Inama 5 kumugore ushaka ko umugabo we ashyukwa neza.

0
9259

Nkuko nubundi ntakintu wabona utagiharaniye, ningombwa ko abagore bamenya ko uruhare rwabo ari ingenzi mugushyukwa kw’abagabo mugihe cyo gutera akabariro.

amarebe.com yabateguriye inama 5 zabafasha gutuma abagabo banyu bashyukwa neza.

1. Menya ibintu bikurura umugabo wawe kurusha ibindi

Nubwo abagabo benshi bakururwa n’ibyo barebesheje amaso, nibyiza kumenya igikurura uwawe akaba arinacyo umubanza imbere.Icyakora wirinde gukabiriza kuko siko abagabo bose babikunda.

2. Mwereke ko ukunze igitsina cye cyaba gihagaze cyangwa kiguye.

Kuberako hari abagabo baterwa ipfunwe nokugira igitsina kitabasha guhagarara neza igihe bari kumwe n’abagore bakunda, nibyiza ko umugore abwira umugabo ko akunda igitsina cye uko kimeze kose, akamusoma, amukorakora, ndetse akanamubwira amagambo meza.

3. Fata igihe gihagije cyo gutegura umugabo wawe.

Nibyiza ko wereka umugabo wawe ko utanezezwa gusa n’imibonano mpuzabitsina, ko ahubwo nokugukorakora, kugusoma, kugupfumbata nabyo bigushimisha. Ibi byose bishobora gutuma igitsina cye gihaguruka.

4.Shyira umutima wose kumwanya murimo

Nibyiza gukurikirana imihindukire n’amaranga mutima y’umugabo wawe ndetse ukanamufasha kugera kure hashoboka kugirango ibihe byanyu birusheho kuba byiza.

 

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here