Wamenyeko iyi miti yahagaritswe?Ntuyigure,Ntuyikoreshe!

0
3094

Ibinyujije kurukuta rwayo rwa X, Rwanda FDA yamenyesheje abantu bose ko ihagaritse itumizwa, ikwirakwizwa n’ikoreshwa ry’imiti yose y’ibinini yitwa RELIEF, kugeza igihe hazafatirwa ikindi cyemezo.

Soma itangazo ryose:

Image

Image

Kanda hano usome iri tangazo kurukuta rwa FDA












LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here