Amahirwe yo gupiganira gukoresha ivuriro ry`amatungo mukarere ka NYAMAGABE: Deadline:04/04/2023 (10h00)

0
1106

Ubuyobozi bw`Akarere ka Nyamagabe buratumirira abantu bose bafite ubushake n`ubushobozi kandi bujuje ibisabwa,gupiganira gukoresha ivuriro ry`amatungo (Proximity Vternary Post) riherereye mumurenge wa Gasaka,Akagari ka Ngiryi,Umudugudu wa Munyege,ryubatswe kubufatanye hagati y`Akarere n`Umushinga ushinzwe guteza imbere ubworozi bw`amatungo magufi ( PRISM) wa Minisiteri y`ubuhinzi n`ubworozi (MINAGRI) ukorera mukigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n`ubworozi mu Rwanda (RAB )

Soma byose mu itangazo rikurikra:

Kanda hano usome iri tagazo kurubuga rw`Akarere  










LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here