROFILE

 

Title:                           Faculty, Institute of Global Health Equity Research
                                    Head: Research Projects and Training
Rank:                          To be determined
Reports to:                 Director, IGHER
Location:                    Kigali
Role Purpose:            Contribute to IGHER’s research, and research training program by leading: the growth of programs in research consisting of multiple and varied research projects; and the development and delivery of a suite of research related education and training programs.




 

KEY

RESPONSIBILITIES

The Head, Research Projects and Training (RP&T) is a position of pivotal operational importance for IGHER. The Head & will lead the expansion of UGHE’s research activities and the growth of the IGHER research agenda through proactive engagement of faculty and engagement with external collaborators, stakeholders, and partners. The Head RP&T will also identify and create education and training opportunities and will lead the design and development of engaging courses and programs. Specifically, the main responsibilities of the position will be to:
  1. Teaching and Training (20%)
  • Contribute to research related teaching in UGHE’s Academic Programs;
  • Identify research education and training priorities and needs and lead the development of appropriate research courses and programs; and
  • Support in building the research capacity of UGHE faculty to not only conduct research, but also teach research.
  1. Research (35%)
  • Develop, design, and conduct research projects consistent with IGHER and UGHE strategic priorities;
  • Actively identify and communicate appropriate funding opportunities for UGHE Faculty;
  • Assist UGHE Faculty in the preparation of successful research funding applications; and
  • Assume a leading role in all aspects of obtaining and managing competitive research funding.
  1. Administration and Leadership (40%)
  • Work closely with the Director, IGHER to ensure the ongoing efficient and effective operation of IGHER;
  • Lead the development of systematic approaches to demonstrating and assessing research dissemination and impact;
  • Advise, mentor, and supervise UGHE staff and students in research and research related education and training initiatives;
  • Actively engage Faculty, particularly junior faculty, in programs of research that are of strategic benefit to UGHE and IGHER;
  • Lead the development, delivery, and promotion of research related education and training initiatives; and
  • Take the lead in the recruitment of other IGHER staff and faculty.
  1. University and Community Service (5%)
  • Contribute to UGHE committees, working groups, and other initiatives that are of operational and strategic benefit to UGHE through active participation and leadership; and
  • Actively participate and assume leadership roles in community groups and professional organizations and societies that are of operational and strategic benefit to UGHE.




QUALIFICATIONS AND EXPERIENCE
The following qualifications and experience are regarded as the minimum requirements to excel in this position:
  • Minimum of a Bachelor of Medicine, Bachelor of Surgery (MBBS or MD), with a demonstrable additional qualification and experience in research, and research related experience for more than 5 years; or
  • PhD in a health science/research field and research experience post the award of the PhD for more than 5 years;
  • Evidence of obtaining research income through competitive funding programs;
  • Evidence of leading successful completion of funded scientific and clinical research projects;
  • Evidence of publishing research in scientific journals;
  • Demonstrated computer literacy, with proficiency in the Microsoft Office suite and Google suite;
  • Evidence of extensive experience in health especially with regard to health equity and social justice;
  • Evidence of advanced written and verbal English communication skills;
  • Evidence of exceptional creativity, ethical standards, and motivation;
  • Demonstrated ability to work efficiently and productively both independently and as a leader of teams;
  • Demonstrated ability to pay attention to detail and quality;
  • Track record of outstanding academic excellence;
  • Demonstrated understanding and familiarity with different grant systems including international funding organisations such as the NIH, Wellcome Trust etc.;
  • Demonstrated ability and experience to peer-review research proposals and manuscripts; and
  • Demonstrated ability to use specific computer programs for developing research models, analyzing data, or creating and managing databases.
  • Minimum of a Bachelor of Medicine, Bachelor of Surgery (MBBS or MD), with a demonstrable additional qualification and experience in research, and research related experience for more than 5 years; or
    PhD in a health science/research field and research experience post the award of the PhD for more than 5 years;




