Sport

Ijambo rya Perezida wa Repubulika Paul KAGAME risoza umwaka wa 2023

Murwego rwo gusoza umwaka wa 2023; Nyakubahwa Perezida wa Repubulika Paul KAGAME yagejeje ijambo rikora kumutima w`abanyarwanda n`inshuti z`u Rwanda.…

4 months ago

Ubutumwa bw`umwaka mushya muhire wa 2024 kubakunzi b`AMAREBE.COM

Bakunzi bacu; Dufite ibyishimo byinshi dutewe n`urugendo twagendanye namwe. Imyaka tumaranye yatubereye umugisha mwinshi. Kudukurikira,Inama ndetse n`ibitekerezo byanyu byatubereye imbaraga…

4 months ago

Chemistry and Biology teacher A0 Under Statute at Rwanda Education Board (REB) :Deadline: Jan 8, 2024

To teach and educate students according to guidelines provided by the National Curriculum Framework under the overall guidance of the…

5 months ago

Inkuru nziza ku bafana ba Rayon Sports: Rayon Sports yamaze gusinyisha abakinnyi batatu bakomeye!!

Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha umukinnyi w’umurundi ukina mu kibuga hagati wahoze akinira iyo kipe, Kwizera Pierrot. Uyu mukinnyi…

2 years ago

Yooo Lionel Messi nawe yasanzwemo ubwoko bushya bwa COVID-19 (Omicron)

Yooo Lionel Messi nawe yasanzwemo ubwoko bushya bwa COVID-19 (Omicron) Paris Saint-Germain (PSG) yatangaje ko Lionel Messi, Juan Bernat, Sergio…

2 years ago

Cristiano Ronaldo arishimira igihembo yegukanye ubwo yahatanaga n’ibihangange birimo na mukeba we Lionel Messi.

Cristiano Ronaldo yahawe igihembo cya rutahizamu mwiza mu mateka y’isi nyuma yo gutsinda ibitego 800 mu birori byabereye i Dubai.…

2 years ago

Umusilamu Mohamed Salah akaba n`igihangange mumupira w`amaguru yavugishije benshi kubera kwishimira umunsi mukuru wa Noheli!

Mohamed Salah Hamed Mahrous Ghaly uzwi kumazina ya Mo Salah akaba Igihangange muri Ruhago ndetse kuri ubu akaba akinira ikipe…

2 years ago

Noneho abanyamakuru bakomeye ba siporo Mu Rwanda beruye bagaragaza amakipe bafana!!

Uko bukeye n’uko bwije abanyamakuru batandukanye bakomeza kugenda batangaza amakipe bafana mu Rwanda no ku Mugabane w’i Burayi by’umwihariko mu…

2 years ago

Cristiano Ronaldo na Messi batangajwe n’ibyo Neymar yavuze bidasanzwe!! (Soma nawe wiyumvire)

Rutahizamu w’ikipe ya PSG n’Ikipe y’Igihugu ya Brazil, Neymar Jr Santos yatangaje ko abakinnyi b’umupira w’amaguru bose bo ku Isi…

2 years ago

FC Barcelona irimo kurambagiza abakinnyi 2 bakomeye ba Manchester united

Ikipe ya FC Barcelona iri gutegereza uko yakwiyubaka muri uku kwezi kwa mbere kugira ngo irebe ko yazarangiza mu makipe…

2 years ago

Neymar Jr na Mbappe ntibacana uwaka nyuma yaho Lionel Messi agereye muri PSG (Dore icyabatandukanyije)

Amakuru aravuga ko kujya kwa Lionel Messi muri Paris Saint-Germain kwateje amakimbirane hagati ya Kylian Mbappe na Neymar bahoze ari…

2 years ago

Agashya muri Rayon Sport: Rayon yahagaritse abakinnyi babiri bakomeye kubera imyitwarire idahwitse

Abakinnyi babiri ba Rayon Sports basanzwe bari mu bakomeye muri iyi kipe, bahagaritswe n’ubuyobozi bwayo bubashinja kugaragaza imyitwarire idahwitse. Abakinnyi…

2 years ago

Yoooo!! Mu marira menshi, Kun Aguero wakiniraga ikipe ya FC Barcelona yasezeye,….. Abafana Bose abasigiye agahinda!

