MINEDUC imaze gutanga umuyoboro uzifashishwa ejo kuwa kane 14/12/2023 mugukurikira ibirori byo kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu

0
1863

Ibicishije kurukuta rwayo rwa X, MINEDUC imaze kumenyesha Abanyarwanda ko ejo ku wa kane, tariki ya 14 Ukuboza 2023, u Rwanda ruzizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Umwarimu kandi ko Ibirori bizabera ku INTARE ARENA-Rusororo.

Ikaba kandi yatanze umuyoboro wa YOUTUBE wakwifashisha ukazakurikirana ibyo birori.

Kanda hano ukurikire ibirori byo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’umwalimu

Kanda hano usome iri tangazo kurukuta rwa X rwa Mineduc












LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here