REB imaze gutangaza ubutumwa bw`abayobozi batandukanye ku itangira ry`amashuri turimo dukozaho imitwe y`intoki

0
2949




Mugihe tubura amasaha makeya ngo dutangire umwaka mushya w`amashuli, igihembwe cyawo cya mbere;ndetse inzego zinyuranye zirimo abanyeshuli ubwabo;ababyeyi;ibigo by`amashuli n`izindi nzego zikaba zikomeje gushyira akadomo kumyiteguro; abayobozi batandukanye nabo bakomeje gutanga ubutumwa bunyuranye bwo gushishikariza buri ruhande kuzuza inshingano zarwo hagamijwe kuzagera kumusaruro ushimishe muri uyu mwaka w`amashuli dutangiye ndetse n`ejo hazaza h`abanyeshuli muri rusange.





Ubu nibumwe muri ubwo butumwa bwatanzwe n`abayobozi batandukanye bwanyujijwe kuri Tweeter ya REB:

Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu 





Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe na Minisitiri w’Uburezi




Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe n`umuyobozi w`umujyi wa Kigali





Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe na Musenyeri Filipo Rukamba Umwepisikopi wa Diyosezi Gatulika ya Butare





Kanda hano wumve ubutumwa bwatanzwe na Mufti w’u Rwanda Sheikh Hitimana Salim












 

 

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here