Home Blog Page 771

Ntibisanzwe: Menya impamvu 5 zituma abantu bahumiriza iyo bari gusomana!!

0

Gusomana ni umuco utari usanzwe mu Banyarwanda ariko uri kugenda ufata indi ntera. Hari ugusomana bifatwa nko gusuhuzanya bisanzwe no gusomana bigamije gushimishanya ari nabyo bimara umwanya ugereranyije no gusomana byo gusuhuzanya. Akenshi abasomana bagamije gushimishanya iyo ubitegereza usanga bahumirije. Iyi nkuru iragaragaza impamvu eshanu zituma abantu bahumiriza iyo bari gusomana.

1.Kureka iminwa ikivugira

Ubusanzwe umunwa ni cyo gice cy’umubiri kidufasha mu kuvuga, uretse kuvuga ngo usohore amagambo mu rukundo hari amagambo atabasha kuvugika akenshi aba ari nk’ibyiyumviro umuntu yagira ariko atabasha kubona uburyo abigaragaza ugasanga mu gusomana n’umukunzi wawe nibwo buryo bwonyine wakoresha iminwa yawe mu kuvuga bimwe bikuri ku mutima.

2.Kugaragaza umunezero

Akenshi mu kugaragaza ibyishimo dufunga amaso ; hari abafunga amaso bishimiye indirimbo nziza bari kumva, hari ufunga amaso ari kuramya ahimbaza kandi ahimbawe, hari uryoherwa n’isengesho agahumiriza, iyo dusinziriye nawo ni umunezero dufunga amaso, turi kurya cyangwa tunywa ikintu kiryohereye abenshi turahumiriza. No mu gusomana ababikora bombi baba banezerewe, bityo bagafunga amaso.

3.Ikimenyetso cy’icyizere

Nta mpamvu n’imwe uba ufite mu gukanura cyane iyo uri ahantu wizeye kandi ufite umutekano. Nk’uko wakemera guhumiriza umuntu wizeye akagufata ukuboko akakuyobora cyangwa waba urwaye umuntu wizeye akakurandata ni nako iyo uri gusomana n’umukunzi wawe ufunga amaso nk’ikimenyetso cy’ikizere umufitiye, ibintu bigaragaza ko nta rwikekwe uriho.

4.Kwirinda kirogoya

Iyo ibice byose 5 by’ibyumviro bias n’ibifunze, niho ibindi bice by’ingenzi bitinzwa imbaraga zidasanzwe zo gukora cyane. Ibi wabihamirizwa cyane n’ababana n’ubumuga bwo kutabona cyangwa bwo kutumva. Mu gihe cyo gusomana rero, gufunga amaso bituma wita cyane ku gikorwa urimo ndetse iminwa n’ibindi birebwa n’icyo gikorwa bigatizwa umurindi bityo icyo ari cyo cyose cyaza kukurogoye binyuze mu maso ukacyirinda ukarushaho kuryoherwa n’ibyo urimo.

5.Kwita cyane ku gikorwa urimo

Ibi bigaragaza ko utari kwinginga igikorwa urimo, ahubwo uwo uri gusoma nawe ari kugusoma niyo mpamvu byitwa gusomana atari ugusoma gusa. Bivuze ngo si igikorwa ngira cyangwa ngirira ahubwo ni igikorwa ngirana, gikorerwa hamwe. Iyo uhumirije uri muri iki gikorwa bigufasha kuba ari cyo utekerezaho gusa ukaba ari nacyo witaho cyane gusa ndetse ukanaryoherwa n’urukundo kurushaho. Niba wajyaga ukora ikosa ryo gusomana n’umukunzi wawe ufunguye amaso, itoze kubikosora uge ubikora ufunze amaso uzarushaho kwishimira icyo gikorwa birenze uko byajyaga bikugendekera.






Noneho abanyamakuru bakomeye ba siporo Mu Rwanda beruye bagaragaza amakipe bafana!!

