Home Blog Page 1080

Irebere abagore 4 bahiga abandi kugira ikibuno kinini Ku isi

0

Twari tumenyereye kubona amarushanwa mumikino inyuranye, mubwiza, mukwerekana imideri ndetse nomubindi bitandukanye.

Muri iyi nkuru twaguteguriye abagore bane (4) barusha abandi ikibuno kinini Ku si :




1. Mikel Ruffinelli

Uyu mugore akomoka mugihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika, akaba ariwe ufite agahigo kokugira ikibuno kinini ku isi. Uyu mugore w’imyaka 48,  upima ibilo birenga 190 n’uburebure bwa m 1.62 akaba afite ikibuno gifite umuzenguruko ugera kuri m 2.4!!




2.Denise Souder

Denise Souder, umugore ufite ikibuno cya 2 mubunini ku isi

Uyu mugore witwa Denise Souder, uzwi kumazina ya  ‘Sweet Cheeks’ w’imyaka 56, akomoko mugihugu cya Leta zunze ubumwe za Amerika, aza kumwanya wa kabili mubafite ikibuno kinini kuko icye gipima m 1.8 by’umuzenguruko bingana n’inshuro ebyiri ikibuno cy’umugore munini bisanzwe.




3. Marlena Plummer

Marlena Plummer, umwe mubagore bafite ikibuno kinini ku isi

Marlena Plummer nawe numwe mubagore  baciye agahigo ko kugira ikibuno kinini ku isi. Uyu munyamerika kazi w’imyaka 35  afite ikibuno gipima  umuzenguruko ungana na m 1.6 !




4. Claudia Floraunce

Claudia Floraunce

Uyu mugore nawe ukomoka mugihugu cya Australia ariko akaba aba muri Leta zunze ubumwe za America, ashyirwa kurutonde rw’abagore bafite ikibuno kiruta iby’abandi kuwisi.

Claudia Floraunce akaba asanzwe ari umunyamideli ndetse n’umukinnyi wa za filmes.




Ubutumwa 30 bwaryoshya umunsi mukuru w’amavuko w’uwawe.

0

Bakunzi bacu, munyandiko zabanje twabasangije ubutumwa buryoheye ibihe bitandukanye by’urukundo. Munkuru yacu y’uyu munsi twabateguriye ubutumwa wagenera umuntu wawe, ukaryoshya umunsi we w’amavuko.




I. Kumuntu wakugiriye neza

1. Ntabwo mba mbayeho nkuko meze ubu  iyo ntakugira ndetse n’imbaraga wakoresheje. Nkwifurije ibyishimo  uyu munsi ndetse n’iminsi yose.

2. Inzira unyuramo yuzure urukundo no gutsinda wifuza. Warakoze kubwabyose wankoreye.




3. Umunsi mwiza w’amavuko kuri wowe .Nibaza uko narikubaho ntagufute. Ntusanzwe kurinjye. Ndagushimiye kubwabyose kandi nkwifurije kuryoherwa n’uyu munsi udasanzwe.

4. Akamaro wangiriye kantegetse kukwifuruza umunsi mwiza w’amavuko inshuro nyinshi. Nkwifurije umunezero nokugera kunzozi zawe.




II. Kunshuti yawe

1.Umunsi mwiza w’amavuko nshuti yanjye y’amagara. Warakoze kunkunda kurusha uko undiwese ankunda.

2. Nkwifurije indi myaka myinshi dukundana kandi twishimana. Ugire umunsi mwiza w’amavuko.




3. Sinabona uko mvuga ibyiza byo gukundana nawe. Warakoze kubwa byose nibuka. Umunsi mwiza w’amavuko.

4. Uyumunsi ugire umunsi mwiza. Ukwiriye kuwifurizwa.  Warakoze kumbera inshuti ugatuma menya icyo kwishima bivuze. Ugire munsi mwiza




5. Ntewe ishema no kwizihiza uyumunsi  ndikumwe n’inshuti idasanzwe nkawe. Ugire umunsi mwiza w’amavuko.




III. Duto kandi turyoshye.

1. Umunsi mwiza w’amavuko! Umunsi wawe wuzuremo urukundo n’ibyishimo.

2.Ndizerako uyumunsi ukuryohera kurusha indiminsi y’amavuko wagize. Komeza wisekere!

3.Ugire umunsi mwiza. Komeza wishime nkuko usanzwe.

IV. Kumuvandimwe wawe

1. Umunsi mwiza w’amavuko. Muvandimwe, uri uwigiciro. Warakoze guhorana nanjye. Ndakubaha cyane.

2.Muvandimwe, umunsi mwiza w’amavuko. Warakoze kuba uwo uriwe kurinjye. Kuvukana nawe ni iby’agaciro.

3.Umunsi mwiza w’amavuko Muvandimwe. Komeza ukurire hafi yanjye.

4. Muvandimwe nkunda cyane, warakoze gukomeza kumbera urugero rwiza. kubana nawe byampaye igisobanuro cy’ isi. Ugire umunsi mwiza w’amavuko.

V. Ku umukunzi wawe

1. Mutima, ugire umunsi mwiza w’amavuko. Ndizerako uyumumsi ukubera udasanzwe.

2. Rudasumbwa, umunsi mwiza w’amavuko. Sinabona amagambo yasobanura icyo uvuze kurinjye.Warakoze kuntwara umutima nogukomeza kuwutetesha. Iminsi ikomeze ikubere myiza.

3. Ubuzima butarimo urukundo rwawe  ntagisobanuro bwaba  bufite. Mpora nishimira uko tubanye. Ugire umunsi mwiza w’amavuko.

4. Uri imirasire yanjye y’izuba. Warakoze cyane gutuma ubuzima bwanjye bumurika kurushaho. Igitwenge cyawe nink’indirimbo nziza mumatwi yanjye, inseko yawe imurika no mumwijima w’icuraburindi. Ndifuza ko indi minsi y’amavuko twazayisangirira hamwe.

VI. Mugihe umunsi w’amavuko wahuriranye n’ ibindi bintu bikomeye.

1. Mbikuye kumuta, nishimiye kwizihizanya nawe uyu munsi udasanzwe . Ugire umunsi mwiza mukunzi.

2. Ishime cyane kandi inzozi zawe zibe impamo. Ugire umunsi mwiza w’amavuko.

3. Ibyiza biri imbere, ishimire umunsi wawe udasanzwe. Umunsi mwiza w’amavuko.

4. Uyumwaka ugutunguze ibyishimo n’umunezero. Nkwifurije umunsi mwiza w’amavuko.

5.Ubu butumwa buvuye kumuntu ukuzirikana. Nkwifurije ibyiza byose kuri uyumunsi w’amavuko.

6. Uyu mwaka uzakubere udasanzwe muri byose. Ugire umunsi mwiza w’amavuko mukundwa!

7. Wakuze kuruta ejo hashize ariko nanone uri mutoya kuruta ejo hazaza.Nkwifurije umunsi mwiza w’amavuko.

8. Kuba kure ntacyo bivuze mugihe ufite ukubereye byose! Ugire umunsi mwiza w’amavuko.

9. Mbese ibilometero byinshi byagutandukanya n’umukunzi wawe? Isabukuru nziza!

10. Ndakwinginze ntuzimye buji butaraza! Ugire isabukuru nziza!

Izindi nkuru wasoma

1. Amagambo matoya cyane ariko agera kumutima w`uwo ukunda

2. Uri inkingi z’isi ntuyemo !.Izindi SMS z’urukundo wakoresha mugitondo

Coronavirus: Abagera kuri 5 bamaze kwiyahura kubera Coronavirus

0

Nkahandi hose ku isi, kuguma murugo ni intwaro ikome irimo gukoreshwa no mugihugu cy’ubwongereza muguhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo coronavirus.

Nkuko byatangajwe na kimwe mubinyamakuru byandikirwa muri iki gihugu, umwangavu w’imyaka 19 witwaga Emely Owen yitabye Imana  taliki ya 18 Werurwe 2020 mubitaro nyuma yokugerageza kwiyahura kubera gutinya kuzafungirwa murugo murwego rwo kwirinda coronavirus.




Nkuko icyo kinyamakuru kibivuga, ngo Emely yaba yaramaze iminsi mikeya abwiye umuryango we ko abona ko muri ikigihe kitoroshye abantu benshi bazapfa bazize  kwiyahura kurenza abazicwa na coronavirus ubwayo.

Umuvandimwe wa Emely  witwa Annabel Owen, yavuzeko mbere yuko Emely yiyahura, yakundaga gukurikirana ibya coronavirus, ariko agahora ahangayikishijwe cyane n’ingaruka zizaterwa no gukingiranira abantu ahantu hamwe cyane cyane  kubuzima  bwabo bwo mumutwe.




Uwo muvandimwe yakomeje agira ati << Twese  dufite umubabaro ukomeye ariko tunatewe ishema n’ibyo yaramaze kugeraho. Abantu benshi baduhaye ubutumwa batubwira ibyiza Emely yabafashije kugeraho mugihe bari mubihe  bigoye nubwo twebwe ntacyo twari tubiziho.

Yakomeje  avugako kuri benshi Emely yari umukobwa ushimishije, uhora yishimye kandi wintwari.>>

Mubuhamya bwatanzwe kandi harimo ubw’umukoresha we  (Urunywero rwitwa The Kings Arm Pub rubarizwa mugace kitwa Shouldham muri Norfol) nawe wavuzeko babuze umukozi mwiza kandiko  bazamukumbura.




Nkuko iki kinyamakuru gikomeza kibivuga, ururupfu rwaje rukurikira izindi mfu 4 zirimo abaforomo 2 biyahuye mugihugu cy’ubutaliyani kubera ihungabana bakuye mumirimo yokwita kubarwayi ba coronavirus; umugabo w’umuhinde wiyahuye amaze kumenyako yanduye ariko adashaka kwanduza umuryango we ndetse n’undi muforomo wo mumugi wa Landon nubwo ntabimenyetso bifatika byerekanako urupfu rwe rufite aho ruhuriye na coronavirus.

Izindi nkuru bijyanye

1. Dore ibyibanze wafashisha uwagaragaje ibimenyetso byo gushaka kwiyahura.

2. Kwiyahura kwabaye kwinshi: Ibimenyetso bikomeye by’umuntu ushobora kwiyagura

 




Sobanukirwa n ‘abafarisayo ndetse n’abasadukayo bavugwa muri Bibiliya

0

Bakunzi bacu, benshi mubakunda gusoma Bibiliya cyangwa bagakurikirana amateka yayo, ntagushidikanya ko mwigeze gusoma cyangwa kumva ibijyanye n’ibyiciro bibili by’abantu bikomeye bivugwa mubitabo byinshi by’ivanjiri. Abo ni Abasadukayo n’abafarisayo.

Muri iyinkuru, twabateguriye byinshi kumateka yabo ndetse n’itandukaniro riri hagati yabo:




I. ABASADUKAYO

Aba bari bantu ki?




Mubuzima busanzwe bari abantu bakize, bafite imirimo ikomeye muri societe ndetse bagize igice kinini cy’inama nkuru y’igihugu yitwa Sanhedrin. Iki gice kandi cyitaga cyane kubirebana na politique y’igihugu kurusha iby’idini kandi ugasanga ntabusabane bagirana n’abaturage basanzwe (rubanda rugufi)




Bizeraga kandi basengaga bate?




Iki gice cyafata ibyanditswe nk’ibyavuye ku Mana yonyine, bagakunda gusigasira ubushobozi bw’ijambo ry’Imana cyane cyane ibitabo bya Mose. Abasadukayo bumvaga bihagije mu mibereho ku buryo batemera uruhare rw’Imana mubyo bafite.

Aba kandi bahakanaga umuzuko w’abapfuye uwo ariwo wose (Mat 22:23), bahakana ubuzima bw’inyuma y’urupfu n’ibizakurikira urubanza rw’inyuma y’urupfu, ndetse bakanahakana ukubaho kw’isi y’umwuka; abamarayika cg abadayimoni (Ibyakozwe 23:8).




II. ABAFARISAYO

Abafarisayo bo bari bantuki?




