Amahirwe yo gupiganira gucunga amavuriro 19 y`ibanze (Health Posts) mukarere ka KIREHE: Deadline:24/03/2025

0
1006

Bubicishije kurubuga rw`Akarere,Ubuyobozi bw`akarere ka KIREHE bwamenyesheje abantu kugiti cyabo, ba Rwiyemezamirimo,Ibigo by`ubucuruzi n`imiryango itegamiye kuri Leta bafite ubushake n`ubushobozi kandi bujuje ibisabwa mugucunga amavuriro y`ibanze ko murwego rwo gukomeza guteza imbere serivisi z`ubuvuzi  zegerejwe abaturage hari amavuriro y`ibanze kurwego rwa mbere  (FGHP)19 yashyizwe  muri gahunda y`ubufatanye bw`inzego za Leta n`abikorera (Public Private community Partnership) .

Kanda hano usome itangazo ryose unarebe ibisabwa










LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here