Ese ari Real Madrid na PSG ni iyihe iregukana rutahizamu Mohamed Salah mugihe Liverpool iraba imutakaje??

    0
    530

    Mohamed Salah mumananiza: yatangaje ko Liverpool nitamukubira 2 umushahara arayivamo!!

    Kugeza ubu Salah yakira miliyoni 11 z’amayero buri mwaka Umunyamisiri yeruye avuga ko umushahara we nudakubwa inshuro zirenga ebyiri arasezera ajye ahari agatubutse.

    Ikinyamakuru Mirror cyatangaje ko Salah yifuza hafi miliyoni 30 z’amayero ku mwaka, bitabaye ibyo ntazavugurura amasezerano ye muri iyi kipe aho yatsindiye ibihembo bitandukanye nka Premier League na Champion’s League iyobowe na Jurgen Klopp.

    Ubu ni urujijo uri hagati mubayobozi ba Liverpool, bagomba guhitamo niba bemera ibyo asaba cyangwa kumureka akajya mu kindi gihugu cy’iburayi. Real Madrid na Paris Saint-Germain byombi byahurujwe n’uyu musore wimyaka 29, Liverpool niramuka imutakaje imwe muri zo ishobora guhita imusamira hejuru.










    LEAVE A REPLY

    Please enter your comment!
    Please enter your name here