Mubuzima busanzwe aba bari abacuruzi bo mu cyiciro giciriritse, begereye cyane abaturage basanzwe (rubanda rugufi), bakaba ariko baragiraga ijambo nabo  munama nkuru y’igihugu (Conseil Supreme) barikuye ugukundwa cyane na rubandari rugufi




Bemeraga kandi basengaga gute?




Aba bafataga ibyanditswe nk’ibyahumetswe n’Imana bakagira imigenzo bagiye bahanahana kuva kuri ba sogokuruza babo kandi bakayiha agaciro
kangana nako baha ijambo ry’Imana kabone naho iyo migenzo itaba yanditse.
Uko imyaka yagiye isimburana, iyo migenzo yagiye yongerwa kw’ijambo ry’Imana bakabiha agaciro kangana.(Matayo 15:1-9; Matayo 23:5-6; Mariko 7:1-23)

Iki gice cy’abantu, kizeraga ko Imana itegeka byose ariko umuntu afite uruhare mu myanzuro ku buzima bwe, ndetse bakizera kuzuka kw’abapfuye (Ibyakozwe 23:7-8).

Abafarizayo kandi bizeraga ko inyuma y’urupfu hari ubundi buzima buzabamo ibihembo bikwiranye n’ibyo umuntu
yakoze akiriho ndetse bakizerako hariho
isi y’umwuka ibaho (abamarayika , abadayimoni)




Nyakubahwa Perezida Paul Kagame arihanganisha abanyarwanda mungorane bariguterwa n’icyorezo Covid-19

0

Ibingibi umukuru w’igihugu yabisabye abanyarwanda mu ijambo ry’ihumure yabagejejeho  kumugoroba wo kuwa gatanu taliki ya 27 Werurwe 2020 ubwo yabwiraga abanyarwanda uko iki cyorezo gihagaze by’umwihariko mu Rwanda.

Umukuru w’igihugu abicishije  kuri Televiziyo y’igihugu, yabanje gushimira abanyarwanda bose uburyo bakomeje gushyira mubikorwa ingamba Leta yashyizeho zokwirinda icyorezo cya Covid-19, ndetse anashimira inzego z’ubuvuzi kubwitange zirimo gukorana mukuvura abanduye ndetse no gukomeza gupima ubwandu bushyashya.

Nyakubahwa perezida wa Repuburika yibukije ko ubu  u Rwanda rumaze kugira abagera kuri 54 bamaze kugaragarwaho n’ icyorezo Covid-19 icyakora avugako uyumubare ushobora gukomeza kwiyongera bitewe nuko hakomeje gushakishwa ababa baragize ahobahurira n’abanduye iyi ndwara ngo abo yabonekaho nabo bitabweho.

Umukuru w’igihugu kandi yakomoje ku ihagarikwa ry’ingendo zomukirere ndetse n’izimbere mugihugu nka zimwe mungamba zikomeye zafashwe mugukumira ubwiyongere bw’icyorezo covid-19, ariko akomeza anibutsa abanyarwanda bose gukomeza kubahiriza n’izindi ngamba zashyizweho zirimo kuguma murugo nokwirinda ingendo zitari ngombwa, gusiga umwanya ungana nibura na metero hagati y’umuntu n’undi, gukaraba intoki kenshi ukoresheje amazi meza n’isabune ndetse nokumenyesha inzego z’ibanze igihe ubonye ukekwaho iyi ndwara.

Umukuru w’igihugu yakomeje asaba abanyarwanda kwihanganira ingaruka z’icyorezo Covid-19 anabahumurizako Leta izakomeza gukora uko ishoboye igatanga ubufasha kubikorera ndetse nokubonera inkunga abatishoboye.

Nyakubahwa Perezida wa Repubulika yasoje ijambo rye ashimira abafatanya bikorwa murugamba rwoguhangana na Covid-19 barimo Umuryango mpuzamahanga wita kubuzima OMS /WHO ndetse n’umuherwe JAck Ma kunkunga y’ibitekerezo ndetse n’ibikoresho bahaye igihugu cy’u Rwanda. Yanongeye gushima inzego z’ubuvuzi zikuriwe na  Minisiteri y’ubuzima ndetse n’izindi nzego zikuriwe na Minisitiri w’intebe, kubufatanye bakomeje kugaragaza muguhangana n’iki cyorezo.

Nyakubahwa Perezida wa Repuburika yanibukije abanyarwanda bose ko umusanzu waburi muntu ukenewe  murugamba rwokurwanya  icyorezo Covid-19 ndetse asoza ijambo rye yifuriza abanyarwanda bose amahoro y’Imana.




Covid-19: Mu Rwanda 50 bamaze kugaragarwaho n’icyorezo Covid-19

0

Nkuko byatangajwe na Minisiteri y’ubuzima, mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wakane taliki ya 26/03/2020, abantu 50 nibo bamaze kugaragarwaho n’icyorezo covid-19.

Nkuko iri tangazo rikomeza ribisobanura, uyumubare wuzujwe n’abarwayi  bashyashya 9 baje biyongera kubarwayi bari basanzwe bakurikiranirwa hafi n’abaganga mu Rwanda.




Batanu (5) muri aba barwayi bashya bakaba baraje baturutse i Dubai, umwe avuye muri Leta zunze ubumwe z’America, umwe mubu Holandi ndetse n’abandi 2 batahuwe ko bahuye n’abanduye iyi ndwara mu Rwanda.

Nkuko iritangazo rikomeza ribivuga, Aba barwayi bose bakomeje gukurikiranirwa n’abaganga ahantu habugenewe kandi ko kugeza ubu ntawe urembye muribo.

Nubwo bimeze bityo, iyi Minisiteri ikaba ikomeza gukangurira abaturage bose gukomeza kwitwararika bashyira mubikorwa ingamba zose Leta yashyizeho zoguhangana n’icyirezo COVID-19.

Mugihe iyi ndwara ikomeje kuvugwaho byinshi bitandukanye ndetse byinshi ugasanga bitari ukuri bikaba binashobora kubangamira urugamba rwo kuyirwanya, ni ngombwa ko ukomeza kuzirikana ibi bibikurikira:




1. Coronavirus ni imwe mumavirusi ashobora gutera ibibazo byinshi icyarimwe nk’ibicurane, indwara mumyanya y’ubuhumekero n’izindi.

2.  Nubwo Covid-19 ishobora kugira ibimenyetso byinshi, ibiza ku ikubitiro ni umuriro, ibicurane/inkorora no kudahumeka neza.

3. Itsinda ry’ abaganga b’abafaransa rivugako nubwo ntawe itinya, iyindwara yibasira abanyantege nkeya kurenza abandi bantu. Twavuga abarwayi ba diabete, abagira ibibazo by’umutima, umuvudiko  udasanzwe w’amaraso , abarwayi b’impyiko n’abandi nkabo.

4. Iyindwara ntirabonerwa umuti cyangwa urukingo. Uretse uburyo bwokuvura ibimenyetso by’iyindwara arinabwo bwonyine burimo gukoreshwa, nibyiza gufata amazi ahagaije nokuruhuka  bihagije.

5. Iyi ndwara yandurira mukwegerana cyane (munsi ya metro) n’uyirwaye,

6. Iyi virus ntabwo iterwa n’amatungo yomurugo n’ubwo hari abashakashatsi  bavugako iyindwara yagiye igira ubukana muduce turimo abantu babana munzu n’amatungo yabo.

7. Kwisuzuma biroroshye

Ushobora kwisuzuma iyi ndwara ukoresheje kwirebaho ibimenyetso (umuriro, ibicurane, kudahumeka neza n’ibindi) cyane cyane muminsi 14 ikurikira umunsi ukeka wahuriyeho n’uyirwaye.

8. Hashyizweho imirongo y’ubutabazi

Mugihe wibonyeho ibimenyetso cyangwa ukabibona kuwo murikumwe, ni inshingano zawe guhamagara service z’ubuzima kuri numero itishyurwa  ya 114 cyangwa se ukohereza ubutumwa bwa WhatsApp kuri numero +250788202080 ndetse ukaba wanakoresha email: callcenter@rbc.gov.rw

9. Kuguma murugo ni intwaro ikomeye yogukumira ubwandu bw’iki cyorezo




Indi nkuru bijyanye:

1. Guma murugo: Ibimenyetso 10 ugomba guhora wigenzuraho kowanduye covid-19.

Guma murugo: Ibimenyetso 10 ugomba guhora wigenzuraho kowanduye covid-19.

0

Bakunzi bacu, mugihe isi ikomeje guhungabanywa n’icyorezo Covid-19 ndetse n’ibihugu bikaba bikomeje gushyiraho ingamba zinyuranye zogukumira iyindwara, zirimo no kuguma mungo zabo, twifashishije inyandiko z’itsinda ry’abaganga bo mugihugu cy’Ubufaransa twabateguriye ibimenyetso 10 ushobora kujya wigenzuraho ndetse ukanabigenzura kubawe nibura buri gitondo kugirango umenye vuba niba wanduye iki cyorezo.




1.Inkorora

Nubwo kurwara inkorora ushobora kubibona nk’ibisanzwe, nyamara niwibonaho inkorora idacika ndetse ukagira n’umuriro, ihutire kumenyesha inzego z’ubuzima kugirango zigusuzume icyorezo  cya Covid-19.




2. Umuriro

Ubusanzwe kugira umuriro ntibisobanuye kuba wanduye icyorezo cya Covid-19 ariko igihe ugize hejuru ya degere 38, ugakorora, ukaribwa umutwe, ukiyumvamo umunaniro uvanze nogucika intege, uzihutire guhamagara service z’ubuzima zigukorere ibizamini.




3. Kuribwa umutwe

Nibura umurwayi umwe kubarwayi 5 ba covid-19 bababara umutwe yaba kuburyo bworoheje cyangwa bukabije ndetse akenshi bakanazungera (isereri). Iyo ufashe paracetamol ukabona ububabare ntibugabanuka cyangwa se bigakurikirwa n’ibindi bimenyetso, nibyiza kwihutira kujya kwamuganga cyangwa ugahanagara inzego z’ubuzima bakagukorera ibizamini. Sibyiza gufata umuti uzwi nka ibuprofene kuko yongera ibibazo.




4. Amavunane

Ubundi iki kimenyetso gisanzwe kigaragara kubicurane bisanzwe ariko coronavirus nayo ishobora gutuma ubabara mungingo no mumitsi ukumva wacitse intege, unaniwe kuburyo wumva ushaka gusa kwiruhukira.

Niwiyumvaho iki kimenyetso, ntukitiranye n’umunaniro usanzwe  ahubwo uzatekereze kuri covid-19 cyane cyane iyo wumva utazi iyo byaturutse.




5. Umunaniro ukabije

Uwafashwe na Covid-19, ntabwo yumva amavunane gusa ahubwo bishobora nukugeza kurwego rw’umunaniro ukabije kandi uherekejwe na bimwe cyangwa byose mubimenyetso twavuze haruguru bitewe n’imiterere isanzwe y’umurwayi.




6. Guhumeka nabi

Nkuko tubikesha amatsinda atandukanye  y’abaganga ,Umwe mubarwayi batanu ba covid-19 agira ikibazo cyoguhumeka nabi nokubura umwuka. Niba muburyo butunguranye ugize ikibazo cyo kudahumeka neza ndetse kigakurikirwa n’ibindi bimenyetso, nibyiza gutekereza vuba kuri covid-19 ukitabaza inzego z’ubuzima ngo ukorerwe ibizamini.




7.Kubabara mugatuza

Ububabare bwo mugatuza kandi ntayindi mpamvu ukeka yabiguteye ndetse no huhera umwuka kwa hato nahato nikimwe mubimenyetso bya covid-19. Ihutire kwipimisha igihe ubyibonyeho cyangwa ubibonye kuwawe.




8. Uburwayi bwo mumyanya y’ubuhumekero

Iyo ugifatwa n’iyi ndwara ushobora kurwara ibicurane, nyamara uko indwara ikara ishobora kuguteza ibindi bibazo bikomeye mumyanya y’ubuhumekero  Kuburyo bisaba guca mucyuma (radio) ndetse bikaba byarangira bakongereye umwuka (oxygen) kugirango ubashe guhumeka neza.




