Isoko ryo kugurira abana 246 boots(Bote) na Rain coats( Amakote y’imvura) bo muri EPR Paroisse Bihembe :Deadline: 25-01-2022

0
1593

ITANGAZO

Ubuyobozi bw’itorero EPR Paruwase ya Bihembe iri mu karere ka Rwamagana umurenge wa Nyakariro ifite umushinga RW0584 Bihembe uterwa inkunga na compassion international uramenyesha abantu bose babyifuza kandi babifitiye ubushobozi ko wifuza gutanga isoko ryo kugurira abana 246 Barihagati y’imyaka 5-12  boots(Bote)  na Rain coats ( Amakote y’imvura) byo kwifashisha mugihe cy’imvura, Ababyifuza bakwandicyira ubuyobozi bwa EPR Paruwase Bihembe.

Ibisabwa n’ibi bikurikira:

  1. Ibaruwa isaba Isoko
  2. Kuba afite register de commerce yatanzwe na RDB
  3. Kuba ari muri TVA
  4. Kuba atanga inyemeza buguzi ya E.B.M
  5. Icyemezo cya RRA kigaragaza ko ntamwenda ayifitiye
  6. Icyemezo cya RSSB kigaragaza ko ntamwenda ayifitiye
  7. Ibyemezo 3 bigaragaza aho yakoze ako kazi neza
  8. Gutanga compte ihuye nibyangobwayatanze
  9. Facture proforma
  10. Photocopy y’irangamuntu,
  11. Kubayemera cg yarigeze gusinya amasezerano yo kurwanya ihohoterwa kumwana

N.B: a) Ibyo byangombwa twavuze haruguru bagomba kubyohereza  biri muri zipped (forder) kuri email zikurukira :

      – rw584bihembe@gmail.com

       – RKobusingye@rw.ci.org

  b) Sample izatangira gusurwa guhera kuwa 13/01/2022 ku biro by’umushinga RW0584 Bihembe mu masaha y’akazi

Gufungura amabahasha kumugaragararo ni kuwa 25/01/ /2022 saa tatu za mugitondo ku cyicaro cy’umushinga. Ukeneye ibindi bisobanuro yahamagara kuri 0784617736

 

Umushumba wa paruwase ya Bihembe

Pastor NDAGIJIMANA J.Paul

Attachement: itangazo-ryisoko-rw0584-bihembec6377c27548761502cdc701919e6750a

[1]Imyanya yose y`akazi ndetse n`amakuru yose anyura kurubuga amarebe.com ni ubuntu.Usaba akazi/ishuli ntasabwa ikiguzi icyo aricyo cyose ngo adepoze. Nubwo amarebe Team ikora ibishoboka byose ngo … Continue reading

 










ICYITONDERWA

ICYITONDERWA
1 Imyanya yose y`akazi ndetse n`amakuru yose anyura kurubuga amarebe.com ni ubuntu.Usaba akazi/ishuli ntasabwa ikiguzi icyo aricyo cyose ngo adepoze. Nubwo amarebe Team ikora ibishoboka byose ngo itange amakuru yizewe; Turabamenyeshako 100% ari inshingano z`ushaka akazi kugenzura ndetse nokwifatira icyemezo cyo kudepoza akanitegura kwakira igisubizo kizava mubusabe bwe. Genzura neza mbere yo kudepoza kandi niwumva ushidikanya kuri ayo mahirwe wikwirirwa udepoza. Icyakora natwe wahita utumenyesha ukoreshe email yacu “amarebecweb@gmail.com” kugirango natwe tubashe gukurikirana. Turakwibutsa kutagira ikiguzi nakimwe utanga mugusaba akazi cyangwa andi mahirwe anyura kurubuga rwacu.Nubikora, uzabikore kugiti cyawe

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here