0

Uko bukeye n’uko bwije abanyamakuru batandukanye bakomeza kugenda batangaza amakipe bafana mu Rwanda no ku Mugabane w’i Burayi by’umwihariko mu gihugu cy’u Bwongereza.

Uyu munsi tugiye kugaruka ku Banyamakuru bakomeye mu Rwanda n’amakipe bafana yo mu gihugu cy’u Bwongereza, abenshi bafana ikipe ya Arsenal itozwa na Mikel Arteta na Manchester United itozwa na Ole Gunnar Solskjaer.

MANCHESTER UNITED

Bayingana David / B&B FM

Uwimana Clarisse / B&B FM

Kazungu Clever / Radio 10

Mihigo Saddam / Radio 10

Mugabo Anneth / TV10

Keza Cedro / Radio 10

Kalisa Bruno Taifa / Fine FM

Rigoga Ruth / RBA

Mukeshimana Assoumpta / TV 1

Rabbin Imani Isaac / Isango Star

William Kadu / Flash FM

Iradukunda Yvonne / B&B FM

Mugaragu David / RBA

Kwizigira Jean Claude / RBA

Jado Dukuze / Radio 1

Bigirimana Guss / Royal FM

Ukurikiyimfura Eric Tonny / IGIHE

ARSENAL

Imfurayacu Jean Luc / B&B FM

Benjamin Gicumbi / B&B FM

Uwihanganye Fuadi / B&B FM

Jado Castar / B&B FM

Nsengiyumva Sidick / B&B FM

Nsabimana Eric / B&B FM

Mucyo Antha / Radio 10

Kayishema Thierry / RBA

Butoyi Jean / RBA

Nkurunziza Ruvuyanga / RBA

Mahoro Nasri / Flash FM

Hitimana Claude / Royal FM

Roben Ngabo / Radio 1

Romalio / Isango Star

Sam Karenzi / Fine FM

Muramira Regis / City Radio.

Imanishimwe Samuel / KT Radio

Furaha Jacques / KT Radio

CHELSEA

Rugangura Axel / RBA

Mugenzi Faustin / Radio 10

Jado Max / Radio 10

Baryinyonza Elie / B&B FM

LIVERPOOL

Horaho Axel / FINE FM

Rugaju Reagan / RBA

Tumukunde Joselyne / B&B FM

MANCHESTER CITY

Rugimbana Theogene / Radio 1

Nkusi Denis

TOTHENHAM

Kanyamahanga Jean Claude / Radio 1

Uyu niwe munyamakuru ufana Tothenham mu Rwanda kuko ntawundi munyamakuru wari wemeza ko afana iyi kipe






Imyanya 14 y`akazi mubyiciro no mumashami bitandukanye mukarere ka Ngororero: Deadline: 04/01/2022

0

Kanda kumwanya wifuza kureba:

  1. (x2) Social Affairs at NGORORERO DISTRICT:Required education fields: Public Administration ;Administrative Sciences ;Sociology;Psychology ;Education Psychology;Clinical Psychology ;Demography; Arts and Humanities : Deadline: Jan 4, 2022
  2. Nursery, Primary Education and adult literacy Officer at NGORORERO DISTRICT :Required Education: Psychology ;Clinical Psychology ;Education Sciences : Deadline: Jan 4, 2022

  3. (X2) Civil registration and Notary at NGORORERO DISTRICT:Kubantu bize LAW: :Deadline: Jan 4;2021

  4. Secretary to Finance Unit at NGORORERO DISTRICT : Required education: Secretarial Studies;Office Management;Public Administration;Administrative Sciences ;Management; Law;Social work ;Sociology: : Deadline: Jan 4, 2022

  5. (X3) Education Officers at NGORORERO DISTRICT: Education required: Education Psychology;Education science: Deadline: Jan 4, 2022