9. Ibibazo by’impyiko

Birashoboka ko Covid-19 yagera kurwego inafata impyiko kuburyo zitabasha gukora akazi kazo neza karimo nokuyungurura amaraso.




10.Kurwarira rimwe ingingo zinyuranye

Indwara ya Covid-19 ishobora gutera kwangirika kwihuse kw ‘ingingo nyinshi z’umubiri icyarimwe, kuburyo utabonye ubufasha bw’abaganga bwihuse ushobora guhita witaba Imana.

Ha agaciro rero kumenyesha inzego z’ubuzima ikibazo cyose ugize cyane cyane muri ibibihe abantu bagirwa inama yo kuguma murugo.




Izindi nkuru kuri  COVID-19

1. Coronavirus: Ubuhamya bubabaje bw’umuryango uri mukato kubera Coronavirus

2. Yafunguye akabari bibujijwe acibwa amande agera kumayero 4 000

3. Uretse Coronavirus, reba ibindi byorezo 20 byigeze kuyogoza isi

 

 

 

 

Coronavirus: Ubuhamya bubabaje bw’umuryango uri mukato kubera Coronavirus

0

Muri ibibihe bitoroheye abatuye isi bose kubera icyorezo cya coronavirus, aho abanduye bibagora kwiyakira ndetse abandi bakihisha ngo badashyirwa mukato kubera ubwoba ndetse n’imyumvire idashyitse,  muri iyinkuru turabagezaho ubuhamya bw’umuryango umwe uba mukato kubera kwandura iki cyorezo mugihugu cy’ Ubufaransa nkuko babusangije ikinyamakuru aufemin.com cyandikirwa muri iki gihugu.




Uyu ni umuryango wa Varelie ndetse n’umugabowe Daniel, bose bakaba baramaze kwandura icyorezo COVID-19, bakaba baremeye gusangiza isiyose ubuzima bwaburi munsi babayemo nyuma yokwishyira mukato murugo rwabo.

Mu ijwi rinaniwe kandi ryuzuye agahinda, Valeriya w’imyaka 59 yasobanuriye umunyamakuru w’icyo kinyamakuru uko abayeho we n’umugabowe Daniel w’imyaka 66 mukato barimo murugo rwabo ruri mugace ka Rhône-Alpes mugihugu cy’Ubufaransa nkuko biri mukiganiro gikurikira:




Mbese mwaba mwarafashwe ryari?

Valérie : Kuwa gatandatu ushize,umutware wange yatangiye kugira umuriro, ubwoba no kumva atameze neza nabusa, icyakora hamwe na muganga ndetse n’umukwe wacu twarindiye umunsi ukurikiyeho ngo turebe uko bucya ameze.

Bukeye ntagihindutse, twahamagaye service z’ubuzima kugirango dusobanukirwe neza ibimenyetso kuko nanjye ubwanjye nari namaze kurwara.

Kuri telefone, batubajije ibibazo binyuranye kugirango barusheho kumenya ububabare bwacu, nyuma batubwirako atari ibicurane bisanzwe ko ahubwo dushobora kuba twaranduye Coronavirus.




Ni izihe nama mwagiriwe?

Valérie : Twagombaga guhita dutangira kuguma murugo ndetse nogufata palacetamol. Kuva icyogihe ntakindi twari dufite gukora uretse gutegereza tukareba igikurikiraho ndetse noguhamagara service z’ubuzima mugihe twaba tugize ibibazo byo guhumeka. Gusa njyewe nsanzwe mfite umuganga umfasha kuko ari namwene wacu.




Ubuse mumerewe mute?

Valérie : Umugabo wanjye ari kumunsi we wagatandatu kandi ndabona ntakigabanyuka. Arababara cyane kandi afite n’umuriro mwinshi. Nanjye ubwanjye ndumva mbabara umubiri wose, mbese sinzi uko nasobanura ukomerewe. Uyumunsi nabyutse mfite umuriro wa 39.2°C. Ndumva ntabyo kurya nshaka kandi sinkiryoherwa. Muri make twamaze kunanirwa.




Mukimara kumva  ijambo Covid-19 mwifashe mute?

Valérie : Twumviseko ari ibihe bibi twinjiyemo ariko tugumana icyizere ko bizavurwa cyaneko ntabibazo byo guhumeka twari dufite.




Mwaba mubayeho mute muri ibi bihe by’akato?

Valérie : Ngerageza gutera imiti yica bacteria munzub hose ariko cyane cyane  kumaselire y’inzugi ariko nkanamenyesha abadafite iyimiti ko mumaguriro yose ubu ntayo wabonamo, ko ahubwo bakoresha alcohol. Tugerageza kwambara udupfukamunwa ndetse n’uturinda ntoki twembi n’umugabo wanjye kandi ntitukirara mucyumba kimwe. Kubwamahirwe tugira ubwiherero bubili, rero ntaho tugihurira. Ubu umuhungu wacu niwe udukorera byose akanadutegurira ibyo kurya.




Ni iki mukora kumanywa yanyu?

Valérie : Nanjye wakundaga gusoma, ndananiwe cyane kuburyo ntabasha nogufata igitabo. Ndyama muburyo budasanzwe, ndeba television gatoya, ndeba agafilime n’utundi. Ndakorora cyane nkababara imbavu, mbese mbona bidukomereye.




Muri ibibihe bitoroshye ni iki mwabwira abaganga?

Valérie : Bariya bihorere ni abantu badasanzwe. Mbakuriye ingofero, nibakomereze aho.




Amabwiriza yashyizweho na Leta ntacyo abatwaye?

Valérie : Kubwanjye mbona Perezida M.Macron akwiriye gutegeka ibintu byose bigahagarara ntihagire umuntu numwe usohoka. Ntamuntu warukwiriye gukomeza kwigendera uko ashaka. Abantu nibagume mungo zabo. Ndetse nokujya muri sporo mbona byatera ibyago. Ndumva twakora nkomubutaliyane aho ntamuntu wemerewe kujya hanze. Akazi kakagombye guhagarara uretse wenda abaganga.

Mfite umuhungu n’abuzukuru baba mugihugu cya HongKong . Hariya bafunze ibintu byose ntawe usohoka, kandi byarabafashije cyane. Ubufaransa nabwo bukwiriye gukora gutya, abantu bakumva ko bagomba kuguma mungo zabo.




Yafunguye akabari bibujijwe acibwa amande agera kumayero 4 000

0

Murwego rwogukomeza guhangana ndetse nogukumira icyorezo cya coronavirus, mugihugu cy’Ububiligi naho hafashwe ingamba zikakaye zirimo nogufunga utubari.

Nkuko byatangajwe nabimwe mubinyamakuru bikorera muri ikigihugu, abayobozi  b’inzego zibanze ndetse na police yo mugace kitwa Tirlemont baciye akabari gakorera muri ako gace amande agera  kuma yero (Euros) 4 000 bakaziza kurenga kumabwiriza yokudafungura nyamara ko kakabyirengagiza ndetse kakemerera abantu kuhakorera ibirori.




Umuyobozi w’aka karere akaba yarabitangaje  muri aya magambo “Ntitwabikoze kuko bidushimishije ahubwo kuko aringombwa” ibi akaba yabivuze nyuma y’ubugenzuzi bwakorewe muri ako kabari kaciwe amande.

Ibi byose byabaye nyuma yuko Police yomuri akogace imenyeshejwe ko aka kabari kongeye gukora, hanyuma ijya kwirebera isanga koko uhagarariye ako kabari arikumwe n’abakiriya . Nyuma yoguhatwa ibibazo, aka kabari kahise gacibwa amayero agera kubihumbi bine y’amande ndetse n’igifungo cy’ameze agera kuri atatu.




Umuyobozi w’ako karere akaba yakomeje avugako batazihanganira ibikorwa nkibi kuko bishyira mukaga ubuzima bw’abaturage, ndetse arushaho nogukangurira buri muturage gukomeza kwirinda.

Yabivuze muri ayamagambo ” Twarababuriye bihagije, abateguye, abitabiriye ndetse n’abakiriye ibi birori mugomba gutanga amande angana n’ibihumbi 4 by’amayero ndetse n’igifungo cy’amezi 3; Ati << ibi bibere n’ abandi isomo ko tutazihanganira abica amategeko, ahubwo ibihano biteganywa n’amategeko bizakurikizwa>>





Nkuko ibyo binyamakuru bikomeza bibivuga, ubu abashinzwe umutekano bakaba bakomeje gucungira hafi ako gace ngobakumire nundi ushobora kutubahiriza ingamba zashyizweho zokwirinda icyorezo cya coronavirus.

Tubibutseko ubu nomugihugu cyacu amasaha yashyizweho y’utubari ari ukugeza satatu z’umugoroba kubatuye mumigi ndetse na samoya kubatuye mucyaro.




Uretse Coronavirus, reba ibindi byorezo 20 byigeze kuyogoza isi

0

Ushobora kuba utarigeze umenye ibijyanye n’ibyorezo bindi byanyeganyeje isi, bikica abatari bakeya, bigakubita hasi ubukungu bw’isi ndetse bigatuma benshi batekerezako isi yaba igeze kumusozo!

Muri iyi nkuru, twaguteguriye 20 muri ibyo byorezo ndetse n’igihe byabereyeho:




1. CIRCA




Iki ni icyorezo cyabayeho mumyaka 3 000 mbere ya Yesu ubu kikaba kimaze imyaka hafi 5 000 cyanditse amateka. Nkuko bigaragazwa n’abashakashatsi, iki cyorezo cyarimbuye abatabarika, ibice binyuranye by’ubushinwa biribagirana burundu kuburyo ibice by’imibiri yabo cyishe yagiye isangwa mubisigazwa by’amazu yasibanganye.




2. Icyorezo kitiriwe umujyi wa Athens




Iki cyorezo cyabayeho mumyaka 450 mbere ya Yesu, nyuma gato y’intambara hagati ya Athenes na Sparta. Abantu barenga 100 000 bakaba barahatakarije ubuzima mumyaka 5 cyamaze nyuma yo kuribwa umutwe bikomeye, kubyimba no gutukura amaso, kubyimba umuhogo, ururimi ndetse no kunanirwa guhumeka neza kubanduye iyi ndwara.




3. Icyorezo cya Antonio




Iki ni icyorezo cyabayeho i Roma hagati y’umwaka wa   165 kugeza 180 nyuma ya Yesu. Abanyamateka bavugako cyageze i Roma kizanywe n’ingabo za Roma ubwozagarukaga zivuye gutsinda intambara mubindi bihugu binyuranye.

Amateka akavugako abarenga Miliyoni 5 mubwami bw’Aba Romani bapfuye ndetse iyindwara ikaba intandaro yokurangira kw’igihe cyiswe icy’amahoro ya Roma  (27 mbere ya Yesu- 180 Nyuma ya Yesu)




4. Icyorezo cya Cyprian




Iki cyorezo cyabayeho muri 250-271 nyuma ya Yesu, kikaba cyaritiriwe mutagatifi Cypriane kuko yavugaga ko aricyo mperuka. Kikaba cyarishe abarenga 5 000 umunsi umwe mumugi wa Roma.




5. Icyorezo cya  Justinian




Iki cyorezo cyabayeho muri 541-542 kikaba cyaritiriwe Justinian umwami w’ubwami bwa Bizantine (uduce twarimo na Turukiya y’ubu) icyakora akaza kuyirokoka. Bivugwako iki cyorezo cyaje kuba intandaro yokugwa kw’ ubuwami. Abarenga 10% by’abari batuye isi bakaba baratakaje ubuzima.




6. Urupfu rw’umukara




Icyi ni icyorezo cyabayeho hagati y’imyaka ya 1446-1353, kikaba cyarakomotse muri Aziya kigafata uburayi aho binavugwako abarenga icyakabili   cy’abaturage b’uburayi icyogihe bapfuye.




7. Icyorezo Cocoliztili




Iki ni icyorezo cyabayeho hagati y’imyaka 1545 na 1548, kikaba cyarahitanye abarenga Miliyoni 15 mugihugu cya Mexico ndetse na Amerika yohagati.

Nkuko ubushakashatsi bwabigaragaje, iyi ndwara yatewe na Salmonella, imwe muri bagiteri zikomeje gutera isi ibibazo.




