Bakunzi b’amarebe.com, ntitwaba dukabije tuvuzeko sporo imaze kuba umuco mugihugu cyacu cy’u Rwanda aho usanga abantu baragiye bashyiraho uburyo butandukanye bwo gukora sporo yaba rusange cyangwa se umuntu kugiti cye.
Kunyonga igare nabyo ni imwe muri siporo usanga yitabirwa n’abantu batandukabye nyamara ugasanga hari byinshi mumabanga yayo batajya bamenya. Muri ayo mabanga harimo aya akurikira:
1. Kunyonga igare kenshi byongerera abagore n’abakobwa ubushake bwo gutera akabariro icyakora bikaba ikinyuranyo kubagabo nkuko byemejwe n’abashakashatsi bomuri kaminuza ya San Francisco, mukinyamakuru cyitwa The Journal of Sexual Medicine cyo mukwa 3 2018.
2. Kunyonga igare kenshi kandi bishobora gutera ibibazo bitandukanye bifite aho bihurira n’imiterere y’umugore birimo infection y’urwungano rw’inkari, kubabara igihe cyo gutera akabariro n’ibindi.