Inkuru nziza kubifuza kwiyandikisha kumpushya zo gutwara ibinyabiziga

0
7833

Nkuko tubikesha ikinyamakuru rba.co.rw Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yavuze ko tariki 19 Ugushyingo,abashaka gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga bazabona itandukaniro muri serivise barahabwa ugereranije n’uko byagiye bibagendekera mubihe byabanje.

Uyu muyobozi kandi yabwiye abashaka kwiyandikisha ko uyumunsi 19/11/2022 guhera samunani z’amanywa kwiyandikisha biraba bikunda kandi ko yizeye ko imbogamizi zariho zamaze gukemurwa kandi Kuburyo burambye.

Kanda hano usome inkuru yose kuri rba.co.rw




Isubukurwa ryo kwiyandikisha gukorera impushya zo gutwara ibinyabiziga kandi ryagarutsweho na Polisi y’igihugu aho ibinyujije kurukuta rwayo rwa Tweeter ya gize iti” Muraho, Turabamenyesha ko kwiyandikisha gukorera uruhushya rw’agateganyo kuri mudasobwa bizasubukurwa guhera kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 19 Ugushyingo 2022, saa 14h00 ku buryo buhoraho. Uwiyandikisha anyura ku rubuga irembo.gov.rw hanyuma agahitamo aho ashaka.”

Kanda hano usone iri tangazo kuri Tweeter ya Polisi







LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here