ESE WARUZI KO IGIHUGU GITO KW’ISI KITANGANA N’UMUDUGUDU WOWE UTUYEMO?

0
3456

Biragoye cyane kubyumva ko hari igihugu hano kw’isi nibura kingana n’umudugudu wa hano iwacu mu Rwanda, ariko kirahari cyitwa Vatikani. Muri iyi nkuru, twaguteguriye iby’ingenzi kuri iki gihugu.

Benshi bahita ku butaka butagatifu kuko iki gihugu cya Vatikani nicyo gihagarariye kiriziya gaturika zose zo kw’isi dore ko gikikijwe na Roma imbere n’inyuma ndetse nomumbibi zacyo zose. Twabibutsako ari nacyo gicumbikiye Papa (Nyirubutungane).




Iyi Vatikani ifite ubuso bungana na 0.44 kilometero kare, mugihe nyamara URwanda rufite ubuso bungana na 26,338 kilometero kare, ubwo bivuze ko dushatse kugabanya inshuro URwanda ruruta Vatikani twasanga zirenga ibihumbi 26000.

Iki gihugu kandi turabibutsa ko giherereye ku mugabane w’uburayi aho ni mugihugu cy’ubutaliyani ndetse kikaba kizengurutswe n’umujyi wa Roma nkuko twabivyze haruguru.

Ugize igitekerezo, ikibazo cyangwa se icyifuzo kunkuru wumva twazagukorera ubutaha, watwandikira muri comment munsi  y’iyi nkuru cyangwa ukiyandikisha ngo ujye ubona inkuru zacu zigisohoka. Sangiza kandi n’abandi ibi nabo barusheho kumenya.




LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here