CORE COMPETENCIES
The successful applicant will have:
  • A sophisticated understanding of, and demonstrated commitment to, global health equity;
  • An advanced understanding of research and research processes including the ethical conduct of research;
  • Expert skills in data collection and data analysis;
  • An advanced understanding of research methods including quantitative and qualitative designs;
  • Outstanding written and verbal communication skills with a sustained, proven ability to secure competitive research funding and publish research articles in scientific journals;
  • Extensive experience in curriculum design and delivery at undergraduate and postgraduate levels;
  • Extensive experience at successfully identifying, developing, and delivering engaging professional training programs and courses for health professionals including health system managers;
  • Advanced high-level computer skills with demonstrated proficiency in a range of standard software programs;
  • Exemplary organizational skills;
  • A highly developed ability to work to deadlines and schedules both independently and when leading teams; and
  • A highly effective ability to work flexibly and to engage and lead colleagues as well as external contributors.
 
BENEFITS
  • Competitive salary based on experience
  • Great working environment that allows one to reach their greatest potential.
  • Prospective career growth opportunities.

Click here to apply




Laboratory Assistant at University of Global Health Equity (UGHE): Deadline:28/06/2020

0

Laboratory Assistant at University of Global Health Equity

The Laboratory Assistant will work with the Head of Basic Sciences Laboratory and UGHE faculty to prepare and conduct laboratory experiments aligned with the basic sciences curriculum of the UGHE Medical Program and other academic programs at UGHE as appropriate. She/he will also monitor the stock, equipment maintenance, and safety of the science laboratory on a daily basis.




Responsibilities

  • Set up the lab for specific procedures and demonstrations, and ensure it is returned to excellent working condition after the sessions;
  • Collect samples and perform tests on the biological specimen or other samples in related fields of basic sciences;
  • Ensure proper storage of all chemicals, reagents and other consumables in science laboratory;
  • Demonstrate the use of lab equipment and preparation of working solutions for different lab experiments;
  • Conduct internal quality control and routine maintenance of science laboratory equipment to ensure that it is safe, functional, and produces accurate results;
  • Collaborate with the Head of Basic Sciences Laboratory and other academic teams to schedule science lab sessions;
  • Participate in the preparation of practical teaching materials as well as instructional materials for students to ensure an excellent lab learning experience;
  • Perform practical demonstrations with the students to ensure that they understand the material and acquire necessary laboratory skills;
  • Participate in examining and evaluating students to confirm that learning has actually taken place;
  • Participate in the development of SOPs according to need and follow them in the daily routine of science lab work;
  • Monitor the stock of consumables and reagents in the science lab on a daily basis;
  • Keep the lab environment clean and safely dispose of chemicals and biohazardous waste;
  • Participate in lab-based research & community activities of the division;
  • Attend division meetings and trainings as needed;
  • Perform other tasks as assigned by supervisor;




 Qualifications

  • Bachelor’s degree in Medical laboratory sciences, or a closely related field;
  • Possess active license from Rwanda Allied Health Professional Council (RAHPC)
  • Minimum of 3 years of experience working in a science laboratory (in renowned public or private hospitals, clinics, institutions, universities or teaching hospitals).
  • Experience as a tutorial assistant/laboratory technician conducting laboratory experiments with students in medical programs desired;
  • Proven track record of experience and hands-on skills in Anatomy [Gross, Histology, and Histochemistry] and Physiology
  • Fluency in English (Kinyarwanda or French fluency desired);
  • Ability to pay attention to quality by abiding to principles of good lab practice and ethics;
  • Excellent interpersonal skills;
  • Ability to work in a team in a complex, fast-paced environment;
  • Demonstrated ability to be well organized and meet deadlines.
  • Willingness to relocate to Butaro, Rwanda

Benefits of Working at UGHE

UGHE staff will be based at our campus in Butaro, Northern Rwanda. The campus is situated in a scenic area with a mild climate year-round. New, on-campus housing is available for full-time staff. UGHE also offers a competitive salary and health care benefits.

Application Procedure




Applicants should provide: (1) a curriculum vitae, (2) a cover letter, (3) names and contact information of two professional references who can attest to experience; at least one of these references should be an immediate supervisor and (4) copies of all degrees and earned as well as other professional qualifications. Please upload your cover letter, references, RAHPC license, and proof of degrees attained as a single PDF file under “Additional Files” on the application page.

