Itangazo rya BISI zigurishwa mumujyi wa Kigali: Deadline: 22/03/2024

0
780

Ubicishije kurubuga rwawo,umujyi wa Kigali wamenyesheje ibigo n’abantu kugiti cyabo bakora cyangwa bifuza gukora akazi ko gutwara abantu (Public transport) ko hari bisi zo mubwoko bwa YUTONG ZK6106HG zigurishwa.

Soma itangazo rikurikira ubone amakuru yose:

 

Kanda hano usome iri tagazo kurubuga rw’umujyi wa Kigali










LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here