Ubinyujije kurukujta rwawo rwa X, Umujyi wa Kigali watangaje inkuru nziza ku bakeneye ibibanza byo kubaka. Wagize uti
” Abakeneye ibibanza byo kubaka tubafitiye inkuru nziza. Mu Karere ka Gasabo twungutse izindi site 9 zifite ibibanza hafi ibihumbi 40, zemejwe na Njyanama. Ibyiza byo kugura ikibanza muri site zemejwe ni uko uba ushobora guhita wubaka bijyanye n’icyo hateganyirijwe, bityo ukaba utanze umusanzu wawe mu ishyirwa mu bikorwa ry’igishushanyo mbonera cya Kigali”
Kanda hano usome iyi nkuru kurukuta rwa X rw`umujyi wa Kigali