Click Here To apply

 

Organizational Profile

The University of Global Health Equity (UGHE) is an initiative of Partners In Health (PIH), an internationally recognized non-profit organization whose mission is to provide a preferential option for the poor in health care. In over nearly three decades of operating alongside public sectors in countries around the world, PIH has developed a model to deliver high-quality health care to some of the world’s most marginalized communities. Nowhere has this impact been more profound than in Rwanda, where Inshuti Mu Buzima—PIH’s sister organization—and our government partners have driven innovation for a decade.

The University launched in Rwanda inSeptember  2015 with its flagship degree program, the Master of Science in Global Health Delivery (MGHD). The Bachelors of Medicine, Bachelors of Surgery (MBBS) program, to be launched in July 2019, aims to improve individual and population health by training diverse clinician leaders with the skills, attitudes, and commitment to promote wellness, to ease suffering, and to develop more effective and equitable health care delivery systems. Consistent with UGHE’s vision of training future leaders with expertise in health care delivery, our medical students will pursue a joint MBBS and MGHD degree.</a

Members of the UGHE community are tenacious and resolute in our drive to attain social justice, make common cause with those in need, listen to and learn from others, and operate with honesty and humility as we uphold academic integrity and intellectual curiosity. The University of Global Health Equity seeks individuals committed to these values to join the team.

Partners In Health is an equal opportunity employer and all qualified applicants will receive consideration for employment without regard to race, color, religion, sex, sexual orientation, gender identity, national origin, disability status, protected veteran status, or any other characteristic protected by law.




Aba Pasiteri 6 babi ugomba kwirinda: Inyigisho ya Pasiteri “Douglas KIONGEKA”

0

Bakunzi bacu, mugihe abigisha ijambo ry’Imana bakomeje kwiyongera ndetse bikabije, umuntu wese yakwibaza niba bose ariko bafite intego imwe  yo gukorera Imana cyangwase hari ibindi byihishe inyuma y’imirimo yabo, ndetse ukanibaza uko wamenya umukozi w’Imana by’Ukuri.

Kubufatanye n’urubuga rw’ivuga butumwa  KASARHEMA, turabagezaho  ibyiciro 6 by’aba pasiteri (kazi) babi ugomba kwirinda. Iki kigisho kikaba cyaratanzwe na Pasisteri  Douglas KIONGEKA.




1. Aba pasiteri bafite umwuka wa SAWULI

Twibukeko Sawuli  yari umwami wa Isiraheli, ariko nyuma akaza guhinduka agakora ibyangwa n’Uwiteka.

Abapasiteri bafite uyu mwuka, bumvira abantu ndetse bagashaka gushimwa nabo kurusha uko bashimwa n’Imana. Aba ba pasteri kandi baba barahindutse impumyi batakireba icyiza ahubwo birebera inyungu zabo kugeza ubwo bemera kwakira n’amaturo yavuye mubyaha (nk’amafaranga y’indaya n’ibindi nk’ibyo).

Aba  ba pasteri, ni babi cyane kuko nubwo baba barigeze gusigwa amavuta, igihe kiba cyarageze Imana Ikabaca, nyamara bagakomeza kubeshyako ari abakozi b’Imana kandi umwuka w’Imana warabavuyeho, bagahinduka abahanuzi b’ibinyoma.

2. Aba pasiteri bafite umwuka wa Balamu (Kubara 22;23)

Nkuko izina ubwaryo rya Balamu risobanura, aba pasiteri bafite uyu mwuka, bagira ubusambo bwinshi, bashishikazwa n’ubutunzi bw’intama bashinzwe bakazigira nk’ibicuruzwa nyamara ntibite kubugingo bwabo.

Bikundira icyubahiro ndetse bakakira n’ibiguzi ngo bahanurire abantu ibiboneka aho kubabwira ijambo ry’Imana ndetse bakihindura ibigirwa mana ngo babapfukamire.

Usanga amadini bayobora bayafata nka butike zabo cyangwa imishinga ibyara inyungu! Aba nabo uzabitondere.!

3. Abapasiteri bakoresha imbaraga z’umwijima.

Nyuma yo gukurwaho umwuka w’Imana, aba bapasiteri biyemeza kujya gushakisha izindi mbaraga mbi kugirango bakomeze kwemeza abantu ko bagikorana n’Imana .

