Itangazo rya RP rigenewe abasabye akazi ko kwigisha mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro(RP/IPRCs)

0
1856

Kibicishe kurubuga rwacyo, ikigo cyigihugu gikurikirana ibyamashuli yimyuga nubumenyi  ngiro (Rwanda Polytechnic), kuri uyu wakane taliki ya 14 Mutarama 2021, kimaze gusohora itangazo rimenyesha abantu bose basabye imyanya y` akazi ko kwigisha mu mashuli yavuzwe haruguru (RP/IPRCs) ko urutonde rwabo ruzatangazwa mucyumweru gitaha aho kuba muri iki nkuko byari byitezwe nabenshi.

Kanda iyolink yohasi  wisomere itangazo ryose

Itangazo rigenewe abasabye akazi ko kwigisha mumashuri y imyuga n` ubumenyingiro




LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here