Itangazo rya RBA riti” Ubuyobozi bw’Urwego rw’Igihugu rw’Itangazamakuru
(RBA), buramenyesha abakandida babaye shortlisted ku mwanya wa Driver ko hateganijwe ikizami cyo gutwara kuwa gatandatu tariki ya 18/07/2026 guhera saa yine za mugitondo ku biro bikuru bya RBA Kacyiru.
NB: Abakandida barasabwa kuza bitwaje indangamuntu zabo.”
Reba itangazo rikurikira:

Kanda hano urebe aho iri tangazo ryatuutse














