Zirikana ibi bintu mbere y`amatora y`umukuru w`igihugu n`abadepite ateganijwe kuwa 15/07/2024

0
1304

Imyiteguro irarambanije;abakandida bakomeje ibikorwa byabo byo kwiyamamaza;abaturage nabo bati italiki niyo idutindiye!!

Komisiyo y`igihugu y`amatora nayo yakomeje akazi kayo ko gusobanurira abazatora ibikenewe byose ndetse nuko iki gikorwa giteganijwe kugenda kugirango uriya munsi uzarusheho kuba ntamakemwa.

Reba bumwe mubutumwa bw’ingenzi iyi Komisiyo yatanze ukwiriye kuzirikana mbere yo kugana kubiro by`itora:

  1. SOBANUKIRWA: Icyangombwa uzajya gutora azitwaza ni indangamuntu gusa. Nta karita y’itora izakenerwa mu matora ya Perezida wa Repubulika n’Abadepite yo muri Nyakanga 2024

Image

Kanda hanourebe ubu butumwa kurukuta rwa X rwa Komisiyo y`amatora


2. Amabara y’impapuro z’itora mu matora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite zizaba zifite amabara atandukanye:

Image

Kanda hano ubone ubu butumwa kurukuta rwa X rwa Komisiyo y`amatora











LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here