IKI NICYO GIHE! TUGUHAYE IKAZE!

0
1158

None se wowe ntubibona? Isi yacu irahinduka kumuvuduko uteye ubwoba. Ikorana buhanga rigezweho (AI & ROBOT) riradutegeka guhindura uburyo twari tubayeho kugirango tudatakara munzira! Bamwe bati ni iminsi yanyuma, bati ni ikimenyetso cya shitani, bati twebwe ntituzabikoresha, ngo uzabikoraho azarimbuka, bati byaje kuduhindura amarobo, ngo bigiye kudutwarira akazi, mbese abantu bacitse ururondogoro, amagambo yababanye menshi! Ariko se koko ibi bibazo twibajije hano n`ibindi bisa nkabyo byaba bifite ishingiro? Wowe ubibona ute?

Bakunzi bacu,

AMAREBE Y`URWANDA TV ni umuyoboro wa Youtube washyiriweho:

✅ Kugusangiza ibisubizo kubibazo bisa nk`ibi,aho tukubwira aho ikoranabuhanga rigeze,ibyo ririmo gukora yaba mubuzima busanzwe cyangwa no mubuzima bwa gikirisitu,ariko tukanakubwira uburyo bunyuranye ushobora kuribyaza umugati aho kwirirwa urivuma cyangwa urirebera kure nk`iritakureba kuzageza ubwo rizaguhirika nyamara warufite ubushobozi bwo kurikoresha nk`igikoresho wabyaza umusaruro!

✅ Kugusangiza ubuhamya bw`ibyo Imana yadukoreye mumazina yabyo, ntakubica kuruhande tugamije guhumuriza abafite ibibazo nkibyo twagiye tunyuramo cyangwa se bifitanye isano ngo bakomere kandi biringire ko Imana Izabatabara nkuko natwe yagiye Idutabara mubihe binyuranye.

✅ Kutubera urubuga rwiza rwo gushima Imana Ibyo igenda ikora mubuzima bwacu bwaburi munsi, kumugaragaro tukayibwira tuti ntabwo ufite zeru, imirimo yawe iraboneka, turayigushimiye.

🌍 NONE SE NTIWISHIMIYE KUBANA NATWE KURI UWO                        MUYOBORO?

Abagera hafi kuri 500 bamaze gukora subscribe muri uwo muryango w`AMAREBE Y`URWANDA TV! Turabashimiye.

Tuzashimishwa cyane no kubona nawe uje kugumana natwe muri ibyo biganiro byiza dukora.

👉 Kanda hano ujye kumuyoboro w`AMAREBE Y`URWANDA TV

👉 Kanda kuri SUBSCRIBE kugira ngo ntuzacikwe n’ibiganiro bishya.

👉 Sangiza n’inshuti n’umuryango kugira ngo ubutumwa bugere kure.

🙏 Dufatanije, birashoboka!!

Kanda hano ujye kuri youtube channel y`amarebe y`Urwaranda TV












LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here