Rutahizamu w’umunya-Argentine wakiniraga ikipe ya FC Barcelona muri Espagne, Sergio Kun Aguero yasezeye umupira w’amaguru bitewe n’indwara y’umutima. Sergio Aguero…

2 years ago

Lionel Messi yongeye gutsinda bikomeye Christiano Ronaldo amutwata Ballon d’Or (Reba uko bakurikiranye)

Dore urutonde rugaragaza uko abakinnyi bahatanaga bakurikiranye: 30=. Cesar Azpilicueta (Chelsea) 29=. Luka Modric (Real Madrid) 28=. Gerard Moreno (Villarreal)…

2 years ago

Umusifuzi uzasifura umukino wa wa APR Vs Rayon Sport yamenyekanye!!!!!!

Mbere y’umunsi umwe ngo habe umukino ukomeye uzahuza Rayon Sports na APR FC uzaba kuri uyu wa Kabiri tariki 23…

2 years ago

Mu bakinnyi 30 ba Rayon Sports babiri babuze ibyangombwa

Mu bakinnyi 30 Rayon Sports yatanze izifashisha mu mwaka w’imikino wa 2021-22, babiri barimo rutahizamu  mushya w’umunya-Brazil Chrismar Malta Soares…

3 years ago

Perezida Museveni yishimiye inama yagiriye Imisambi ya Uganda bagatsinda Amavubi

Perezida Museveni wa Repubulika ya Uganda yishimiye ko inama yagiriye ikipe y’igihugu cye y’umupira w’amaguru, Uganda Cranes, yatumye itsinda ikipe…

3 years ago

Neymar Junior yatangaje inkuru yababaje abakunzi be (agiye guhagarika umupira w’amaguru bidatinze)

Neymar Junior yatangaje inkuru yababaje kubakunzi be (agiye guhagarika umupira w'amaguru bidatinze) Uyu mukinnyi w'imyaka 29 y'amavuko ukunze kugira udushya…

3 years ago

Lewandowski akuye Cristiano kumwanya wa kabiri, Reba uwo Fifa yagize Umukinnyi wa mbere mwiza wa 2022!!

Amamiriyoni y'abakunzi b'umupira w'amaguru ku isi bari bategereje urutonde rutangwa na FIFA rugaragaza Umukinnyi mwiza kandi ukunzwe kurusha abandi, Byatumye…

3 years ago

Cristiano Ronaldo ayoboye abandi bakinnyi ku rutonde rw’abinjiza agatubutse muri 2021-2022

Nyuma yo gusubira muri Manchester United, Cristiano Ronaldo yahigitse Lionel Messi ku rutonde rw’abakinnyi binjiza amafaranga menshi, aho azabona hafi…

3 years ago

Nibaza impamvu abantu bahora bangendaho- Kwizera Olivier yavuze amagambo akomeye nyuma yo kwirukanwa

Umunyezamu Kwizera Olivier uherutse kwirukanwa mu mwiherero w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ubwo yiteguraga imikino irimo uwo ikina uyu munsi,…

3 years ago

Kubera Messi: Ubuyobozi bwa Barcelona bwemeje ko iyi kipe yagize igihombo cya miliyoni 481

Ubuyobozi bwa Barcelona bwemeje ko iyi kipe yagize igihombo cya miliyoni 481 Inama y'ubutegetsi ya Barcelona yatangaje ko iyi kipe…

3 years ago

Mumikino yambere ya UEFA Champions League Manchester United na FC Barcelona zatangiye nabi cyane zitsindwa bikomeye

Ikipe ya Manchester United yabimburiye izindi gukina irushanwa ry’uyu mwaka,yatangiye itsindwa na Young Boys ibitego 2-1 ndetse irushwa cyane mu…

3 years ago

U Rwanda rwatangiye igikombe cy’Afurika ruha isomo u Burundi mu maso ya Perezida Kagame

Umunsi wa mbere w’igikombe cy’Afurika muri Volleyball kirimo kubera mu Rwanda, wasize mu itsinda A, u Rwanda rutsinze u Burundi…

3 years ago

Olivier Seif Wavuye muri APR FC biravugwa ko yaba ari mubiganiro na Rayon Sport.

Niyonzima Olivier Seif wamaze gusinyirira ikipe ya AS Kigali, yahakanye yivuye inyuma ko yaba yaragiranye ibiganiro na Rayon Sports yahozemo.…

3 years ago

This website uses cookies.