8. Icyorezo kitiriwe America




Iki ni icyorezo cyabayeho mukinyejana cya 16 kikaba cyarageze muri Amerika kijyanywe n’abanyaburayi bavugagako bagiye kuvumbura Amerika! Bikaba bivugwako abarenga 90% by’abasangwa butaka ba America bahitanywe n’iki cyago.

Iki cyago kandi kikaba cyarafashije cyane abanyaburayi kumaraho ubwami bwa Inca na Aztec nokwigarurira  America.




9. Icyorezo cya London (Londre)




Iki cyorezo kitiriwe umugi was London. cyabayeho mu mwaka wa 1665 kugeza 1666 Kungoma y’umwami Charles II, aho abasaga 100 000 bahitanywe n’iyi ndwara.




10. Icyorezo cya Marseille




Iki cyorezo kitiriwe imugi wa Marselle, cyabayeho mumyaka ya 1720-1723  aho ubwato bwari bwarashyizwe mukato muburasirazuba bwa mediterane bwinjiraga mumugi wa Marseille maze bukanduza abahatuye.

Mumyaka itatu abarenga 100 000 bari bamaze gupfa ndetse 30% by’abaturage ba Marselle baribagirana.




11. Icyorezo cy’Uburusiya (1770-1772)




Iki cyorezo nacyo  cyateye ibibazo byinshi mugihugu cy’uburusiya abarenga 100 000 babura ubuzima bwabo.




12. Yellow fever /Fievre jaune yitiriwe Philadelphia




Iyi ndwara yagaragaye mumwaka w’1793 aho abantu barenga 5 000 bishwe n’iyi ndwara muri uyu mugi arinawo wari umurwa mukuru wa Amerika icyo gihe. Kubera imyumvire itariyo y’aboyobozi bicyo gihe, abirabura bakomokaga muri Afurika nibo bahabwaga inshingano zokwita kubarwayi kuko bakekagako bo badafatwa n’iyi ndwara.




13. Icyorezo cy’ Ibicurane (Ku isi yose)




Iyindwara yabayeho mumyaka ya 1889-1890, irakwirakwira cyane aho byayitwaye gusa ibyumweru 5 mukwica abagera kuri Miliyoni nyamara ingendo z’indege zari zitaranabaho nkuko tuzibona ubu.




14. Icyorezo cya Polio y’abanyamerika




Aha hari mumwaka w’1916 ubwo iki cyorezo cyibasiraga abanyamerika bagera 27 000 ndetse ikanahitana abagera Ku 6 000 Biganjemo abana. Nubwo hari abayikize, abatari bakeya basigaranye ubumuga budakira.

Iyi ndwara yakomeje guca ibintu kugeza ubwo habonetse urukingo rwayo mu mwaka w’1954, ikaba iheruka kuvugwa cyane mumwaka w’1979 nubundi muri iki gihugu cya America.




15. Ibicurane bya Espanye




Iki ni icyorezo  cyabonetse mumwaka w’1918-1920 kigera kubantu bagera kuri Miliyoni 500 ndetse abagera kuri Miliyoni 100 batakaza ubuzima. Iyindwara ikaba yaratijwe umurindi n’ingendo z’abasilikare, imirire mibi ndetse n’ibihe bigoye byatewe n’intanbara yambere y’isi.




16. Ibicurane bya Aziya




Iki cyorezo cyahitanye abatari bakeya mumwaka w’1957-1958 ikaba yarakomotse mugihugu cy’ubushinwa, ikomoka kubigurika ikaba yarishe abarenga Miliyoni imwe ku isi yose harimo ibigumbi 116 byo muri Amerika gusa.




17. Icyorezo cya Sida




Iki cyorezo cyamenyekanye mumwaka w’1981 ariko nanubu kikaba gikomeje kwibasira abatari bake. Iki cyorezo kikaba cyaratewe na virus yitwa HIV ifite  inkomoko mubwoko bw’inguge ikaba yaraje kwinjira mumuntu mumwaka w’1920 muri Afurika y’iburengera zuba.

Kugeza uyumunsi, 64% by’abantu Miliyoni 40 z’ababana n’ubwandu bakaba babarizwa munsi y’ubutayu bwa Sahara.

Nubwo ntamuti cyangwa urukingo iyindwara irabona, guhera mumwaka w’1990, hariho imiti igabanya ubukana ndetse uwayifashe akaba ashobora kubaho ubuzima bwe busanzwe.




18. Ibicurane N1H1 




Iyindwara yajegeje isi mumyaka ya 2009-2010 yakomotse mugihugu cya Mexico ikwira isi yose, kuburyo abagera kuri Miliyari 1.4 banduye iki cyorezo ndetse 575 000 bicwa n’iki cyorezo nkuko byatangajwe n’ ikigo CDC .




19. Ebola y’Afurika y’uburengerazuba




Iki cyorezo cyaciye ibintu mumyaka ya 2014-2016 aho abantu 28,600 bafashwe nayo ndetse abagera kubihumbi 11,325 bitaba Imana.

Umurwayi wambere akaba yarabonetse mugihugu cya Guinea mbere yuko ikwirakwira mubihugu binyuranye bya Afurika ndetse na America.

Icyakora bikaba bivugwako iyindwara yari yarigeze kugaragara muri Congo mumwaka w’1976




20. Virusi ya ZIKA




Iki ni icyorezo giheruka kugaragara mumwaka w’2015 kugeza ubu, mubihugu bya Amerika yohagati ndetse na Amerika yepfo.

Nubwo iki cyorezo kitareba muri rusange abantu bakuru cyangwa abana bamaze kuvuka, gishobora gufata abana bakiri munda kikangiza ingingo zabo zitandukanye bakavukana ubumuga.




Imyanya 7 y’akazi muri CHUK kubantu bize:Clinical Psychology,General Medicine/ Surgery, Medical Imaging Sciences;General Nursing;Biomedical Laboratory Sciences;Ultrasound/Sonography ; Deadline:25/03/2020

0

1. Clinical Psychologist A0 (Under contract.)

Job description

1. Assessing client’s behavior and needs via observation, interviews and psychometric tests (Making assessments and interpretations based on biopsychosocial evaluations, psychometric tests, semi
– structured interviews and therapy sessions)

2. Developing, administering and monitoring appropriate treatment therapies and strategies

3. Undertaking research oriented in mental Health field;( May develop and implement clinical research programs




4. Writing reports of different interventions according to the site where is deployed (Documents therapy in accordance with policies and procedures regarding medical records; implements and adheres to policies which ensure patient confidentiality)

5. Providing support and advice to careers;(Collaborating with other healthcare providers to evaluate medical and physical condition of in and out patients).

6. Participating in meeting, advising and liaising with other health professionals;

7. Helping clients to make positive changes to their lives.

8. Initiate research activities

9. Submit monthly, quarterly and annually report to the supervisor

10. Perform other related duties as required Provides crisis intervention in situations requiring immediate psychological treatment




Job profile




Bachelor of Arts in Clinical Psychology

Click here to apply

2. Medical officer (under Contract .)




Job description




1. Initiate and assess the patient’s medical, physical, and psychosocial status

2. Develop treatment plan

3. Perform regular ward rounds

4. Record progress notes

5. Order initial lab tests and imaging to rule out the diagnose

6. Write medical prescriptions and ensure patients receive all prescribed medications

7. Write admission notes, progress notes and procedure notes.

8. Provide patient education and counseling health status.

9. Participate in the development and achievement of specific objectives of the service

10. Ensure quality care to in
– patients and participate in quality improvement projects

11. Follow up of ordered investigations

12. Be involved in the management of ward beds

13. Fill the patient files

14. Assigned other activities within his/her competency by the Head of service




Job profile




A0 in General Medicine, Bachelor of Medicine and Surgery

Click here to apply




3. Radiology Technician A1 (Under Contract.)




Job description




1. Assessing patients and their clinical requirements to determine appropriate radiographic techniques;

2. Performing a range of radiographic examinations on patients to produce high
– quality images;

3. Observing and maintaining care contact for patients throughout their waiting time, examination and post
– examination stay in the department to ensure their safety and comfort;

4. Assisting in more complex radiological examinations under the supervision of a radiologist and senior staff;

5. Providing support and reassurance to patients, preparing patient for exam by explaining procedure, taking into account their physical and psychological needs;

6. Recording imaging identification and patient documentation quickly and accurately and observing protocols to ensure compliance with Guidelines / radiological practices and patient confidentiality;

7. Understanding and observing health and safety at work and welfare issues, including ionizing radiation regulations, to protect yourself and others;

8. Ensuring that equipment is regularly checked for malfunctions and any faults are reported;

9. Supervise and train students rotating in the Department.

10. Participate in quality assurance / accreditation process of the Hospital.

11. Attend and actively participate in clinical departmental meetings.

12. Perform other related duties as required. and any faults are reported.




Job profile





Advanced Diploma in Medical Imaging Sciences

Click here to apply




4. Nurse A1( under contract.)




Job description




1.Prepare a nursing care plan according to the needs and area of work with the help of other healthcare and professionals

2. Document and communicate actions to maintain continuity among the nursing team

3. Assume and maintain patient and his environment hygiene and infection control.

4. Monitor record and report vital signs, symptoms and changes in patients’ conditions and signs within your full name.

5. Acts as liaison between the patient and other hospital personnel

6. Deliver detailed instructions and information to patients / family in collaboration with physician.

7. Participate in regular ward rounds with physicians

8. Educate patient and his family their roles of promoting successful therapy and rehabilitation.

9. Administer and document medications as prescribed, within hesitation collaborate with prescriber physicians and sign.

10.Take care of all materials and equipment at disposal to the service

11. Engage in research activities related to nursing and mentor nurse students in the clinical practice

12. Deliver detailed nursing instruction s to patients for discharge.

13. Perform other work
– related duties as assigned

14.Contribute to the Hospital environmental Hygiene

15. Participating in Quality assurance and Quality improvement of the Hospital




Job profile




A1 in General Nursing

Click here to apply




5. Project Manager




Job description




The Project manager will be responsible for planning and overseeing projects to ensure they are completed in a timely fashion and within budget. Project manager will be actively involved in planning and designating project resources, preparing budgets, monitoring progress, and keeping stakeholders informed the entire way. To achieve this, the project manager will perform the following specific tasks:

1. Actively participate in the elaboration of project design for CHUK Program supported under the sub agreement of MOH /CDC /COAG and other projects working in CHUK

2. Ensure that project indicators (CHUK Clinic, Histopathology, Pediatric Center for Excellence, Lab/TB Program) are updated (indicator description, baseline values, periodical targets, source of data and data collection tools)

3. Consolidate Monthly or quarterly financial and technical report, analyze and provide recommendation to the Director General CHUK/MOH Focal Point and the principal investigator of the MOH/COAG and other projects

4. Ensure the Overall implementation of the activities execution of the work plan and the budget absorption

5. Perform other related Duties as required




Job profile




Bachelor degree in Management, sociology, Public Health, or Master in Project Management

Click here to apply




6. Laboratory Scientist A0 ( Under Contract)




Job description




1. Perform maintenance and calibration of laboratory equipment.

2. Perform and analyze patient samples, respect GLP principles and laboratory policies and SOPs

3. Perform and document quality control for all test performed in service prior to patient sample testing.

4. Participate in quality control procedures (both internal and external) to maintain accurate results;

5. Perform any task assigned by the laboratory management.




Job profile




A0 in Biomedical Laboratory Sciences

Click here to apply




7.X- Ray Technician A0 (Sonographer)




Job description




1. Assessing patients and their clinical requirements to determine appropriate ultrasound techniques;

2. Performing a range of sonographic examinations on patients to produce high
– quality images;

3. Observing and maintaining care contact for patients throughout their waiting time, examination and post
– examination stay in the department to ensure their safety and comfort;

4. Assisting in more complex sonographic examinations under the supervision of a radiologist and senior staff;

5. Providing support and reassurance to patients, preparing patient for exam by explaining procedure, taking into account their physical and psychological needs;

6. Recording imaging identification and patient documentation quickly and accurately and observing protocols to ensure compliance with Guidelines / radiological practices and patient confidentiality;

7. Provide oral or written summary of technical findings to requesting physicians for use in medical diagnosis in timely manner, and search for radiologist’s support when appropriate, especially for emergent cases.