  6. (X4) Executive Secretary of the Sector at NGORORERO DISTRICT :Education required: Social Sciences;Science; Arts; : Deadline :Jan 4, 2022

  7. Head of Central Secretariat at NGORORERO DISTRICT kubantu bize Administrative Sciences;Public Administration;Secretarial Studies; Law; Managemement; social works;sociology; Library and Information Science;Office Management : Deadline: Jan 4, 2022










 

10 Job Positions of Hatchery/Farm Worker at easyHATCH: Deadline:23 January 2022

0

JOB OVERVIEW

easyHATCH Ltd is offering a prime role for energetic, dynamic person to join our team. The successful candidate will need to approach their job with zeal, integrity, and utmost honesty.
You will be required to tend to chicks, egg incubation processes, cleaning, and general upkeep of the hatchery/farm. Prior knowledge of poultry management will be advantageous. You will attend to any duties as directed by the Supervisor.
easyHATCH will provide you with all the necessary basic training specific to our hatchery/farm operations as it pertains to our protocols and standards.

This is a hands-on job and you must be comfortable with handling animals, animal waste, and performing egg breakout analysis. This is a non-negotiable job requirement. You must be physically fit and strong.

THE PERSON WE ARE LOOKING FOR
Someone who is passionate, self-motivated, and incentivized by the opportunity of being the master of their own destiny with the ability to produce meaningful results. We are looking for candidates that are able to deliver a consistent output that requires more management support and guidance than micromanagement in order to meet their key performance indicators. You must be well groomed, well mannered, and speak clearly and professionally. Reliability, honesty, and ethical values are absolutely necessary and non-negotiable.

You must be self-driven, highly motivated, and display a high level of confidence.

  • Must have the following people skills:
  • Communication
  • Strong Customer Relationships
  •  Service driven
  •  Team player

DESIRED SKILLS, EXPERIENCE & TRACK RECORD

Pre-requisites Skills & Qualifications

  1. Must have good communication skills (Kinyarwanda, Kiswahili, English, French).
  2. A diploma/degree in Agriculture (Animal Production) is preferred.
  3. Must possess the ability to work in a highly dynamic environment, under time constrains, and to a very high standard of accuracy.
  4. High sense of organization and structure.
  5. Efficient on time management.
  6. Good computer skills (Microsoft Word, Excel).

Key Responsibilities

  1. Collecting, incubating, and packaging eggs
  2. Performing egg break-out analysis
  3. Monitoring incubation machines
  4. Performing vaccinations of day old chicks
  5. Handling, loading, unloading, and transporting chickens
  6. Feeding and monitoring the health and welfare of chickens
  7. Carrying out feeding and breeding programs
  8. Cleaning out the hatchery and general maintenance
  9. Sexing chicks, separating the males form the females
  10. Operating hatchery/farm machinery and vehicles
  11. Carrying out routine maintenance of equipment and machinery.
  12. Carries out any task as directed by the Supervisor/Manager.

Specific Technical, Personality, or Job Skills

  • Integrity and honesty
  • Be physically fit
  • Be a team player
  • Work well with your hands
  •  Be comfortable handling animals
  • Be attentive to detail
  • Be self-driven & take initiative
  • Be good with numbers
  • Be comfortable operating machinery and equipment
  • Ability to work independently and multi-task
  • Must demonstrate commitment and ability to work under pressure
  • Very meticulous and rigorous

Application

Apply online: https://forms.gle/PM2qUiW1zFJotoid9

CLICK HERE TO APPLY

The deadline:23rd January 2022










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka GICUMBI

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijeho maze wirebe

  1. PDF iconBUkure
  2. PDF iconBwisigire
  3. PDF iconByumba
  4. PDF iconCyumba
  5. PDF iconGiti
  6. PDF iconKageyo
  7. PDF iconKaniga
  8. PDF iconManyagiro
  9. PDF iconMiyove
  10. PDF iconMukarange
  11. PDF iconMuko
  12. PDF iconMutete
  13. PDF iconNyamiyaga
  14. PDF iconNyankenke
  15. PDF iconRubaya
  16. PDF iconRukomo
  17. PDF iconRushaki
  18. PDF iconRutare
  19. PDF iconRuvune
  20. PDF iconRwamiko
  21. PDF iconShangasha

