Izi nama zirakureba niba utega moto mungendo ukora

0
1265

Abinyujije kurukuta rwa X rwa Minisiteri y’ubuzima,mugusubiza bimwe mubibazo byakomeje kwibazwa n’abantu batandukanye mukwirinda virusi ya Marburg,Minisitiri w’ubuzima yibukije abantu ko  iyi Virus ikwirakwira binyuze mu gukora ku matembabuzi y’uyirwaye kandi wagaragaje ibimenyetso. Agira inama abatega moto mu ngendo zabo kugira umuco wo gusukura kasike (casque) mbere yo kuyambara.

Minisitiri w’ubuzima yakomeje anatugira inama zo kwita ku isuku atari iya kasike gusa ahubwo no kwitwararika igihe tugiye ahahurira abantu benshi, igihe ugiye kwicara ahahoze hicawe n’undi;mubwiherero n’ahandi.

Kanda hano ukurikire videwo yose 










LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here