8. Understanding and observing health and safety at work and welfare issues, including ionizing radiation regulations, to protect yourself and others;

9. Ensuring that equipment is regularly checked for malfunctions and any faults are reported;

10. Supervise and train students rotating in the Department;

11. Participate in quality assurance / accreditation process of the Hospital;

12. Attend and actively participate in clinical departmental meetings;

13. Perform other related duties as required.




Job profile




A0 in Diagnostic Ultrasound or Sonography

Click here to apply




Imyanya y’akazi muri Banki ya Kigali kubantu bize: Computer science,Software engineering, information systems, mathematics, business;computer Engineering, statistics, applied maths: Deadline: 27th March 2020

0

1. System administrator

Click here for details and to Apply




2.Quality Analyst

Click here for details and to Apply




3. Integration engineer

Click here for details and to Apply




4. Full stack Developer

Click here for details and to apply




5. Data Analytics Lead

Click here for details and to apply




Imyanya y’akazi mukigo REMA kubantu buze:Environment Science, Forestry, Rural Development, Natural Resources Management, Geography, Soil and water management n’ibindi byenda gusa: Deadline:25/03/2020 at 5 pm.

0

Title: Districts Environmental Officers

Background

Rwanda Environment Management Authority (REMA) through the Single Project Implementation Unit (SPIU), has obtained funds from different development partners to support the Government of Rwanda in its commitment to deliver on its development agenda. It is in this framework that REMA would like to recruit competent employees on the positions of:




Position: Districts Environmental Officers.

Duration: 24 Months (renewable)

Implementation Agency: Rwanda Environment Management Authority (REMA).




1. Job description:




  • Work closely with local Government and other technical staff at District level to make sure the project activities are included in the District Development Plan (DDP) and implemented according to the project development objectives;
  • Support in mobilizing Community Driven Development subprojects (CDDs) beneficiaries and identify the CDDs;
  • Monitor the project’s activities and produce the reports to the Coordinators in collaboration with the M&E Specialist;
  • Oversee the implementation of project activities at the District level in collaboration with the M&E Specialist, promoting the project at District level and among all partners;
  • Oversee and manage project implementation, monitor work progress, and ensure timely delivery of outputs in Project intervention areas;
  • Report to the M&E Specialist regarding project progress. Reports should contain assessments of the progress of implementing activities, including reasons for delays, if any, and recommendations on necessary improvements;
  • Support the M&E Specialist in developing and facilitating the implementation of a comprehensive monitoring and reporting system;
  • Support in the preparation of detailed annual work plans and budgets;
  • Supervise, coordinate and facilitate the work of the hired service providers by the project in the Districts;
  • Provide input to management and technical reports, and other documents as described in the M&E plan for the overall project;
  • Participate in the PSC meetings and coordinate project site visits;
  • Represent the project in relevant meetings and conferences to which REMA is invited in the assigned Districts;
  • Actively participate in the supervision, monitoring and evaluation of projects activities;
  • In collaboration with the Environment Officer and forests officers, oversee all the Environmental aspects of all project activities implemented under the project at District level;
  • Plan and execute all activities of Forest and Landscape Restoration in the Mayaga Region Project in assigned Districts in close collaboration with the authorities and technicians at District level;
  • Assist in developing and reviewing technical studies carried out in the project site through field visits, consultation meetings with communities, NG0s, local Government in order to ensure that they get the accurate information and oversee the activities of contracted parties, such as trained facilitators, implementing agencies, supporting staff and other providers of services to the beneficiary communities;
  • Ensure that all projects funded community-level sub-project activities are within the district development plan (DDP);
  • Prepare the Annual Work Plan and budget at a local level in line with REMA projects/programs and submit it to the Forest and Landscaping Restoration in the Mayaga Region Project Coordinator; “Watershed Management Sector Specialist”;
  • In close collaboration with the Project Accountant, ensure that funds are advanced by the project in a timely manner that it does not hinder the implementation of projects activities and that all projects resources are used efficiently in support of the project objectives and targets of communities;
  • Collect data (contact details, work plans, meeting schedules) and maintain comprehensive operational information on all partners’ activities in the assigned districts including NGOs, Government offices, community-based organizations, and civil society, this exercise will be undertaken jointly with District Environmental Officers, District forests officers and Joint Action Development Forum JADF “Permanent Secretary”, and will involve capacity building with local partners. The recommendations on their needs in the mainstreaming environment in their daily development activities will also be submitted to REMA;
  • Prepare weekly, monthly, quarterly and annual progress reports on the status of the implementation of the project activities at District level, including technical, financial, policy matters, highlighting challenges and proposing options to solve them;
  • Establish Community Driven Development subprojects amongst the community;
  • Perform any other activities directly related to the project objectives that will be assigned by the project Coordinator.




2. EDUCATION




  • Bachelor’s degree in Environment Science, Forestry, Rural Development, Natural Resources Management, Geography, Soil and water management or other field related to the terms of reference;
  • At least three (3) years of applicable experience;
  • Familiarity with development projects implementation procedures and guidelines;
  • Proven knowledge and practical experience of at least 2 years in project management and relevant connected fields;
  • Computer skills (Microsoft Office or MIS systems);
  • Fluent in Kinyarwanda, English and/ or French; knowledge of all is an advantage
  • Prepared to be based in the project area;
  • Prepared to work in an interdisciplinary team, under pressure and meet crucial deadlines.







3. Key Technical Skills & Knowledge required:




  • Computer literacy in full Microsoft Office and office technology equipment;
  • Prepared to work in an interdisciplinary team, under pressure and meet crucial deadlines;
  • Knowledge of GIS tools will be an advantage.
  1. Application

Applications should include:

  • Application letter addressed to the Director-General;
  • A detailed Curriculum vitae containing full personal details (birth date, gender, nationality, marital status, home address, and full contact numbers); and experience relevant for the position previous and current appointment;
  • Copy of academic qualifications;
  • Work certificate to prove your experience at least three years;
  • Late application shall not be considered, and online applications are unacceptable Interested candidates will submit their applications at REMA’s office located in Kacyiru and addressed to the Director-General.

For any further information, you can always look at REMA website.

  • The deadline for the submission of the applications shall be on 25/03/2020 at 5 pm.

Done at Kigali on 1 6 MAR 2020

Eng.Coletha.RUHAMYA
Director-General




Imyanya 15 y’akazi muri company ya Mango Telecom Ltd kubafite A2 mumashami yose:Deadline: 2020-04-5 at 6:00 PM

0

COMPANY BACKGROUND

Mango Telecom Ltd is a licensed Internet Service Provider (ISP) that is incorporated under the laws and regulations of the Republic of Rwanda. The company is engaged in the business of providing advanced information and Communication Technology (“ICT”) services based on 4G LTE, Fiber Connectivity and 4G Compatible devices. Mango Telecom Ltd is a leading Internet service provider and has evolved into a full-range Internet and business solutions providing.

AVAILABLE POSITION: Promoters




NUMBER OF POSITIONS: 15

DIVISION: Sales

REPORT TO: Retailer managers.




KEY RESPONSIBILITIES.

  • Present, promote and sell our product and services
  • Develop a good relationship with customers entering in our shops for future sales.
  • Understanding very well the functionality of our products and give details to the customers
  • Maintaining good customer care in the shop at a higher level.
  • Working towards the shop’s targets.
  • Giving feedback about customers’ needs on time.

JOB-RELATED REQUIREMENTS:




  • Proven Experience of above 1 year working as a promoter or other related position.
  • Having an academic certificate from A2 and above
  • Having good communication skills.
  • Updated non-criminal certificate
  • A Commitment to Excellent customer service.
  • Must-know language at least English, French and local language Kinyarwanda.
  • Have knowledge on electronic devices
  • Outgoing and friendly.

OTHER QUALITIES

  • Teamwork commitment
  • Hard-working
  • honest

The Interested Candidates should send their updated CV to this email: isingizweaphrodis@gmail.com of HR assistant of Mango Telecom.

The deadline is on 2020-04-5 at 6:00 PM the selected candidates will be contacted on their Mobile phone number given on CV one by one.

NB: Every applicant should mention the position applied for in the subject of the email.




Imyanya 12 y’akazi mukarere ka Rutsiro kubantu bafite nibura A2 muri: Construction, Civil Engineering, Public Works; Agronomy, Forestry, Soil cyangwa Environmental Management: Deadline:20/Mar/2020

1

1. SITE MANAGERS (10)

Job description

Work hand in hand with Topographers; Sector and District Technicians to:

1. Identify the area 80.15 hectares to be covered by radical terraces on topographic maps of Karumbi, Satinsyi, Nyenyeri, Kajugujugu and Karuruma villages;

2. Guide Team Supervisors (Abakapita) on how to make radical terraces and progressive terraces, to plant agro
– forestry trees and plants and application of agro inputs

3. Approve attendance lists from Team Supervisors in 15 work days;

4. Follow
– up team supervisors while making radical terraces and submit the report of activities to the project Coordinator at District level; 5. Avoid and reconcile disputes that may arise on field between Team Supervisors and their team members so as to submit unsolved ones to the project Coordinator at District level.




Job profile




Minimum A2 in Agronomy, Forestry, Soil or Environmental Management. Key Technical Skills:
– More than three years of working experience is an advantage;
– Ability to operate with local community;
– Topographical Skills;
– Organizational Skills;
– Communication Skills;
– Judgment & Decision Making Skills;
– Time management Skills;
– Team working Skills;
– Fluent in Kinyarwanda, English and/ or French; knowledge of all is an advantage

CLICK HERE TO APPLY




2. TOPOGRAPHERS (2)




Job description

Work hand in hand with Site Managers; Sector and District Agronomists to:




1. Identify the area 80.15 hectares to be covered by radical terraces on topographic maps of Karumbi, Satinskyi, Nyenyeri, Kajugujugu and Karuruma villages;

2. Determine boundaries of each radical terrace according to contour lines;

3. Measure and indicate the boundaries of all Waterways;

4. Identify and measure 67 hectares to be protected by progressive terraces according to the slope and contour lines;

5. Determine boundaries of 31hectares to be covered with agro/forestry plants according to the slope and contour lines.

Job profile




Minimum A2 in Subjects related to ‘Topography’ such as Construction, Civil Engineering or Public Works. Key Technical Skills:
– Posses tools such as Theodolite, GPS and Jallon for his/her work is a must.
– More than three years of working experience is an advantage;
– Ability to operate with local community;
– Topographical Skills;
– Organizational Skills;
– Communication Skills;
– Judgment & Decision Making Skills;
– Time management Skills;
– Team working Skills;
– Fluent in Kinyarwanda, English and/ or French; knowledge of all is an advantage

CLICK HERE TO APPLY




Imyanya 15 y’akazi mukarere ka Muhanga kubantu bafite A2; A1 na A0 mumashami ayariyo yose: Deadline:20/Mar/2020

0

1. DASSO Level I (13)

Job description

1° to support District authorities to enforce their decisions and instructions that were taken in connection with security;

2° to collaborate with other organs to ensure public order in the District;

3° to arrest any person caught red
– handed in the act of disruption of public order and take him/her to the nearest police station ;

4° to inform the nearest administrative organs of anything which in its opinion represents a threat to safety;

5° to assist other security organs if necessary;

6° to collaborate with other organs in the prevention and control of disasters in the District.




Job profile




At least A2 in any field of Studies Key Technical Skills and Knowledge Required:
– Extensive knowledge and understanding of the Central and Local Government Functionality;
– In
– depth understanding and knowldge of the Rwandan and regional context for agribusiness development;
– Computer Skills;
– Organizational Skills;
– Communication Skills;
– High analytical Skills;
– Complex Problem Solving;
– Time management Skills;
– Team working Skills;
– Fluency in Kinyarwanda, English and/ or French; knowledge of all is an advantage

 Click here to apply




2. DASSO Deputy Coordinator (1)

Job description description




1° to support District authorities to enforce their decisions and instructions that were taken in connection with security;

2° to collaborate with other organs to ensure public order in the District;

3° to arrest any person caught red
– handed in the act of disruption of public order and take him/her to the nearest police station ;

4° to inform the nearest administrative organs of anything which in its opinion represents a threat to safety;

5° to assist other security organs if necessary;

6° to collaborate with other organs in the prevention and control of disasters in the District.

