Biteye ubwoba: Ngo Leta yatanze uburenganzira bwo gucuruza inyama z’abantu muri Restaurant.

0
1120

Nubwo abantu basanzwe bategura amafunguro yabo muburyo butandukanye bagendengeye kumico yaburi gace k’isi, ntibisanzwe kumvako hari agace gakoresha inyama z’abantu nk’ibyo kurya byomubuzima bwaburimunsi.




Nkuko byatangajwe n’ ikinyamakuru empirenews.net gikorera mugihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika, Restaurant yitwa SKIN (uruhu) ikorera mumugi wa New york city  iherutse guhabwa uruhushya rusesuye na Leta  rwokujya bategura inyama z’abantu nk’ibyo kurya  mukazi kabo kaburimunsi.




Nkuko icyo kinyamakuru gikomeza kibivuga, abayobozi biyo restaurant basobanurako bahawe ubwo burenganzira  aruko bamaze gusobanurako bazajya bacuruza inyama z’imibiri yabantu bigurishije mbere yuko bapfa, binyuze kumasezerano umuntu azajya abanza kugirana n’iyo restaurant bakabona kumwishyura.




Abayobozi b’iyi restaurant kandi bakaba bahamyako  uretse nokugabura izi nyama ahubwo ikigikorwa kizanagirira  abantu benshi akamaro kuko bishyura neza uwabemereye umurambo ndetse n’amafaranga yagombaga gukoreshwa mumihango yo gushyingura akaba yakoreshwa ibindi!!

Wasoma iyi nkuru birambuye

 




LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here