Ntibisaba kuba wumva neza IGISWAYIRE ngo uryoherwe n’iyi ndirimbo. Turayibatuye muri iyi Weekend

0
443

Ndabiziko duhuriye kucyifuzo cyo kugira weekend nziza nyuma y’iminsi 5 iba itoroshye, iba yuzuyemo intambara zitandukanye zo gushaka ubuzima,akazi kagoye, kwitegura kujyana abana mumashuli ndetse n’izindi strangles zitandukanye.

Amarebe yahisemo kugutura aka karirimbo IJISHO RY’IMANA y’itsinda  SAUTI  HEWANI MINISTRIES.

Kagushimishe, kagufasha kuruhuka Kandi kakongerere imbaraga wibukako ibyacu byose Imana Ibizi Kandi ko nta kure wagera Itagukura Kandi ko nta n’ubuzima wabamo Itaguhindurira.

Kanda hano urebe aka karirimbo










LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here