Ubuhanuzi bwa Gianna, umukobwa wa Kobe Bryant, ku ikipe ya Lakers bwarasohoye!.

    0
    761

    Gianna Bryant, wababaje abantu benshi cyane muri Amerika ndetse no kw’isi yose muri rusange yitabye Imana hamwe na se Kobe Bryant ku ya 26 Mutarama 2020.

    yahanuye neza ko ikipe ya  Los Angeles Lakers izegukana igikombe cya shampiyona ya NBA 2020. Abakinnyi ba Lakers bagize intego yo gutwara iki gikombe mu rwego rwo kunamira ndetse noguha agaciro Bryant.

    Nyuma yo kugera ku mukino wa nyuma wa NBA, Lakers yatsinze Miami Heat ibitego 4-2, LeBron James niwe wiswe MVP wa NBA Final.

    Uyu mwana w’umukobwa ubwo yahanuraga ibi bamubajije impamvu avuze ko Lakers izatwara igikombe, yabasubije agira ati:

    “Nkawe Uncle Rob Pelinka ndakwizera cyane uri muremure kandi nizera uburyo watakamo ndetse ukabasha gutsindira kure, rero ntakabuza uyu mwaka nzishimana namwe duteruye igikombe.”

    Gianna Bryant nubwo atabashije guterurana igikombe na Lakers kubera impanuka yamwambuye ubuzima ariko abantu banejejejwe nuko ubuhanuzi bwe bwagezweho.

    Twandikire muri Comment ku kibazo, icyifuzo cyangwa se inyunganizi kuri iyi nkuru, unayisangize abandi bakunzi ba siporo




    LEAVE A REPLY

    Please enter your comment!
    Please enter your name here