Job profile

At least A0/A1 in any field of Studies Key Technical Skills and Knowledge Required:
– Extensive knowledge and understanding of the Central and Local Government Functionality;
– In
– depth understanding and knowldge of the Rwandan and regional context for agribusiness development;
– Computer Skills;
– Organizational Skills;
– Communication Skills;
– High analytical Skills;
– Complex Problem Solving;
– Time management Skills;

Click here to apply




3. DASSO Coordinator

Job description




1° to support District authorities to enforce their decisions and instructions that were taken in connection with security;

2° to collaborate with other organs to ensure public order in the District;

3° to arrest any person caught red
– handed in the act of disruption of public order and take him/her to the nearest police station ;

4° to inform the nearest administrative organs of anything which in its opinion represents a threat to safety;

5° to assist other security organs if necessary;

6° to collaborate with other organs in the prevention and control of disasters in the District.




Job profile




At least A0 in any field of Studies Key Technical Skills and Knowledge Required:
– Extensive knowledge and understanding of the Central and Local Government Functionality;
– In
– depth understanding and knowldge of the Rwandan and regional context for agribusiness development;
– Computer Skills;
– Organizational Skills;
– Communication Skills;
– High analytical Skills;
– Complex Problem Solving;
– Time management Skills;

Click here to apply




Ibisobanuro by’inzozi 5 ushobora kurota kuri YEZU/YESU

0

Bakunzi bacu, nkuko dukunda kurebera hamwe ibisobaniro by’inzozi kubuzima bwacu bwaburi munsi, igisobanuro cy’inzozi zerekeye YESU/YEZU  uzagihabwa cyane cyane n’uburyo usanzwe umufata cyangwa umwizeye.

Twibukeko hari abamwizera nk’umwana w’Imana, umucunguzi, umukiza n’ubundi buryo nkubwo ndetse abandi bakamwizera nk’intumwa ndetse n’umuhanuzi ukomeye.




Ibibyose rero bigira uruhare mubusobanuro bw’inzozi wamurotaho nkuko turabibona muri iyinkuru yacu.




1. Kurota Yezu/Yesu agukorera ibintu byiza




Nurota Yezu/Yesu agukorera ibintu byiza, ni ikimenyetso cy’uko ukeneye inama za Roho mutagatafu/umwuka wera mubuzima bwawe. Bishobora no kukwereka ko ufite ubukene muburyo bw’umwuka ariko ukaba ukeneye ububyutse. Nurota izi nzozi, uzisuzume urebeko hari amakosa waba urimo ukora mumyizerere yawe maze uyakosore.




2.Kurota wumva utishimiye Yesu/Yezu




Kimwe nuko warota urakariye undi muntu cyangwa wumva umushinja ko haribyo atagukoreye uko warubyiteze, kurakarira Yesu munzozi ni ikimenyetso gikomeye cy’uko muri iyominsi utarimo kwiyitaho uko bikwiriye ndetse ukaba ukekako abantu bose barimo kukubonaho ubushobozi buke bwogukemura ibibazo.




3. Kurota ibijyanye na Yesu kumusaraba




Izinzozi zikwereka uburemere n’imibabaro ndetse n’ikiguzi byagutwaye kugirango ugere kukintu runaka cy’agaciro wakoze muri iyo iimsi.

Izinzozi kandi zishobora kukwibutsa iby’umuntu runaka yaba yarahombye kubw’inyungu zawe.




4. Kurota umera nka Yesu/Yezu




Nurota umera cyangwa uba nka Yesu, menyako ari ikimenyetso gikomeye cy’ uko ushobora kuzamurwa muntera cyangwa ukaba ugiye kugera kukintu gihambaye yaba muburyo bwa roho cyangwa mubuzima busanzwe.




5. Kurota urimo kuvuga ibyo kubambwa kwa Yesu.




Izinzozi zikwereka ko ufite ihishurirwa n’imyumvire bishya mubijyanye nubuzima bwo kwemera. Zishobora kuba kandi ziguhwitura ngo wegutesha agaciro ubushobozi bw’abandi ngo uboneko badashoboye.

Tubibutseko ububwoko bw’inzozi bukunda kurotwa n’abantu bafite aho bahuriye n’umuco wogusenga.




 

Urukundo nyarukundo: Ibintu 10 ukwiriye kumenya

0

Abantu batari bakeya bahora bifuza gukundwa kandi urukundo nyarukundo ndetse urwo dukunda kwita “uruzira uburyarya”. Nyamara usanga abatari bakeya barwibeshyaho ndetse bakarwitiranya kuburyo bashobora nokutamenyako barubonye!

Muri iyi nkuru, twaguteguriye ibintu 10 ugomba kumenya kurukundo nyarukundo byagufasha kuryoherwa nogukunda ndetse no gukundwa.




1. Urukundo nyarukundo ntirusobanura kubona umuntu umeze nkawe 100%!




Mugihe ushaka umukunzi ntukwiriye kwishyiramo ko uzabona umeze nkawe burundu, ukunda ibyo ukunda, usoma ibitabo nkibyo usoma, ukunda ikipe nkiyawe, mbese umeze nkaho ariwowe wakabili! Ariko nawe ntukwiriye kureka imiterere yawe n’imico ngo wige iye. Nibyiza gukomeza kuba wowe ubwawe, bizarushaho kumushimisha nokwiga kubana n’imico itandukanye n’iye!




2. Kwikunda niyo nzira yogukunda undi by’Ukuri.




Kubanza kwikunda, kwisobanukirwa,  kwiyakira ndetse nokumenya icyo ushaka mubuzima ni ingenzi mugutanga urukundo nyarwo, kuko uburyo ukemura ibibazo byawe ni inkunga ikomeye mugukemura n’ibyabandi. Ibyo bizashimisha umukunzi wawe kuko azakubonamo umuntu w’umumaro.

3. Gukunda by’Ukuri si ugusaba ibirenze




Niba umukunzi wawe agukunda by’ukuri, ntiyakagombye kuguha amategeko menshi yokugenderaho cyangwa ngo wowe umusabe guhinduka uwo atariwe niba koko umukunda.

Nibyiza ko mukomeza gukundana nkuko mwamenyanye kandi buri wese akabyubahira mugenzi we.

4. Urukundo nyarukundo rukwemerera kuba wowe ubwawe.




Kwiyereka umukunzi wawe uko uri bikunda kugora benshi, ariko ningombwa cyane murukundo. Kumwiyereka utishyizeho ibirungo, ufite imisatsi karemano, mugitondo utarajya gukaraba, igihe warwaye ibicurane n’ibindi, ntabwo biteye isoni ahubwo ibi byose ni ibihe byiza aba abonye byo kukwitaho nokukwereka urukundo.

5. Urukundo nyarwo rurizana




Niba wibaza ibibazo binyuranye kumukunzi wawe, ugahora wibaza niba ariwe mwagombaga gukundana, ukibaza uko urukundo rwanyu ruzagenda muminsi iza, shishoza ushobora kuba utamukunda.

Iyo umukunda by’ukuri, wumva unyuzwe nokubana nawe, ndetse nogukorana nawe kugirango ugere kundoto z’ubuzima bwawe.

6. Kugirango ukundwe urasabwa gukunda




Ntukwiriye kubwira umukunzi wawe ko umukunda gusa igihe yagukoreye ikintu cyiza. Ningombwa kumukunda mubihe byose kabone nigihe yakoze ikosa, kuko iyo umukunze nawe agukunda kurutaho.

7. Urukundo nyarukundo rugomba kubamo ubucuti.




Nibyiza kugirana ubucuti n’umukunzi wawe kugera kurwego rwokubasha kuganira, gukina ndetse no kwishimana muburyo butandukanye. Ibi nabyo birushaho gushyigikira urukundo nyarukundo




8. Urukundo nyarukundo ntirushira




Iyo ukunda umuntu by’ukuri, ibibazo muhura nabyo birushaho kubakomeza aho kubatandukanya, mukishimira kubibonera umuti muri hamwe.




9. Urukundo nyarukumdo ni ukwiyemeza.




Iyo ukunda umuntu by’Ukuri, ntukenera kumarana igihe n’undi utariwe. Uhora wishimira guharira umukunzi wawe igihe cyawe cyose.




10. Uragomba gukunda kubaho

Ibukako ugomba gukunda ubuzima nokubwishimira kugirango ubone uko utanga kandi wakire n’urukundo.




2 job positions at One Acre Fund: As sooner as

0

1. Analyst, Office of the CEO, Kigali, Rwanda

ABOUT ONE ACRE FUND

Founded in 2006, One Acre Fund supplies smallholder farmers with the agricultural services they need to make their farms vastly more productive. We provide quality farm supplies on credit, delivered within walking distance of farmers’ homes, and agricultural trainings to improve harvests. We measure our success by our ability to make farmers more prosperous: On average, farmers harvest 50 percent more food after working with One Acre Fund.

We are growing quickly. We currently serve more than 800,000 farm families in Eastern and Southern Africa, with more than 7,500 full-time staff, and we aim to serve 1 million farm families by 2020.




JOB DESCRIPTION




We are looking for someone to reflect the voice of and to execute on behalf of the Executive Director. As One Acre Fund grows, our Executive Director is focused on an increasingly diverse set of priorities, from communicating with external partners to marshaling resources for new internal projects. You would work very closely with him on those priorities to help move forward One Acre Fund’s overall strategy. The role has three main parts:

  • Executive-level, strategic communications: We believe well-crafted communication of our strategy is essential to One Acre Fund’s success. You will reflect the voice of our Executive Director in communications with the most important influencers in the sector and internal audiences. Examples include:
    • Work with our Executive Director to write the concept note for a new strategic initiative to share with important donors.
    • Draft an annual strategy letter to set vision and guidance for internal staff.
  • One-off, fast analyses and tasks: These are analyses and tasks of one week or shorter duration, typically exploring a new strategic direction. For example:
    • Write a memo summarizing the market opportunities for sorghum and millet in East Africa.
    • Recommend a methodology to use Purchasing Power Parity (PPP) to make fair impact comparisons across countries of differing wealth.
  • One Acre Fund-wide initiatives: As we become more complex, there are an increasing number of projects that do not fall cleanly into an existing department. You will move forward essential projects across multiple departments. For example:


    • Build an organization-wide initiative to increase the number of job candidates referred by our staff – to satisfy the hiring needs of a fast-growing organization.

Currently, we are planning for the Office of the CEO to include 1-2 analysts, 1-2 managers, and a director. We are excited about the possibility for this expansion to support professional development opportunities, team support, and an ability to specialize.

CAREER GROWTH

We have a culture of constant learning and we invest in developing our people. You’ll have weekly check-ins with your manager, access to mentorship and training programs, and regular feedback on your performance. We hold career reviews every six months, and set aside time to discuss your aspirations and career goals. Analysts will report to Managers in the Office of the CEO, with frequent interaction with the CEO.




QUALIFICATIONS




We are looking for professionals with 2 or more years of work experience. This is a career-track role, with a two-year minimum. Candidates who fit the following criteria are encouraged to apply:

  • Exceptional written communicator. You can engage a range of audiences, including internal staff, external partners, and organizational leadership.
  • Research ability. You have experience conducting powerful secondary research.
  • Strong work experiences, such as consulting (or similar skill set).
  • Professional/technical skills, including high proficiency with Word, PowerPoint, and Excel.
  • Leadership experiences.
  • Humility. We are looking for leaders who bring good humor, patience, and a humble approach to service.
  • Language: English required.

PREFERRED START DATE

As soon as possible

JOB LOCATION




Kigali, Rwanda preferred; other East Africa capital cities possible for candidates with existing passport/work authorization in that location

COMPENSATION

Commensurate with experience

DURATION

Full-time job

BENEFITS

Health insurance, housing, and comprehensive benefits

SPONSOR INTERNATIONAL CANDIDATES




Yes, for Kigali Rwanda. Must have existing rights to work in Kenya to be based in Nairobi, Kenya.

African nationals are strongly encouraged to apply. 

