Messi akuye abana be mukademi ka Barca abimurira ahandi,… yishimiye I Paris kurusha Muri Espagne.

    0
    888

    Lionel Messi yishimiye PSG bidasanzwe kugeza aho agiye gushyira abana be mukademi kayo!!

    Lionel Messi ntabwo yimukiye mu Bufaransa wenyine, ahubwo yimukanye umuryango we ku nshuro ya mbere bitari bisanzwe bibaho, nyuma y’ibyo kandi yandikishije abana be muri ekipe z’abana za Paris.

    Nk’uko amakuru yatangajwe na L’Equipe abitangaza, Messi yandikishije Thiago na Mateo muri gahunda y’amakipe y’abana ya PSG, ndetse avuga ko Messi yabikoze ku giti cye mbere yo kwinjira mu ikipe y’igihugu ya Arijantine.

    Thiago Messi azakinira ikipe y’abatarengeje imyaka 10 cyangwa abatarengeje imyaka 9, mu gihe Mateo azafatanya n’abatarengeje imyaka 7.










    LEAVE A REPLY

    Please enter your comment!
    Please enter your name here