Ibintu 11 abakundana bose bagomba kwitondera mbere yo gushinga urugo

0
1212

Utekereza ko wabonye umwe rukumbi kandi witeguye kuzamarana nawe ubuzima bwawe bwose? Mbere yo gufata umwanzuro wo kubijyamo soma neza izi ngingo twaguteguriye bizatuma urugo rwawe  ruhoramo amahirwe n’amahoro:




1.Menya ibimubabaza ndetse n’ibimushimisha hakiri kare

  1. Wige uburyo bwo kuganira nawe ndetse no mubihe bigoye

3. Kurikiza inama nziza z’A bake Dana

4. Gerageza musangire byose/ibyiza n’ibibi

5.Iga kwihangana mugihe bibaye ngombwa

6.Gerageza umenye ibibi by’uwo ukunda kugira ngo utazatungurwa

7.Mubwire byose umwereke ko ntacyo umuhisha

8.Musangize imishinga y’ejo hazaza ufite

9.Mutunguze impano zitaremereye kandi bizahoreho

10. Muganire n’imiryango yashakanye mbere yanyu

11. Menya Amateka y’uwo mukundana kugira ngo utazamukomeretsa mumvugo.

Erega ubwenge burarahurwa!




 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here