Categories: UTUNTU DUTANGAJE

Mundeke nigire ikuzimu….Indirimbo itangaje!

Mugihe usanga  abantu hafi yabose baririmba ndetse bifuza kujya mu ijru kugeza aho byabateranya igihe waramuka ubwiye umwe muribo ko atazarijyamo; biratangaje cyane kubona abantu bishyize hamwe bo bakaririmba ko barimo bigira ikuzimu, ndetse bakanasabako hatagira umuntu ubangamira urugendo rwabo!




Aba ntabandi ni itsinda ry`abaririmbyi ryitwa AC DC  ryo  mugihugu cya Austrariya, riririmba indirimbo zo munjyana ya Rock, ariko ibitangaje bikaba biri by`umwihariko mundirimbo yabo bise  Highway to hell (Ugenekereje wavugako ari inzira ngari igana ikuzimu).
Iyumvire amwe mumagambo akomeye baririmbye bati:

Kubaho neza , kubaho mumudendezo, ni ukugira itike yo kuzajyayo.
Ntakindi nsabwa, mundekere umutuzo wanjye, byose ndabyimenyera.
Ntampamvu yindi nshaka, ntakindi nakora Uretse kumanuka!
Igihe cy`ibirori  nikigera, inshuti zanjye nazo zizajyayo.
Ngiye ikuzimu, Ntabyapa bimbuza gutambuka cyangwa se binsaba kugenda gahoro.
Ntawampagarika, ntawambangamira.
Satani, nishyuye amadeni yanjye yose, Naririmbye mu itsinda rya Rock.
Mama, ndeba, ngiye mugihugu cy`isezerano! Ngiye ikuzimu………Ntimumbuze!
Ngiye kumanuka ngere kundiba (Hasi cyane)……



Nubwo iyi ndirimbo idasobanurwa kimwe, hari abavugako aba baririmbyi baririmbye bashaka kuvuga umuhanda umwe womuri iki gihugu cya Austrariya, wahitanaga abantu benshi bawutwaragamo imodoka kubera ukuntu wari uteye nabi bigatuma ufata akabyiniriro ka High way to Hell cyaneko banavugako mubaguye muri uyu muhanda harimo n`umwe mubaririmbanaga nabo.
Icyakora hari nabavugako ayamagambo y`aba baririmbyi yaba afitanye isano n`imikorere yihishe ya Satani aho abantu bamwe basigaye biyemererako ari abakozi be kumugaragaro!!

Ibi  byose rero bikaba bisabako abakunda indirimbo bajya bagenzura neza ibisobanuro byazo cyane cyane bagasobanuza iziba ziri mundimi batamenyereye cyangwa batumva.



admin

Recent Posts

Executive Administrative and Events Coordinator at Rwanda Institute for Conservation Agriculture (RICA) | Bugesera :Deadline: 28-05-2024

The Rwanda Institute for Conservation Agriculture (RICA) is a unique and innovative English language undergraduate…

60 mins ago

DRIVER JOB POSITION AT PMC FOR SFVCM PROJECT:DEADLINE:26.05.2024

  Job Title: Driver at PMC for SFVCM project. Company Name: PMC Location: Kigali –…

9 hours ago

Imyanya y`akazi igera ku 170 (A2,A1;A0,Master`s; Ubushofeli,…) mubigo no mumashami bitandukanye itararangiza ihigihe: Yegeranijwe kuwa 19/05/2024

Kanda kumwanya wifuza kudepozaho urebe amakuru yose ajyanye nawo: 50 Job positions of Call Centre…

1 day ago

5 Job Positions at Project Accountant at Benishyaka | Kigali :Deadline: 04-06-2024

Click on the Job position of your choice for details: 2 Job Positions of Field…

1 day ago

IT and communication Officer (under the project : AI and IoT Applied research commercialization through Incubation and Innovation Hub): Deadline:

4. APPLICATION PROCEDURE Interested and qualified candidates should submit their applications online to the following…

1 day ago

ITANGAZO RYO KWEGURIRA URUGANDA RW’IMYUMBATI RW’AKARERE KA NGORORERO ABIKORERA: Deadline: 03/06/2024 Saa kumi n’imwe (17h:00) za nimugoroba

ITANGAZO RIHAMAGARIRA BA RWIYEMEZAMIRIMO GUPIGANIRWA URUGANDA RW’IMYUMBATI RW’AKARERE KA NGORORERO Mu rwego rwo gushyira mu…

1 day ago

This website uses cookies.