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NIRS










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022:Akarere ka BUGESERA

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijeho maze wirebe:










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka HUYE

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:

  1. PDF iconGishamvu
  2. PDF iconHuye
  3. PDF iconKarama
  4. PDF iconKigoma
  5. PDF iconKinazi
  6. PDF iconMaraba
  7. PDF iconMbazi
  8. PDF iconMukura
  9. PDF iconNgoma
  10. PDF iconRuhashya
  11. PDF iconRusatira
  12. PDF iconRwaniro
  13. PDF iconSimbi
  14. PDF iconTumba

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka Kamonyi

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:

  1. PDF iconGacurabwenge
  2. PDF iconKarama
  3. PDF iconKayenzi
  4. PDF iconKayumbu
  5. PDF iconMugina
  6. PDF iconMusambira
  7. PDF iconNgamba
  8. PDF iconNyamiyaga
  9. PDF iconNyarubaka
  10. PDF iconRugarika
  11. PDF iconRukoma
  12. PDF iconRunda

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka (Karongi

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wasabyemo maze wirebe:

  1. PDF iconBwishyura
  2. PDF iconGashari
  3. PDF iconGishyita
  4. PDF iconGitesi
  5. PDF iconMubuga
  6. PDF iconMurambi
  7. PDF iconMurundi
  8. PDF iconMutuntu
  9. PDF iconRubengera
  10. PDF iconRugabano
  11. PDF iconRuganda
  12. PDF iconRwankuba
  13. PDF iconTwumba

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka Kayonza

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

  1. PDF iconGahini
  2. PDF iconKabare
  3. PDF iconKabarondo
  4. PDF iconMukarange
  5. PDF iconMurama
  6. PDF iconMurundi
  7. PDF iconMwiri
  8. PDF iconNdego
  9. PDF iconNyamirama
  10. PDF iconRukara
  11. PDF iconRuramira
  12. PDF iconRwinkwavu










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere KIREHE

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe

  1. PDF iconGahara
  2. PDF iconGatore
  3. PDF iconKigarama
  4. PDF iconKigina
  5. PDF iconKirehe
  6. PDF iconMahama
  7. PDF iconMpanga
  8. PDF iconMusaza
  9. PDF iconMushikiri
  10. PDF iconNasho
  11. PDF iconNyamugari
  12. PDF iconNyarubuye

Kanda hanomurebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka MUHANGA

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:

  1. PDF iconCyeza
  2. PDF iconKabacuzi
  3. PDF iconKibangu
  4. PDF iconKibangu
  5. PDF iconMuhanga
  6. PDF iconMushishiro
  7. PDF iconNyabinoni
  8. PDF iconNyamabuye
  9. PDF iconNyarusange
  10. PDF iconRongi
  11. PDF iconRugendabari
  12. PDF iconShyogwe

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022:Akarere ka MUSANZE

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe

  1. PDF iconBusogo
  2. PDF iconCyuve
  3. PDF iconGacaca
  4. PDF iconGashaki
  5. PDF iconGataraga
  6. PDF iconKimonyi
  7. PDF iconKinigi
  8. PDF iconMuhoza
  9. PDF iconMuko
  10. PDF iconMusanze
  11. PDF iconNkotsi
  12. PDF iconNyange
  13. PDF iconRemera
  14. PDF iconRwaza
  15. PDF iconShingiro

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka NGOMA

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:

