Itangazo rireba abantu Bose ku isanwa ry’umuhanda uva ahahoze Gereza Nkuru ya Kigali (1930) kuva 09/09/2024

0
772

Ubicishike kurukuta rwawo, umujyi wa Kigali wamenyesheje abantu Bose ko Guhera ku wa Mbere tariki 09 Nzeri 2024, hateganyijwe imirimo yo gusana umuhanda uva ahahoze Gereza Nkuru ya Kigali (1930) kugera mu masangano y’imihanda (Rond Point) yo mu Mujyi.

Soma itangazo ryose rikurikira:

Kanda hano usome iri tangazo kurukuta rwa X rw’umujyi wa Kigali.

 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here