Ingendo zirabujijwe guhera sasita z`ijoro: Itangazo ry’Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 13 Ukwakira 2021

0
2859

Kuwa Gatatu Taliki ya 13 Ukwakira 2021, inama y`abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Nyakubwhwa Perezida wa Repubulika y`u Rwanda Paul Kagame. Mubyemezo byayifatiwemo harimo kuba ingendo zibujijwe guhera sasita z`ijoro kugeza sa kumi za mugitondo ndetse ibikorwa byose byemerewe gukora bikazajya bifunga saa tanu z`ijoro.

Ikindi kandi nuko abagenzi bose bakingiwe Covid 19 batazongera bgusabwa kujya mukatommuri Hoteli bakigera mu Rwanda, ko ahubwo bazajya bapimwa Covid 19 hakoreshejwe uburyo bwa PCR bakigera mugihugu.

Ibyemezo byose byafashwe bikaba bitangira gushyirwa mubikorwa guhera bkuwa 14/10/2021.

Soma ibyemezo byose hano

Kanda hanomusome ibi byemezo kurukuta rwa PM office

Click here to join amarebe jobs whatsapp group










LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here