Itangazo kumpinduka mu buyobozi bukuru bw’Igisirikare cy’u Rwanda zo ku wa Gatanu tariki ya 04 Kamena 2021

2
1622

Nkuko bikubiye mu itangazo rya Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda , Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yakoze impinduka mu buyobozi bw’ingabo z’u Rwanda,kuwa Gatanu tariki ya 04 Kamena kuburyo bukurikira:

  1. Major General Mubarakh MUGANGA yahawe ipeti rya Lieutenant General anagirwa Umugaba Mukuru w’Ingabo zirwanira ku butaka
  2. Lieutenant General Jean-Jacques MUPENZI yagizwe Umugaba mukuru w’Ingabo zirwanira mu Kirere.
  3. Major General Emmanuel BAYINGANA  yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda










2 COMMENTS

  1. Comment: nkunda gahunda mugira yo kutumenyesha amakuru gusa nifuza ko bishoboka ku rubuga rwa watsapp mwakwagura service natwe tukaba twabasha kujya twandika cg ukeneye umukozi akabinyuzaho

    • Urakoze kugitekerezo cyawe, gusa turakumenyeshako buriya buryo bw`imikorere ya whatsap twayihisemo mukwirinda abatagira gahunda kumagoups atandukanye.

      Iyo ufite igitekerezo cy itangazo ry`akazi unyura mugikari (0733045682 cyangwa 0783744622 zose ziri kuri whatsapp) hanyuma tukavugana uko tubikora

      Urakoze

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here