Akazi k’ubushoferi muri Good Neighbors International-Rwanda: Deadline: 26 Kamena, 2020 saa saba (01H00 PM)

0
1021
KOPERATIVE INDATWA ZA KAMONYI

Koperative INDATWA ZA KAMONYI yatangijwe kuwa 15 Werurwe 2017. Ikaba yarabonye ubuzimagatozi muri uwo mwaka. Ifite abanyamuryango basaga 1,500 Baturuka mu mirenge itatu; Mugina, Rugalika na Nyamiyaga mu karere ka Kamonyi bakaba bahinga mu gishanga cya Ruboroga. Ifite icyicaro mu murenge wa Rugalika. Iyi Koperative ikaba igerageza gushyira imbaraga munmishinga iyayo ibyara inyungu byumwihariko ku bihingwa by’ ingenzi nk’ ibigori n’ ibishyimbo. Muri iki gihe Umuryango utegamiye kuri leta, Good Neighbors International iri gutera inkunga ibikorwa byayo by’ ubuhinzi binyujijwe mu mushinga uterwa inkunga n’ ikigo mpuzamahanga cy’ ubutwererane cya Koreya y’epfo KOICA (Korea International Cooperation Agency)




UMWANYA: Umushoferi

Aho azatura:  umurenge (Nyamiyaga, Rugalika cg Mugina)  mu karere ka Kamonyi

Bikorewe Kamonyi Kuwa on 18 Kanama 2020

Erneste TUYISENGE

Perezida wa Koperative




Uburyo bwo gusaba akazi (kudepoza)

Gusaba akazi;

Abakandida bujuje ibisabwa bakohereza amabaruwa asaba akazi yanditse mu Kinyarwanda, aherekejwe n’ imyirondoro na kopi y’uruhushya rwo gutwara,  bitarenze  kuwa  26 Kamena, 2020 saa saba (01H00 PM) ku Cyicaro  Cya Koperative INDATWA ZA KAMONYI giherereye ku Rugalika ( akagali ka Nyarubuye, Umurenge wa Rugalika akarere ka kamonyi

Bikorewe Kamonyi Kuwa on 18 Kanama 2020

Erneste TUYISENGE

Perezida wa Koperative




 

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here