Rayon Sports yatumiwe na Simba & Yanga mu mukino ngarukamwaka w’aya makipe

    0
    567

    Ikpe ya Rayon Sports yarangije kwakira amabaruwa abiri ava mu makipe akomeye yo mugihugu cya Tanzania mu mukino aya makipe akina buri mwaka mu rwego rwo gusabana n’abafana bayo.

    Iyi mikino ngaruka mwaka mu gihugu cya Tanzania ihabwa agaciro gakomeye dore ko iyabaye umwaka ushize yitabiriwe na Perezida w’iki gihugu Nyakubahwa John Magufuli.




    Kwemera cyangwa kutemera gukina iyi mikino yombi kuri Rayon Sport, ababikurikiranira hafi  bavugako   bizaturuka ku cyemezo kizafatirwa imikino mu Rwanda.

    Rayon Sports yaherukaga guhura na Yanga mu mwaka wa 2018 ubwo yayitsindiraga i Nyamirambo 1-0 bikayihesha itike yo gukina ¼ cy’imikino ya CAF Confederation Cup.

    Reka dutegereze ikizakurikiraho!




     

    LEAVE A REPLY

    Please enter your comment!
    Please enter your name here