Ibisabwa ndetse n`inshingano kubifuza kuba abakarani b`ibarura

0
5874

Binyujijwe mu ibaruwa ikigo cy`igihugu gishinzwe ibarurisha mibare mu Rwanda ( NISR) cyandikiye abayobozi b`uturere twose kibasaba ubufatanye mugikorwa cyo gushaka abakarani b`ibarura mu ibarura ry`imirimo n`aho ikorerwa rya 2023, iki kigo cyashyize ahagaragara ibyo umukarani agomba kuba yujuje ndetse n`inshingano ze nkuko bigaragara mu ibaruwa ikurikira:

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here