Gerageza ubu buryo niba urwaye umutwe udakira

0
2403

Abantu benshi bakunze kurwara umutwe udafite impamvu bakihutira gufata imiti ndetse akenshi badahawe na muganga, ugasanga ishobora kubatera ibindi bibazo nyamara bari bafite ubundi buryo bworoshye bakwifashisha.

Muri iyi nkuru, twaguteguriye bimwe mubyo wakora igihe warwaye umutwe ukongera ugasubirana ubuzima bwawe busanzwe.

  1. Kunywa Amazi menshi
  2. Kugabanya/ kureka Inzoga
  3. Gusinzira bihagije
  4. Gushyira agatambaro gakonje  kumutwe
  5. GuKora Yoga
  6. Kwirinda kujya ahantu hafite impumuro ikabije
  7. Kwirinda umunyu mwinshi
  8. Kunywa icyayi cya tangawizi
  9. Gukora Imyitozo ngororamubiri idakabije
  10. Kwitinda ahantu hari urusaku rwinshi

Tubibutse ko aringombwa kugana muganga igihe ukomeje kubabara umutwe,kugirango harebwe impamvu ibitera doreko kubisuzugura bishobora nokukuviramo ibibazo bikomeye birimo n’urupfu

Twandikire muri comment ku kibazo, icyifuzo cyangwa se inyunganizi kubyo tumaze kukugezaho




 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here