Itangazo ryo kumenyesha impinduka ku ikorwa ry`ikizamini cy`akazi mumujyi wa Kigali

0
3108

Bubicishije kumbuga zitandukanye;Ubuyobozi bw`umujyi wa Kigali buramenyesha abakandika bose bari kuzakora ibizamini kumyanya ya Executive Secretary of the Cell and Economic and Human capital kuwa 06/12/2022 ko kubera impamvu zitunguranye icyo kizamini gisubitswe. Indi taliki n`aho ikizamini kizakorerwa bikazamenyeshwa murindi tangazo.

Soma itangazo ryose hano:

Kanda hano usome iri tangazo kurubuga rw`umujyi wa Kigali










LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here