Sugira yategereje amafaranga ya Rayon araheba none agiye kwigira hanze.

    0
    626

    Rutahizamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, Sugira Ernest, kugeza magingo aya ntarahabwa amafaranga yumvikanye na Rayon Sports FC ngo ayisinyire amasezerano, nyamara mu minsi ishize havuzwe amakuru y’isinya ry’uyu rutahizamu w’ikipe y’igihugu.

    Ni amakuru arimo gucicikana muri siporo yo mu Rwanda avugwa ko ibyo uyu Sugira yumvikanye na Rayon sport bitakozwe ndetse n’igihe bumvikanye cyikaba cyararenze.




    Bityo akaba arimo kwishakira indi kipe yaba yifuza rutahizamu mwiza nkawe,  ndetse biravugwa ko hari ikipe zo mubarabu ziri kumunuganuga.

    Komeza gukurikirana amakuru tukugezaho kandi wibuke kutwandikira muri comment ku kibazo, icyifuzo, cyangwa se inyunganizi kubyo tumaze kukugezaho unabisangize inshuti n’abavandimwe.




    LEAVE A REPLY

    Please enter your comment!
    Please enter your name here