4. Abahanuzi b’abasaza (1 Abami: 13)

Kuberako Imana Iba yarabavuyeho, aba bapasiteri bakomeza guhanura bitwaje inararibonye bafite muby’Imana ndetse ntibabure no gusuzugura abakozi b’Imana bahamagawe vuba.

Aba kandi ntibatinya kubeshya mu izina ry’Imana ndetse bakanacurika imwe mumirongo ya Bibiriya ngo ihure n’ibyo bashaka kubeshya abakirisitu bayoboye kuzageza babagejeje kurupfu no kurimbuka.

5. Abafite umwuka wa Yuda

Abafite uyumwuka, ntibajya bashishikazwa n’inyungu z’ubwami bw’Imana, ahubwo bahora birebera uko ubutunzi bw’itorero buhagaze, kugezanubwo bagambanira/ bagurisha bagenzi babo yemwe no kubaroga kubera amafaranga.

Aba nabo uzabagendere kure  cyane!

6. Abafite umwuka wa Alegizanderi w’umucuzi (Alexandre ): 1Timoteyo 1:20; 2 Timoteyo 4,15

Aba ni abapasiteri bagira urwango rukabije mumitima yabo nyamara kumagambo bakigira abashumba. Bahora basebya abapasiteri b’Ukuri.

Aba kandi bakunda guteranya abakirisitu noguhora bazana ubwumvikane bukeya, ntibanatinye no gusenya ingo z’abandi bakoresheje inyigisho z’Ibinyoma.

 

Birakwiriye gusesengura nogusubiza umutima impembero mukamenya abapasiteri babayoboye niba koko ari abakozi b’Imana by’Ukuri.







 

Imyanya inyuranye y’akazi muri Rwanda Chamber of Tourism kubantu bize: Prosthetics & Orthotics,Accounting, finance,Economics, development economics, social sciences, project management,Business administration, Public relations, Communication, Information Technology IT, Tourism and Hospitality, Business Management, n’ibindi bijya gusa.

0

1. Mastercard Foundation Hanga Ahazaza Project Officer :Deadline:June 05, 2020

Apply here

2. Accountant at Rwanda Chamber of Tourism:Deadline 05, 2020

Apply here

3. Monitoring And Evaluation Officer : Deadline:June 05, 2020

Apply here

4. Marketing And Communication Specialist : Deadline:June 05, 2020

Apply here

5. Head Of Strategic Programs: Deadline: June 05, 2020

Apply here




AKAZI

20 Jobs of AVoHC Kofi Annan Scholars Program – Strategy Development Expert (AfCDC)...

Purpose of Job In June 2015, the Assembly of the African Union Heads of State and Government, through Decision AU/Dec.570 (XXV), mandated the African Union Commission (AUC), in collaboration with Member States and partners, to...

50 Internship Program opportunities at AU: December 31, 2026

U Recruitment Team Organization Information The African Union, established as a unique Pan African continental body, is charged with spearheading Africa’s rapid integration and sustainable development by promoting unity, solidarity, cohesion and cooperation among the peoples of...

100 SALES AGENTS AT SALADMASTER RWANDA. Deadline:09/03/2026 (LAST REMINDER)

SALADMASTER RWANDA: 90 DAY JOB CHALLENGE Now Hiring | 100 Positions Only | Rwanda-wide Are you confident, educated, and ready to take on a real challenge? Saladmaster Rwanda is looking for 100 driven individuals to join...

7 Job Positions of Project Manager at Raising The Village | Ngororero :...

Job Description About Raising The Village We are Raising The Village (RTV) – an international development organization and a registered charity – on a mission to end ultra-poverty in sub-Saharan Africa. Raising The Village is a fast-growing organization...

Health Education Officer at Alight | Kigali:Deadline: 19-03-2026

VACANCY – HEALTH EDUCATION OFFICER  COUNTRY PROGRAM MISSION: Alight Rwanda, formerly known as the American Refugee Committee, has been a key player in delivering impactful humanitarian programs since 1994. Operating in all five refugee camps in...