One Acre Fund never asks candidates to pay any money or pay for tests at any stage of the interview process. Official One Acre Fund emails will always arrive from an @oneacrefund.org address. Please report any suspicious communication here (globalhotline@oneacrefund.org), but do not send applications or application materials to this email address.

We are committed to equal employment opportunity regardless of race, color, ancestry, religion, sex, national origin, sexual orientation, age, marital status, disability, gender, gender identity or expression. We are proud to be an equal opportunity workplace.

APPLY NOW

 

2. DevOps Engineer, Kigali, Rwanda




Job description




By joining us, you would get to:

  • Operate a dozen applications our farmers depend on.
  • Manage and automate our cloud infrastructure.
  • Manage a set of tools to ensure a smooth development cycle from commit to deployment.
  • Mentor junior team members.
  • Help shape our architecture decisions.

You’ll report directly to our Head of Architecture.

CAREER GROWTH AND DEVELOPMENT

We have a strong culture of constant learning and we invest in developing our people. You’ll have weekly check-ins with your manager, access to mentorship and training programs, and regular feedback on your performance. We hold career reviews every six months, and set aside time to discuss your aspirations and career goals. You’ll have the opportunity to shape a growing organization and build a rewarding long-term career.

QUALIFICATIONS

  • 2+ years of work experience; bonus points if this work was in a country/region where we operate or social impact-related.
  • Programming skills with a focus on SQL (MSSQL preferred) and scripting (Powershell, shell, Python)
  • Knowledge of Cloud Platforms (Azure preferred)
  • Knowledge of Software Development Process and various DevOps Tools, including:
    • Version control software (Git preferred)
    • Build and release tools (Azure DevOps preferred)
    • Automated Testing Tools (JMeter, Katalon and Selenium preferred)
    • Container and orchestration technologies (Docker, Kubernetes)
    • Monitoring Software (Splunk, Elasticsearch)
  • Curious mind and a willingness to help feed the world
  • Experience living in a country/region where we work is desired, but not a requirement
  • Willingness to commit to the position for at least two years
  • Language: English

PREFERRED START DATE

As soon as possible

LOCATION

Kigali, Rwanda

COMPENSATION

Commensurate with experience

PERKS

  • Health insurance, housing, and comprehensive benefits including professional development and personal travel allowances
  • 5 weeks leave
  • Flexible work from home policy
  • Flexible Bring-Your-Own-Device policy with laptop allowance
  • Free-lunch Fridays and regular happy hour nights
  • A rare opportunity to make an impact in the world by working with a top-ranked social enterprise!

SPONSOR INTERNATIONAL CANDIDATES

Yes. East Africans are strongly encouraged to apply.




Note: Please submit a Resume/CV, not exceeding more than 1-2 pages, which includes, Education, Work Experience, Specialized/Technical Skills, Achievements/Awards and any other Experience (Volunteering, Extracurriculars, etc). References do not need to be included, and will only be required upon request, after the final interview

One Acre Fund never asks candidates to pay any money or pay for tests at any stage of the interview process. Official One Acre Fund emails will always arrive from an @oneacrefund.org address. Please report any suspicious communication here (globalhotline@oneacrefund.org), but do not send applications or application materials to this email address.

We are committed to equal employment opportunity regardless of race, color, ancestry, religion, sex, national origin, sexual orientation, age, marital status, disability, gender, gender identity or expression. We are proud to be an equal opportunity workplace

APPLY NOW




 

Gusenga birahagaritswe mu Rwanda kubera Coronavirus

0

Amateraniro, misa ndetse n’Andi masengesho asaba guteranira hamwe yamaze guhagarikwa murwego rwokurushaho gukumira icyorezo cya coronavirus nkuko bimaze gutangazwa na Minisitiri w’ubuzima mukiganiro yatangiye kuri radio  Rwanda mumakuru y’ikinyarwanda yatambutse kumanywa y’uyumunsi kuwa 14 Werurwe 2020.




Ibi bikaba byatangajwe nyuma gatoya yuko iyi minisiteri yemejeko umuntu wambere yamaze kwemezwamo indwara ya coronavirus, ubwo yamaraga gufatwa ibizamini nyuma yokujya kwivuriza mubitaro bya Kibagabaga mumugi wa Kigali.




Minisitiri w’ubuzima akaba yavuzeko irihagarikwa ry’amateraniro y’amasengesho rizamara ibyumweru bibili uhereye kuri  iki cyumweru ndetse akomeza agira abanyarwanda inama yo  gukomeza kwita kungamba z’ubwirinzi zirimo kureka ingendo zitari ngombwa, gucaracara mumasoko n’ibindi.




Umurwayi wambere wa Coronavirus mu Rwanda yabonetse

0

Ibinyujije kurukuta rwayo rwa Tweeter, Ministeri y’ubuzima murwanda imaze kwemezako umurwayi wambere wa coronavirus yamaze kuboneka.




Uyu akaba ari umuhinde waje mu Rwanda aturutse i Mumbayi taliki ya 8/03/2020. Nkuko iyi Ministeri yabivuze, uyu muhinde ntabimenyetso yagaragazaga ubwo yageraga mu Rwanda, icyakora akaba yarahise yishyikiriza abaganga ngo asuzumwe, akaba rero yarasanganywe iyi ndwara ku italiki ya 13/03/2020 nyuma yogukorerwa ibizamini.

Ministeri y’ubuzima ikaba itangazako uyumurwayi yahise ashyirwa ahe wenyine ngo akomeze yitabweho icyakora ikanavugako ameze neza.




Inzego z’ubuzima zikaba zikomeza gukangurira abanyarwanda gukomeza gushyira mubikorwa ingamba zokwirinda iki cyorezo mugihe hakomeje gukurikiranwa aho uyumurwayi yanyuze hose ngobarebeko  ntawundi yaba yaranduje.




CORONAVIRUS: Ibyo ugomba kuzirikana

0

Bakunzi b’amarebe.com, ntidushidikanyako mwamaze kumenya byinshi kucyorezo CORONAVIRUS kimaze kunyeganyeza isi kandi gikomeje guhangayikisha ibihugu byose kubera abo gihitana ndetse n’umubare w’abacyandura ukomeje kwiyongera.




Twifashishije inyandiko n’ubushakashatsi bw’impuguke zinyuranye muby’ubuzima , twabateguriye inshamake z’ibyo ugomba guhora uzirikana kuri iyi ndwara ngo bigufashe gukaza ubwirinzi bwawe, ubw’umuryango wawe ndetse n’abo muhura muri rusange.

Iyi nkuru iradusobanurira murimake iyindwara, uko yandura, uko yirindwa ariko cyane cyane n’ibimenyetso by’uyirwaye.




Iki cyorezo gishobora gufata inyamaswa ndetse n’abantu, bakaba bagira ibibazo by’ubuhumekero byoroheje bishobora nogukomera kugeza kurupfu.




Nkuko bitangazwa na Santé magazine, ikinyamakuru cyandikirwa mubufaransa, iki cyorezo ni kunshuro ya 3 kigaragaye kuko mumwaka wa 2002- 2003  ndetse no muri 2012 -2013 cyabonetse mugihugu cy’ubushinwa  ndetse nomubihugu by’uburasirazuba bwohagati.




Izi nshuro zikaba zarakurikiwe n’iyi ndwara yagaragaye mugihugu cy’ubushinwa guhera mumpera z’umwaka wa 2019.

Iyi ndwara yandura ite?




Iyindwara ikomoka munyamaswa arinazo zigira virusi iyitera, hanyuma zikaba zibasha kuyanduza abantu, by’umwihariko iki cyorezo kikaba cyarabonetse muducurama.




Abantu rero bakaba bashobora kwanduzwa n’izi nyamaswa igihe bazikozeho cyangwa baziriye.




Uretse kandi kuba wakwanduzwa n’inyamaswa, umuntu nawe ashobora kwanduza undi igihe amukozeho, amukororeye iruhande, amupfuniye iruhande n’ibindi byose byatuma wegerana cyane n’uyirwaye (munsi ya metro hagati yanyu) nko gusomana, guhana ibiganza, no gukoranaho mubundi buryo kandi utikingiye bihagije.




Ibukako kandi ushobora kutanduzwa n’inyamaswa, cyangwa namugenzi wawe ariko ukanduzwa naho wakojeje intoki igihe harihakozwe nuyirwaye, hanyuma ukaza kwikora mumaso, kumazuru , kumunwa n’ahandi.




Ibi rero birasobanura impamvu : utagomba kwikoraho igihe intoki zawe zidasukuye; ugomba gukaraba intoki kenshi n’isabune, gupfuka kumunwa igihe ukorora, kudasomana cyangwa ngo utange ikiganza igihe usuhuzanya.

Ibimenyetso by’ibanze.




Nubwo umurwayi ashobora kugaragaza n’ibindi bimenyetso, ariko muburyo rusange uwanduye coronavirus arangwa no kugira umuriro, umunaniro ndetse n’inkorora. Ibi bishobora gukurikirwa nokuribwa umutwe ndetse nokunanirwa guhumeka neza.




Kuberako ibimenyetso byinshi iyindwara ibihuje na grippe isanzwe, nibyiza gukoresha ibizamini igihe wikekaho icyi cyago.

Abashakashatsi bakaba bavugako 1.5 – 3.5 % gusa by’abanduye iyindwra aribo bafite ibyago byoguhitanwa nayo. Kuberako ubu ntarukingo cyangwa imiti yihariye biragaragara, abantu barakangurirwa kwita kungamba zokwirinda nkuko twazivuze haruguru.




Iki cyorezo gihagaze gute ku isi?




Nubwo imibare ihindagurika burikanya, muminsi 2 ishize habarurwaga abanduye bagera kubihumbi 125 518 ndetse n’abapfuye bagera kubihumbi 4 617 biganjemo abomugihugu cy’ubushinwa.

Ibihugu bigera ku 116 mumigabane itanu yose nibyo byagezwemo n’iki cyorezo, ariko ibyashegeshwe cyane akaba ari ubushinwa, Ubutariyane, Irani; Korea y’epfo ndetse na Espagne.




2 Job Opportunities at IntraHealth: Deadline:March 18,2020)

0

Job Opportunites

1. SubAward & Grants Manager – Job Opportunit

Description




Why Choose IntraHealth

At IntraHealth, we are a global team of creative, committed humanitarians on a mission. We are advocates, technologists, health workers, and communicators. Program officers, finance experts, and technical leaders. We are passionate and diverse. And we’re united in our belief that everyone everywhere should have the health care they need to thrive. That’s why we work every day to improve the performance of health workers around the world and strengthen the systems in which they work.

For almost 40 years in over 100 countries, IntraHealth has partnered with local communities to make sure health workers are present where they’re needed most, ready to do the job, connected to the technology they need, and safe to do their very best work. Our programs are designed with a deep understanding of and appreciation for the context of human rights, gender equality and discrimination, economic empowerment, and changing populations. And the longstanding relationships we’ve built with government agencies, private-sector partners, and members of civil society make our efforts stronger and more effective. Join us and together we can make lasting changes in global health—for all of us.

SUMMARY ROLE




Reporting to the Chief Finance & Admin Officer, the Subaward/Grants Manager will provide financial and administrative oversight in the management and monitoring of all sub-recipients under the Ingobyi Activity. He will review and negotiate awards, subawards, MOUs, and procurements on behalf of IntraHealth and provide training and advise staff on donor rules and regulations and IntraHealth’s policies and procedures.
The Subaward/Grants Manager will coordinate closely with Contract & Grants and Programs staff at IntraHealth’s HQ and/or regional offices.

ESSENTIAL FUNCTIONS




• Draft and negotiate incoming and outgoing legal instruments and modifications (pre-teaming, grants, cooperative agreements, contracts, subawards/ subcontracts, service and/or consultant agreements, leases, memoranda of understanding, purchase orders, etc.), ensuring the applicable flow down of donor requirements, in consultation with IH HQ.

• Coordinate execution of outgoing subawards and modifications in accordance with Contracts and Grants procedures and the Delegation of Authority/Signature Authorization for Agreements.

• Maintain and apply knowledge of donor rules and regulations (including but not limited to the Uniform Guidance/2 CFR 200/45 CFR Part 75, USAID Mandatory Standard Provisions, FAR, AIDAR) and advise and provide training to implementation teams on best practices, compliance and risk management, and mitigation strategies and tools.

