Ndabiziko duhuriye kucyifuzo cyo kugira weekend nziza nyuma y’iminsi 5 iba itoroshye, iba yuzuyemo intambara zitandukanye zo gushaka ubuzima,akazi kagoye, kwitegura kujyana abana mumashuli ndetse n’izindi strangles zitandukanye.
Amarebe yahisemo kugutura aka karirimbo IJISHO RY’IMANA y’itsinda SAUTI HEWANI MINISTRIES.
Kagushimishe, kagufasha kuruhuka Kandi kakongerere imbaraga wibukako ibyacu byose Imana Ibizi Kandi ko nta kure wagera Itagukura Kandi ko nta n’ubuzima wabamo Itaguhindurira.
Kanda hano urebe aka karirimbo