  1. PDF iconGashanda
  2. PDF iconJarama
  3. PDF iconKarembo
  4. PDF iconKazo
  5. PDF iconKibungo
  6. PDF iconMugesera
  7. PDF iconMurama
  8. PDF iconMutenderi
  9. PDF iconRemera
  10. PDF iconRukira
  11. PDF iconRukumberi
  12. PDF iconRurenge
  13. PDF iconSake
  14. PDF iconZaza
  15. PDF iconNgoma

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABLIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka NGORORERO

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wasabyemo maze wirebe :

  1. PDF iconBwira
  2. PDF iconGatumba
  3. PDF iconHindiro
  4. PDF iconKabaya
  5. PDF iconKageyo
  6. PDF iconKavumu
  7. PDF iconMatyazo
  8. PDF iconMuhanda
  9. PDF iconMuhororo
  10. PDF iconNdaro
  11. PDF iconNgororero
  12. PDF iconNyange
  13. PDF iconSovu

Kanda hano usome uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka NYABIHU

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe

  1. PDF iconBigogwe
  2. PDF iconJenda
  3. PDF iconJomba
  4. PDF iconKabatwa
  5. PDF iconKarago
  6. PDF iconKintobo
  7. PDF iconMukamira
  8. PDF iconMuringa
  9. PDF iconRambura
  10. PDF iconRugera
  11. PDF iconRurembo
  12. PDF iconShyira

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka NYAGATARE

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:

  1. PDF iconGatunda
  2. PDF iconKarama
  3. PDF iconKarangazi
  4. PDF iconKatabagemu
  5. PDF iconKiyombe
  6. PDF iconMatimba
  7. PDF iconMimuri
  8. PDF iconMukama
  9. PDF iconMusheri
  10. PDF iconNyagatare
  11. PDF iconRukomo
  12. PDF iconRwempasha
  13. PDF iconRwimiyaga
  14. PDF iconTabagwe

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022:Akarere ka NYAMASHEKE

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo wirebe:

  1. PDF iconBushekeri
  2. PDF iconBushenge
  3. PDF iconCyato
  4. PDF iconGihombo
  5. PDF iconKagano
  6. PDF iconKanjongo
  7. PDF iconKarambi
  8. PDF iconKarengera
  9. PDF iconKirimbi
  10. PDF iconMacuba
  11. PDF iconMahembe
  12. PDF iconNyabitekeri
  13. PDF iconRangiro
  14. PDF iconShangi
  15. PDF iconRuharambuga

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka NYANZA

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wasabyemo maze wirebe:

  1. PDF iconNyanza
  2. PDF iconBusasamana
  3. PDF iconBusoro
  4. PDF iconCyabakamyi
  5. PDF iconKibilizi
  6. PDF iconKigoma
  7. PDF iconMukingo
  8. PDF iconNtyazo
  9. PDF iconNyagisozi
  10. PDF iconRwabicumu

Kanda hano urebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










 

URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka NYARUGURU

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:










URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka Rubavu

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:










URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka RUHANGO

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:

  1. PDF iconBweramana
  2. PDF iconByimana
  3. PDF iconKabagali
  4. PDF iconKinazi
  5. PDF iconKinihira
  6. PDF iconMbuye
  7. PDF iconMwendo
  8. PDF iconNtongwe
  9. PDF iconRuhango

Kanda hano urrebe uru rutonde kurubuga rwa NISR










URUTONDE RW’ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka RULINDO

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:

  1. PDF iconBase
  2. PDF iconBurega
  3. PDF iconBushoki
  4. PDF iconBuyoga
  5. PDF iconCyinzuzi
  6. PDF iconCyungo
  7. PDF iconKinihira
  8. PDF iconKisaro
  9. PDF iconMasoro
  10. PDF iconMbogo
  11. PDF iconMurambi
  12. PDF iconNtarabana
  13. PDF iconRukozo
  14. PDF iconRusiga
  15. PDF iconShyorongi
  16. PDF iconTumba










URUTONDE RW`ABALIMU BASABYE AKAZI KO GUKORA IBARURA RY’ABATURAGE N’IMITURIRE RYA 2022: Akarere ka RUSIZI

0

Ku bufatanye bwa NISR, MINEDUC, MINALOC mu gutegura  ibarura ry’abaturage n’imiturire rya 2022 tuboherereje urutonde rw’abasabye gukora akazi k’Ibarura Rusange ry’Abaturage n’Imiturire rya 2022.

