Messi arashaka gutsinda igitego Real Madrid nyuma y’iminsi 900 atareba mw’izamu ryayo!

    0
    517

    Lionel Messi  ukomoka mugihugu cya Brazil akaba na rutahizamu ukomeye cyane wa Barcelona akaba yaragiye anandika amateka meza kurusha bagenzi be, kuri ubu arimo gutegura umukino uramuhuza na mukeba Real Madrid aheruka gutsinda  igitego taliki ya 6 Gicurasi 2018.

    Uyu mukino utoroshye utegerejwe na benshi,  uraza kuba ukinwa muri iyi weekend kuwa gatandatu taliki ya 24.




    Rutahizamu Lionel Messi yatangaje ko we afite inyota yo ko ngera gutsinda mukeba nyuma y’iminsi igera kuri 900 atareba mw’izamu ryabo.

    Turabibutsa kandi ko Barcelona ifite umukino na Juventus ya Cristiano Ronaldo mumpera z’uku kwezi nawo ukaba ari undi mukino Messi arimo gutegura muburyo budasanzwe. Abashinzwe kumuba hafi batangaza ko arimo gukorana n’ikipe ndetse nyuma akanakora imyitozo kugiti cye!

    Twandikire muri Comment ku kibazo, icyifuzo cyangwa se inyunganizi waba ufite kuri iyi nkuru unayisangize inshuti n’abavandimwe,




    LEAVE A REPLY

    Please enter your comment!
    Please enter your name here