• Assist global counterparts and project teams with pre-subaward risk assessments for sub-recipients and subrecipient monitoring activities.

• Provide procedures, tools and training as needed and monitor implementation of subrecipient monitoring plans.

• Review all subaward reports monthly and certify data annually to ensure accuracy of data for accounting and audit purposes.
• Conduct regular site visits to track sub-recipients progress, measure performance, and ensure accountability, in accordance with the established subrecipient monitoring plan and document appropriately.

• Assist the sub-recipients in identifying program/operational/financial management challenges or concerns, and direct the sub-recipients to the appropriate assistance channels as needed.

• Support the subrecipients with monthly cost share submission and review for accuracy and completeness.

• Monitor and communicate budget performance variance monthly for the subrecipients.

• Review annual sub-recipients work plans and budgets for consistency with overall program goals and objectives, alignment with donor technical and spending requirements, feasibility, and cost-effectiveness.

• Maintain an active dialogue with the sub-recipients and provide timely response to their inquiries.

• Prepare and submit grant management reports to the project’s leadership team through both formal and informal debriefings, annual, and semi-annual reports.

• Maintain confidentiality of all privileged information regarding both human resource and fiscal matters.

MINIMUM REQUIREMENTS:
• Master of Business Administration or related field is required.
• 5 years of professional experience in grants management in the NGO sector is required
• CPA or its equivalent
• Experience managing large U.S. Government grants
• Knowledge of U.S. Government rules and regulations
• Strong communication and interpersonal skills, as well as proven capacity building abilities
• Proven ability to develop and communicate a common vision among diverse partners and the ability to lead multidisciplinary teams
• Computer literate in MS Office (Word, Excel, Outlook)
Working Conditions/Physical Requirements
• Minimum noise levels in an office environment
• Ability and willingness to travel domestically/ internationally up to xx%
• Position is based in an office, requiring sitting at a desk most of the day
• Requires lifting of 0-10 lbs. occasionally or as needed.

Competencies
• Innovation-Develops new, better or significantly different ideas, methods, solutions or initiatives that result in improvement of IntraHealth’s performance and meeting objectives, results and global commitments.

• Accountability – Holds self and others accountable for all work activities, research and personal actions and decisions; follows through on commitments and focuses on those activities that have the greatest impact on meeting measurable high-quality results for IntraHealth’s success. Exercises ethical practices, respectful words and behaviors, and equitable treatment of others in all activities.




• Service Excellence – Knowledge of and ability to put into action customer service concepts, processes, and techniques to access internal and/or external client needs and expectations and meet or exceed those needs and expectations through providing excellent service directly or indirectly.

• Client Relationship Management – Knowledge and ability to determine and satisfy current client needs and maintain a partnering relationship during engagements; includes influencing, communicating, presenting, facilitating, Build and manage new relationships and collaborative alliances.

• Strategic Thinking – Applies organizational knowledge to identify and maintain focus on key success factors for IntraHealth while recognizing, anticipating and resolving organizational challenges. Ability to develop organization- and industry-specific expertise and apply sound decision-making processes to reach productive resolutions that translates strategy into actionable business plans.

 Business Acumen – Knowledge, insight, and application of business concepts, tools, and processes that are required for making sound decisions in the context of IntraHealth’s business; ability to apply this knowledge appropriately to diverse situations; including supporting, identifying, assessing, and/or securing new business for the organization.

• Effective Communication (Oral and Written) – Understands effective communication concepts, tools, and techniques; ability to effectively transmit, explain complex technical concepts in simple, clear language appropriate to the audience; and receive, and accurately interpret ideas, information, and needs through the application of appropriate professional communication behaviors





Summary of Benefits

IntraHealth International, Inc. is a great place to work and prides itself on its comprehensive benefits package. We offer competitive salaries and a dynamic inclusive work environment which supports health workers, so they can improve the lives of people throughout the world.

IntraHealth International is proud to be an equal opportunity employer. All qualified applicants will receive consideration for employment without regard to race, color, religion, sex, sexual orientation, gender identity, national origin, disability status, protected veteran status, or any other characteristic protected by law, and requires affirmative action to ensure equality of opportunity in all aspects of employment. This is also to include inquiry about, disclosing, or discussing their compensation or the compensation of other applicants or employees.

To apply and learn more about IntraHealth Careers @: http://www.intrahealth.org/section/careers
Learn more about “Who We Are” @: http://www.intrahealth.org/section/about-us1

APPLY NOW

2. Administrative & IT Intern – Internship Opportunity




For almost 40 years in over 100 countries, IntraHealth has partnered with local communities to make sure health workers are present where they’re needed most, ready to do the job, connected to the technology they need, and safe to do their very best work. Our programs are designed with a deep understanding of and appreciation for the context of human rights, gender equality and discrimination, economic empowerment, and changing populations. And the longstanding relationships we’ve built with government agencies, private-sector partners, and members of civil society make our efforts stronger and more effective. Join us and together we can make lasting changes in global health—for all of us.

SUMMARY OF ROLE




IntraHealth seeks an Admin & IT Intern for the USAID Ingobyi Activity. The Ingobyi Activity supports the Ministry of Health (MOH) to contribute to the reduction of infant and maternal mortality and incidence of malaria in Rwanda, focusing on improving the availability, quality, and utilization of RMNCH and malaria services and improving the health of women, adolescents, and children under five. The Administrative & IT Intern will assist the Administration Team to deliver day-to-day administrative & IT support to the Ingobyi office and its employees. The duration of this internship is for three (3) months period with the possibility to be extended for another period of three (3) months depending on Intern’s performance and availability of funds.

The internship offers the Intern an opportunity to apply knowledge and skills learned from a training institution in a real-world setting.. Therefore, the Intern is not entitled to wages or a promise of employment at the completion of the internship period. The activities carried out during the internship must be in conformity with the IntraHealth International Rwanda Office’s mission and goals, as well as the mental and physical capabilities of the Intern.

ESSENTIAL FUNCTIONS

Administration support

IT Support

User support & client systems




Assist IT officers to set up and management of desktops, laptops, printers, and phone handsets.
Assist IT officer in the provision of Level 1 user support (diagnosis and resolution of basic desktop/laptop, printer, peripheral and software faults).
Channel service requests and follow up as necessary.
Perform any other tasks as assigned by the supervisor.

Qualifications and requirements:

Fresh graduates – graduated within the last two years.
Bachelor’s degree in Informatics & Management
A minimum of a second-class division.
Rwandan by nationality.
Good communication skills in English and/or French – knowledge of both languages is an asset.
Current enrollment in a medical insurance scheme.

How to apply

Applications must be sent to the Chief of Party via email:  HR-Rwanda@intrahealth.org with “Admin & IT Intern” in the subject line, no later than March 17, 2020, NB: receiving and shortlisting of applications, interviews, and practical tests will be conducted on a rolling basis.

The application file should be submitted in one PDF file that combines:




Motivation letter and updated CV which has 3 professional references, including current and previous direct supervisors with their full names, phone number, and email address.
Notarised academic degrees.
Copy of medical insurance card.
Proof of completed assignments if any.

IntraHealth International is proud to be an equal opportunity employer.  All qualified applicants will receive consideration without regard to race, color, religion, sex, sexual orientation, gender identity, national origin, disability status, protected veteran status, or any other characteristic protected by law, and requires affirmative action to ensure equality of opportunity in all aspects of employment and consultancies.

Only applicants fulfilling the above requirements will be contacted. If you don’t hear from us within one week from the submission deadline, consider your application unsuccessful.




Misa zahagaritswe kugeza kuwa 3/04/2020 mu gihugu cy’Ubutaliyane.

0

Nyuma yuko igihugu cy’ubutaliyane  kibaye mubihugu byibasiwe cyane n’icyorezo cya coronavirus kurenza ibindi ku isi, iki gihugu cyagerageje gushyiraho ingamba zinyuranye zirimo gufunga amashuri , gusaba abantu kuguma murugo n’izindi.




Nubwo bimeze bityo, icyo cyorezo gikomeje guhangayikisha inzego zitandukanye  kugeza n’aho ubuyobozi bwa Kiriziya Gatoroka muri icyo gihugu bwafashe icyemezo cyo kuba buhagaritse misa ndetse n’indi mihango ya Kiriziya ihuza abantu benshi, murwego rwogukomeza gushyira mubikorwa ingamba zashyizweho na Leta y’ ubutaliyane zogukumira iki cyorezo.




Iki cyemezo kikaba  kivugako ihagarikwa rya misa rizageza ku italiki ya 3 Mata 2020  nkuko byatangajwe n’ikinyamakuru Vatican News  kimwe mubinyamakuru byandikirwa i Vatican munkuru yacyo yo kuwa 9 Werurwe.




Nubwo ubuyobozi bwa Kiriziya bubibona ko irihagarikwa ribangamiye cyane Kiriziya yaba abapadiri ndetse n’abakirisitu, ariko bavugako bagomba gufasha Leta mukurwanya nogukumira iki cyorezo.




Muri ikigihe cyoguhagarika misa, abakirisitu bakaba bashobora ujya bagera kuri za kiriziya muri gahunda z’umwihariko  ariko bakajya basiga nibura metero imwe hagati yaburi mukirisitu n’undi murwego rwogukomeza kwirinda.




Iki cyemezo kikaba gifashwe mugihugu cyose nyuma yuko gifatwa mumadiyoseze amwe akomeye muri iki gihugu aho guhera mumpera z’ukwezi kwa Gashyantare misa zakorwaga hifashishijwe ikorana buhanga abantu bategeranye.

Ububuryo bukaba burimo gukoreshwa mugihugu hose detse no muri Vatican kwa PAPA.

Ibi kandi bikaba bibaye mugihe nomu Rwanda kiriziya  Gaturika ikuyeho ibimenyetso bimwe nabimwe nk’amazi y’umugisha ndetse nokwifurizanya amahoro mugihe cya misa nk’imwe mungamba zogukumira icyorezo corona virus.

 




Imyanya 22 y’akazi mukarere ka Muhanga kubantu bafite A2 mubyo aribyo byose ndetse na A1/A0 muri Social Sciencies, Arts Sciencies: Deadline:17/Mar/2020

1

  • 1. DASSO: (16)

CLICK HERE TO APPLY




2. 6 Executive Secretary of the Sector at Muhanga District: Deadline:17/Mar/2020 (6)

CLICK HERE TO APPLY

Indi myanya wareba:

Imyanya 29 y`akazi muri RBC kubantu bize:General Medicine, Nursing, Public Health, Global Health, Epidemiology,Global…

 




AKAZI

20 Jobs of AVoHC Kofi Annan Scholars Program – Strategy Development Expert (AfCDC)...

Purpose of Job In June 2015, the Assembly of the African Union Heads of State and Government, through Decision AU/Dec.570 (XXV), mandated the African Union Commission (AUC), in collaboration with Member States and partners, to...

50 Internship Program opportunities at AU: December 31, 2026

U Recruitment Team Organization Information The African Union, established as a unique Pan African continental body, is charged with spearheading Africa’s rapid integration and sustainable development by promoting unity, solidarity, cohesion and cooperation among the peoples of...

100 SALES AGENTS AT SALADMASTER RWANDA. Deadline:09/03/2026 (LAST REMINDER)

SALADMASTER RWANDA: 90 DAY JOB CHALLENGE Now Hiring | 100 Positions Only | Rwanda-wide Are you confident, educated, and ready to take on a real challenge? Saladmaster Rwanda is looking for 100 driven individuals to join...

7 Job Positions of Project Manager at Raising The Village | Ngororero :...

Job Description About Raising The Village We are Raising The Village (RTV) – an international development organization and a registered charity – on a mission to end ultra-poverty in sub-Saharan Africa. Raising The Village is a fast-growing organization...

Health Education Officer at Alight | Kigali:Deadline: 19-03-2026

VACANCY – HEALTH EDUCATION OFFICER  COUNTRY PROGRAM MISSION: Alight Rwanda, formerly known as the American Refugee Committee, has been a key player in delivering impactful humanitarian programs since 1994. Operating in all five refugee camps in...