Neymar Junior yatangaje inkuru yababaje abakunzi be (agiye guhagarika umupira w’amaguru bidatinze)

    0
    725

    Neymar Junior yatangaje inkuru yababaje kubakunzi be (agiye guhagarika umupira w’amaguru bidatinze)

    Uyu mukinnyi w’imyaka 29 y’amavuko ukunze kugira udushya twinshi cyane kuri ubu yatangaje ko yumva atagifite imbaraga z’ibitekerezo zamwemerera kumara ikindi gihe akina umupira w’amaguru.

    Yatangarije DAZN ati: “Ndatekereza ko Qatar 2022 izaba igikombe cyanjye cya nyuma kuko ntazi niba mfite imbaraga zo mu mutwe zo guhangana mu mupira w’amaguru.”

    Yakomeje gutangaza ko azakora ibishoboka akageza muri 2022 ameze neza kugira ngo abashe gukina icyo gikombe we atangaza ko Ari icya nyuma,

    Abakurikiranira hafi Neymar bavuze ko byose yatangaje bikomoka ku mvune yagize ubwo yakinaga igikombe cy’isi cya 2014.

     









    LEAVE A REPLY

    Please enter your comment!
    Please enter your name here