Nk’Uko byasobanuwe, akazi k’Ibarura kazakorwa n’abarimu bigisha amashuri abanza gusa ariyo mpamvu dusaba ko mugihe cyo gukora ibizami abantu bose bazaza bitwaje icyemezo (recommendation)cyerekana ko ari abarimu mumashuri abanza.

Turasaba abashinzwe Uburezi ku murenge kureba izi ntonde bakaturebera abatari abarimu ba primaire kugirango mu gihe cy’ijonjora batazadutwara umwanya wo gukora ikizamini batujuje ibisabwa. Turasaba ko lists zamanikwa kugirango abasabye akazi babimenye kandi tuzabamenyesha gahunda ikurikira ijyanye n’ ijonjora rizakorerwa ku mirenge.

Kanda kumurenge wiyandikishijemo maze wirebe:

  1. PDF iconBugarama
  2. PDF iconButare
  3. PDF iconBweyeye
  4. PDF iconGashonga
  5. PDF iconGiheke
  6. PDF iconGihundwe
  7. PDF iconGikundamvura
  8. PDF iconGitambi
  9. PDF iconKamembe
  10. PDF iconMuganza
  11. PDF iconMururu
  12. PDF iconNkanka
  13. PDF iconNkombo
  14. PDF iconNkungu
  15. PDF iconNyakabuye
  16. PDF iconNyakarenzo
  17. PDF iconNzahaha
  18. PDF iconRwimbogo










 

AKAZI

IMYANYA 10 YA SALESMAN MURI HUMING INTERNATIONAL FACTORY CO.LTD ....

Job Summary: We are looking for a motivated and results-driven Salesman to promote and sell our products. The ideal candidate should be customer-focused and capable of meeting sales targets. Main focus is selling thermos flasks and plastic products.

4 Job Positions at Clinton Health Access Initiative- Rwanda (CHAI) |  Kigali : Deadline: 05-06-2026

Technical Advisor, Digital Health CHAI Rwanda VACANCY ANNOUNCEMENT TITLE: Technical Advisor, Digital Health Program: Health Systems Strengthening Job Location: Kigali, Rwanda Type: Full time paid Start date: Immediately Organizational overview:  The Clinton Health Access Initiative, Inc. (CHAI) is a global health organization committed to our mission of saving...

Collections Officer at Numida Technologies | Kigali :Deadline: 12-05-2026

JOB TITLE: Collections Officer REPORTS TO: Credit Operations Manager JOB PURPOSE: The Collections Officer (Digital & Field) will be responsible for managing loan recoveriesthrough both desk-based (digital) and field activities. The role combines conducting collectionscalls, engaging clients through digital...

3 Job Positions of Laboratory Technologist at Lancet Laboratories Rwanda | Kigali :Deadline:...

JOB VACANCY: LABORATORY TECHNOLOGIST Number of Positions: 3 Location: Kigali Date Advertised: 07 May 2026 Closing Date: 10 May 2026 at 5:00 PM Job Summary We are seeking qualified and motivated Laboratory Technologists to support daily diagnostic laboratory operations. The successful candidates will ensure...

3 Job positions of Admin Clerk / Receptionist / Cashier Lancet Laboratories Rwanda |...

JOB VACANCY: ADMIN CLERK / RECEPTIONIST / CASHIER Number of Positions: 3 Location: Kigali Date Advertised: 07 May 2026 Closing Date: 10 May 2026 at 5:00 PM Job Summary We are seeking a professional and dependable Admin Clerk to join our team. The ideal...