Eric Rutanga wahoze ari Kapiteni wa Rayon Sports agiye gukinira Police FC

    0
    889

    Eric Rutanga wari umaze imyaka itatu muri Rayon Sports ndetse akanayibera kapiteni mu mwaka w’imikino ushize, mu minsi ishize ni bwo yaguzwe n’ikipe ya Police FC ndetse anayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri.

    Uyu musore wamenyekanye cyane kw’izina rya Kamotera haherutse kuvugwa ko ari mubiganiro n’ikipe ya Yanga yo muri Tanzania, gusa kuri ubu amakuru yizewe nuko uyu Rutanga  Eric yarangije gusinyira ikipe ya Police Fc akaba agiye kuyikinira umwaka utaha w’imikino.

    Twandikire muri comment ku kibazo, icyifuzo cyangwa se inyunganizi waba ufite kubyo tumaze kukugezaho hejuru unabisangize abantu bawe.

    LEAVE A REPLY

    Please enter your comment!
    Please enter your name here